Browsing Category
Umutekano
RDF Yatangaje ko U Rwanda rwongeye kuvogerwa.
Mu itangazo ryashyizwe hanze ku rubuga rw'ingabo z'U Rwanda mu kanya kashize, hagaragajwemo ko u Rwanda rwongeye kuvogerwa n'abasirikare ba Repuburika Iharanira Demokarasi ya Kongo. Bagaragaje ko ari batatu binjiye, harimo Sgt Asman!-->!-->!-->…
Kigali:RIB yataye muri yombi abantu batatu bakekwaho gucura ibyangombwa byo ku baka
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwataye muri yombi abantu batatu barimo Enjeniyeri , bakekwaho gucura ibyangombwa byo kubaka.
RIB ku rubuga rwa X yavuze ko “Ku bufatanye n’izindi nzego,RIB imaze igihe ikora iperereza ku bantu!-->!-->!-->…
Karongi: Babiri bakurikiranyweho kwica umugabo bakamuta mu Kivu
Abagabo babiri bo mu Karere ka Karongi, batawe muri yombi bakekwaho kwica mugenzi wabo bakamuta mu Kiyaga cya Kivu.
Byabereye mu Kagari ka Mataba mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi.
Tariki 01 Mutarama 2024, nibwo!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo wari uri gukatirwa mu rukiko yasimbukiye umucamanza amuta ku wa kajwiga hafi kumwica
Umugabo wari uri mu rukiko ari gakatirwa n'inkiko yasimbukiye umucamanza wari urimo gutangaza ibihano ahawe aramunigagura akizwa n'abashinzwe umutekano.
Mu gihugu cya Leta Zunze ubumwe za Amerika muri Leta ya Nevada haravugwa inkuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya bwamishe amasasu menshi muri Kiev 5 bahasiga ubuzima abandi benshi barakomereka
Urufaya rw’amasasu y’ingabo z’u Burusiya kuri Kiev n’indi mijyi minini yo muri Ukraine rwahitanye abantu 5, naho abagera muri 92 barakomereka i Kharkiv kuri uyu wa Kabiri tariki ya 2 Mutarama 2024.
Muri iki gitondo, umujyi wa Kiev!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: Abantu 4 baraye bapfuye abandi barakomereka
Impanuka z’imodoka zabereye mu Karere ka Nyagatare na Musanze zahitanye ubuzima bw’abantu babiri, abandi babiri bicwa n’urugomo bakorewe mu ijoro ryo ku itariki ya 1 Mutarama 2024.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasirikare b’u Bushinwa bongeye kurasa ku bwato bw’intambara bwa Philippine.
Abasirikare b'Ubushinwa baraye bongeye kurasa ku bwato bwarimo ingabo za Philippine bari mu bikorwa byo kubungabunga umutekano.
Leta ya Philippine yatangaje ko Ingabo z’u Bushinwa zirinda imipaka yo mu mazi ku nshuro ya kabiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Umurambo wa muzehe Gafunguzo wasanzwe mu mugezi wa Nyabugogo
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki ya 11 Ukuboza 2023ku mugezi wa Nyabugogo hatahuwe umurambo w'umusaza witwa Gafunguzo abamuzi bakavuga ko yari asanzwe atuye mu murenge wa Gisozi.
Abari aho kuri uwo mugezi bavuze ko uwo musaza!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubwongereza bwaburiye Ukraine ko u Burusiya buri gukusanya ibisasu bya misile bizaraswa mu bihe…
Minisiteri y'Ingabo y'u Bwongereza yatangaje ko ubutasi bwabo bwatahuye umugambi w'u Burusiya wo gukusanya ibisasu bya misile bizaraswa muri Ukraine hakoreshejwe indege mu gihe cy'ubukonje bukabije.
Ministeri y’ingabo y’u Bwongereza!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Umukozi wo mu rugo yafunzwe akekwaho gucengeza igitsina cye mu kanwa k’umwana
Ubuyobozi bw’akarere ka Kamonyi buremeza ko hari umusore washyikirijwe RIB wakoraga akazi ko mu rugo ushinjwa gusambanya mu kanwa umwana w’umuhungu w’imyaka itanu.
TV1 dukesha iyi nkuru ivuga ko, uyu yatawe muri yombi nyuma y’aho!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Birangiye umujyi wa Mushaki ugiye mu maboko ya M23 nyuma y’imirwano ikomeye
Amakuru yizewe aturuka ku mirongo y'urugamba aremeza ko ingabo zo mu mutwe wa M23 zimaze kwigarurira umujyi wa Mushaki nyuma y'imirwano ikaze yatangiye mu rukerera rwo kuri uyu wa kane.
Amakuru dukesha bamwe mu bakunzi bacu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ingabo za Ukraine ziyiciye abasirikare bazo bashakaga gutoroka urugamba.
Ingabo za Ukraine ziherutse kwica abasirikare bazo 25 bashakaga gutoroka, nyuma y’uko bagaragaje ko bakumbuye imiryango yabo.
Ikinyamakuru Sputnik cyo mu Burusiya, cyatangaje ko ari amakuru cyahawe n’inzego zishinzwe ubutasi mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Abasilamu bari mu birori byo kwizihiza isabukuru y’intumwa Mohamad barashwemo na…
Abaturage b'abasivili bo mu idini rya Islam bari mu gikorwa cy'amasengesho bizihiza isabukuru y'amavuko y'intumwa y'Imana Muhamad bahitanywe n'igitero cya drone y'igisirikare cya Leta, abagera kuri 85 bahasiga ubuzima.
Mu gihugu cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Guinea Bissau: Abagerageje guhirika ubutegetsi bwa Perezida Umaro Sissoco Embalo wari mu ruzinduko…
Abasirikare barimo uwuyobora abasirikare barinda Perezida wa Guinea Bissau, Umaro Sissoco Embalo, batawe muri yombi nyuma yo gushaka guhirika ubutegetsi bwa perezida wari witabiriye inama muri Leta Zunze Ubumwe z'Abarabu, UAE.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
FDLR na FARDC bazindutse bagaba ibitero byo kwihorera ku mutwe wa M23
Igisirikare cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo FARDC gifatanije n'umutwe wa FDLR uramutse ugaba igitero ku ngabo za M23 mu rwego rwo guhorera umu colonel wa FDLR waraye apfiriye i Goma.
Igisirikare cya Repubulika Iharanira!-->!-->!-->!-->!-->…