Browsing Category
Umutekano
Gatsibo: Babiri barakekwaho kwica mubyara wabo bamuziza ko ababyeyi bamutetesha kubarusha
Abasore babiri bavukana bo mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Kageyo barimo uwiga mu mashuri yisumbuye, batawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo gukekwaho kwicisha umuhoro mubyara wabo bamuziza ko ababyeyi babo bamukunda!-->!-->!-->…
Ambasade ya Uganda i New York yatewe n’abagizi ba nabi
Ambasade ya Uganda i New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika yatewe n’abagizi ba nabi, bamena ikirahuri cy’urugi rw’imbere, bakomeretsa umudipolomate ukomoka muri Sudani y’Epfo.
Ni ibintu bibayeho mu gihe Uganda irakariwe!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 yarekuye utundi duce 3 idushyira mu maboko y’ingabo za EAC
Umutwe wa M23 wongeye kurekura utundi duce yari yarafashe idushyira mu maboko y'ingabo za EAC mu rwego rwo kubahiriza imyanzuro yo guhagarika imirwano no kugarukana amahoro mu burasirazuba bwa DRC
I Masisi, ingabo z’u Burundi nizo!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yafashe uwiyitaga “Ntama w’Imana” kuri twitter agashishikariza abantu…
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB, rwataye muri yombi umusore wiyise NTAMA W’IMANA 2 kuri Twitter, nyuma yo gutangaza ubutumwa bushishikariza abantu gukora icyaha cyo gusambanya abana.
RIB igaragaza ko iperereza ry’ibanze ryakozwe,!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Umupolisi yarashe mugenzi we arapfa amuziza kumuca inyuma
Umupolisi wo muri repubulia iharanira demokarasi ya Congo yarashe mugenzi aramwica amuziza ko yamenye ko amaze igihe amuca inyuma ku mukobwa bakundana.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu taliki ya 17 Werurwe 2023 umwe mu bapolisi!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yatanze umucyo ku bakozi b’uturere twa Nyanza na Gisagara batawe muri yombi.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu taliki ya 17 Werurwe 2023 nibwo hamenyekanye ko hari bamwe mu bakozi bo mu Turere twa Gisagara na Nyanza batawe muri yombi kubera ibibazo bifitanye isano na ruswa.
Mu butumwa bumaze kunyuzwa kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 yongeye gukozanyaho n’ingabo za Leta FARDC nyuma y’iminsi 3 y’agahenge
Nyuma y’iminsi itatu nta mirwano iri kuba hagati y’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’umutwe wa M23, isasu ryongeye guseka muri iyi ntambara.
Kuva mu mpera z’icyumweru gishize, imirwano yabaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Kicukiro: Umukobwa w’imyaka 25 yafatiwe mu cyuho yiba mu nzu y’abandi
Umukobwa w’imyaka 25 witwa Umutoni Claudine yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano, bikaba bivugwa ko yafunguye inzu y’umuturage akiba ibikoresho bitandukanye.
Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, CIP Sylvestre Twajamahoro, avuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Habayeho kurasana hagati ya RDF na FARDC ku mupaka
Umusirikare bikekwa ko ari uwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yarasiwe ku butaka bw’u Rwanda i Rubavu, nyuma yo kwinjira arasa ku ngabo z’u Rwanda zicunga umutekano ku mupaka, ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu.
!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: FARDC yisubije agace ka Rubaya kari kamaze iminsi mu maboko ya M23
Igisirikare cya DRC cyatangaje ko agace ka Rubaya gakungahaye mu mabuye y'agaciro kari kamaze iminsi mu maboko ya M23 ubu kari kugenzurwa n'ingabo za Leta nyuma yo gukubita inshuro umwanzi.
Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga no mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Umugore w’imyaka 31 y’amavuko arashinjwa kuniga uruhinja rwe akoresheje…
Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye bwa Gicumbi bwakiriye dosiye iregwamo umugore w’imyaka 31 y’amavuko, ukurikiranyweho icyaha cyo kwica umwana w’amezi atanu yibyariye amunigishije umugozi.
Dosiye y’uyu mugore yakiriwe ku wa 21!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Umutwe wa M23 wigaruriye agace ka Rubaya gakungahaye ku mabuye y’agaciro
Inyeshyamba za M23 zimaze kwigarurira agace ka Rubaya gaherereye muri teritwari ya Maisisi, ni nyuma y’uko mu minsi ishize izi nyeshyamba zari zigaruriye agace ka Mweso n’inkengero zayo.
Rubaya ni agace gakungahaye ku mabuye!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Ingabo za Leta zemeje ko umutwe wa M23 wafashe agace ka Mushaki
Umuvugizi w'ingabo za Leta mu ntara ya Kivu ya ruguru yemeje ko nyuma y'imirwano ikaze, umutwe wa M23 byarangiye wigaruriye agace ka Mushaki.
Ingabo za leta muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo zemeje ko umutwe zihanganye wa M23!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Umuzungu akurikiranyweho icyaha cyo gushaka kwica umuturanyi we amuteye icyuma
Umuturage witwa Ntarugera Deo Koya yasagarariwe n’umuzungu washakaga kumutera icyuma mu mutima kimukomeretsa intoki n’ikibero.
Ibi byabaye kuri uyu wa 23 Gashyantare 2023 mu Kagari ka Bibare mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Habaye imirwano ikomeye yashyamiranije indaya n’abanyerondo
Mu Karere ka Nyanza habereye imirwano ikomeye cyane y'amabuye yashyamiranije abagore bakora umwuga w'uburaya n'abashinzwe irondo ry'umwuga mu kagali ka Nyanza gaherereye mu mujyi rwagati.
Ku gicamunsi cyo kur uyu wa kane taliki ya!-->!-->!-->!-->!-->…