Browsing Category
Ubuzima
Nyarugenge: Jacueline w’imyaka 70 arashimira DASSO yatangiye igikorwa cyo kumwubakira inzu.
Umukecuru w’imyaka 70, Mukampogazi Jacquéline, utuye mu murenge wa Mageragere mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, arishimira Urwego rwunganira Akarere mu Mutekano (DASSO) rwatangiye kumwubakira icumbi.
Mukampogazi!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Agahinda kenshi ku baturage basezeragaho Nyakwigendera MAGUFULI
Abanyatanzania baraye batonze imirongo mu mujyi mukuru w'ubucuruzi wa Dar es Salaam basezera ku wahoze ari Perezida wabo John Magufuli watangajwe ko yapfuye ku itariki ya 17 y'uku kwezi kwa gatatu.
Rubanda rwari rurangajwe imbere na!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwashyizwe ku rutonde rw’ibihugu bifite abaturage batishimye.
U Rwanda rwaje ku mwanya wa gatatu wa nyuma ku rutonde rw'ibihugu rufite abaturage batishimye
Ibihugu bya nyuma bitishimye ku isi ni Afghanistan, Zimbabwe, u Rwanda, Botswana na Lesotho, nkuko bikubiye muri raporo nshya yatewe!-->!-->!-->!-->!-->…
Amwe mu magambo akomeye yavuzwe na Dr Pombe MAGUFULI
Urutonde rw'amwe mu magambo akomeye yavuzwe na Dr Pombe magufuli mbere y'uko yitaba Imana kuri uyu wa gatatu.
Perezida wa Tanzania utavugwaho rumwe John Magufuli yatabarutse ku myaka 61. Umuhungu wavutse mu muryango ukennye,!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzania: Leta yashyize hanze igihe na gahunda yo gushyingura Pr. Magufuli
Nyuma y'iminsi 2 yitabye Imana, Leta ya Tanzaniya yashyizeho gahunda y'igihe MAGUFULI azashyingurwa.
Ku wa gatatu w'iki cyumweru ahagana mu masaha y'ijoro nibwo inkuru yabaye kimomo ko uwahoze ari prezida wa Repubulika ya Tanzaniya,!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Imiryango 30 yahawe inka mu rwego rwo kuyunganira mu mibereho.
Umufatanyabikorwa w'Akarere yatanze inka 30 ku miryango 30 mu rwego rwo kuyunganira mu mibereho.
Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa gatatu gikorerwa mu Murenge wa Kayumbu mu Karere ka Kamonyi gikorwa na Margrit Fuchs Fundation" ufatwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Isura y’umwana muto ikomeje gutangaza benshi
Uyu mwana ukiri mutoya cyane, uri mukigero cy’imyaka 8 akomeje gutangaza abantu benshi bamubona kuko iyo bamubonye bamugereranya n’umusaza w’imyaka 80.
Uyu mwana ntaratangira ishuri kuko babonako, abandi bana bashobora kumutinya kubera!-->!-->!-->…
Dore zimwe mu ngaruka zikomeye ushobora kuba utari uzi ziterwa noguhora ufunguye Bluetooth ya…
Abantu benshi usanga bibanda ku gushyira imfunguzo zikaze (screen lock & app lock) muri telefone zacu ndetse tukanaharanira guhora telefone zigaragara neza umunsi kuwundi.
Nyamara ibi usanga tubikora ariko tugasiga ibindi byobo!-->!-->!-->…
Rubavu: Umwana yari yarabuze umurambo we uboneka mu Kivu nyuma y’iminsi itatu
Umwana w’umuhungu witwa Nzayisenga Gyslain yaburiwe irengero tariki 11 Werurwe 2021, ababyeyi bamushaka bazi ko yagiye gusura abandi bana aho batuye mu Kagari ka Kivumu, Umurenge wa Gisenyi ariko bakomeza kumubura kugeza basanze umurambo!-->…
Ikindi gihugu cy’Iburayi cyahagaritse gukoresha urukingo rwa AstraZeneca
Nyuma yo kumenya ko hari ibihugu aho abaturage bagize ingaruka nyuma yo guterwa urukingo rwa covid-19, Leta y'Ubuholande nayo yabaye ihagaritse urwo rukingo rwo mu bwoko rwa AstraZeneca.
Leta y'Ubuholandi yavuze ko yafashe icyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro:”Gusinzira ntazi ukobimera “Indwara itaramenyeka Imereye nabi umwana.
Umubyeyi witwa Hagumirema Déogratias wo mu Kagari ka Nkora, Umurenge wa Kigeyo mu Karere ka Rutsiro, aratabariza umwana we umaze imyaka 12 afashwe n’indwara idasanzwe, aho bagerageje kumuvuza ubushobozi bwabo bukarangira.
Uwo mwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisante yasobanuye icyagendeweho mu gukingira covid-19 abarimu
Ministeri y'ubuzima mu Rwanda yasobanuye impamvu abarimu baje ku isonga mu bantu bagomba gukingirwa vuba.
Ku munsi wa gatanu ushize taliki ya 5 Werurwe 2021 nibwo igikorwa cyo gukingira abantu cyatangiye ariko hibandwa ku bantu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyarugenge: Polisi yafatanye uwitwa Consolee na Edouard magendu y’amabalo 20 y’imyenda…
Ishami rya Polisi y'u Rwanda rishinzwe kurwanya magendu(ASOC) n’irishinzwe kurwanya abanyereza imisoro(RPU) kuri uyu wa Gatanu tariki ya 5 Werurwe ku bufatanye n’abaturage bafashe abantu bane bafite magendu y’imyenda ya!-->!-->!-->…
Nyanza: Abatewe urukingo rwa Covid-19 barashimira Leta n’ubuyobozi bw’Akarere…
Bamwe mu baturage bakingiriwe icyorezo cya Coronavirus barashima Leta ndetse n'ubuyobozi bw'Akarere kuba barabazirikanye bagashyirwa ku yambere ku rutonde rw'abakingirwa
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 5 Werurwe 2021 mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu minsi itatu gusa abagera kuri 158,898 bamaze gukingirwa Covid-19.
RBC yatangaje ko abagera kuri 158,898 bamaze guterwa inkingo zibarinda ubwandu bwa covid-19.
Guhera kuri uno wa kane nibwo ahenshi mu Rwanda hatangije igikorwa cyo gukingira abaturage inkingo zibarinda ubwandu bwa Coronavirus,!-->!-->!-->!-->!-->…