Browsing Category
Umutekano
DRC: Umutwe wa M23 wigaruriye agace ka Rubaya gakungahaye ku mabuye y’agaciro
Inyeshyamba za M23 zimaze kwigarurira agace ka Rubaya gaherereye muri teritwari ya Maisisi, ni nyuma y’uko mu minsi ishize izi nyeshyamba zari zigaruriye agace ka Mweso n’inkengero zayo.
Rubaya ni agace gakungahaye ku mabuye!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Ingabo za Leta zemeje ko umutwe wa M23 wafashe agace ka Mushaki
Umuvugizi w'ingabo za Leta mu ntara ya Kivu ya ruguru yemeje ko nyuma y'imirwano ikaze, umutwe wa M23 byarangiye wigaruriye agace ka Mushaki.
Ingabo za leta muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo zemeje ko umutwe zihanganye wa M23!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Umuzungu akurikiranyweho icyaha cyo gushaka kwica umuturanyi we amuteye icyuma
Umuturage witwa Ntarugera Deo Koya yasagarariwe n’umuzungu washakaga kumutera icyuma mu mutima kimukomeretsa intoki n’ikibero.
Ibi byabaye kuri uyu wa 23 Gashyantare 2023 mu Kagari ka Bibare mu Murenge wa Kimironko mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Habaye imirwano ikomeye yashyamiranije indaya n’abanyerondo
Mu Karere ka Nyanza habereye imirwano ikomeye cyane y'amabuye yashyamiranije abagore bakora umwuga w'uburaya n'abashinzwe irondo ry'umwuga mu kagali ka Nyanza gaherereye mu mujyi rwagati.
Ku gicamunsi cyo kur uyu wa kane taliki ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umuzungu w’imyaka 62 akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abahungu 10
Urukiko rwo muri Nakuru muri Kenya rwafashe umugabo w’Umudage witwa Martin Herman w’imyaka 62, akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana bato b’abahungu icumi.
Ikinyamakuru igihe.com dukesha iyi nkuru kiravuga ko Urukiko rwakiriye!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Batatu bakekwaho kwiba asaga ibihumbi 900 mu iduka ry’abandi batawe muri yombi.
Abagabo batatu bo mu Karere ka Karongi bafatiwe mu cyuho ubwo binjiraga mu iduka bakiba amafaranga y'u Rwanda asanga ibihumbi magana cyenda.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 22 Gashyantare 2023 ahagana saa kumi n'imwe z'umugoroba,!-->!-->!-->!-->!-->…
France: Umunyeshuri w’imyaka 16 yishe mwalimu we amuteye icyuma
Mu gihugu cy'Ubufaransa haravugwa inkuru y'umwana w'umunyeshuri waraye wishemwalimu we amuteye icyuma, bikavugwa ko uwo mwana ashobora kuba yari afite uburwayi bwo mu mutwe.
Umunyeshuri wo mu ishuri ryisumbuye mu Mujyi wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibidasanzwe ku rugendo rw’ubwihanduzacumu Perezida Joe Biden yakoreye muri Ukraine
Muburyo budasanzwe ndetse bamwe bafashe nk'ubwihanduzacumu, Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Joe Biden yakoze uruzinduko rudasanzwe mu gihugu cya Ukraine.
Rwari uruzinduko rw'ubwihanduzacumu rujya gusa nkaho nta rundi!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Abaturage bariyr karungu barega Mudugudu ruswa Imbere ya Meya na Guverineri
Abaturage bo mu murenge wa Remera mu karere ka Musanze, barashinja abayobozi b’imidugudu kubaka ruswa, bagera n’ubwo bashaka kweguza umwe muri abo bayobozi, imbere ya Meya na Guverineri.
Mu gihe Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ntitwigeze turasa ku basirikare b’u Rwanda, twarashe ku mabandi” FARDC
Guverineri w’Intara ya Kivu y’Epfo witwa Ngwabidje Kasi, yasohoye itangazo rivuguruza ibyatangajwe n’igisirikare cy’u Rwanda, ko kuri uyu wa Gatatu abasirikare ba Congo barashe ku barinze umupaka bo mu Rwanda.
Nyuma y'aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma ya Kenya, Amerika yaburiye u Burundi ko bushobora kugabwaho ibitero by’iterabwoba
Ministeri y'ububanyi n'amahanga ya Leta Zunze ubumwe za Amerika yaburiye abanyamerika batuye i Burundi kwitondera ibibanza bimwe na bimwe kuko bishobora kugabwaho ibitero by'iterabwoba.
Leta Zunze ubumwe za Amerika zaburiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Kinyinya: Umurambo w’umugabo wasanzwe mu cyuzi
Umurambo w’umugabo utaramenyekana wagaragaye mu cyuzi giherereye mu Kagari ka Gacuriro mu Murenge wa Kinyinya, bikekwa ko nyakwigendera yapfuye yishwe.
Uyu murambo wagaragaye muri icyo cyuzi kiri mu gishanga giherereye muri aka!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Gitifu w’Umurenge n’uw’akagali batawe muri yombi kubera ruswa
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Jali, Bucyana Alex n’Umunyamabanga Nshingwabikora w’Akagari ka Agateko, Ndagijimana Ephrem mu Murenge wa Jali, Akarere ka Gasabo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Pasiteri wo muri ADEPR yafatiwe mu cyuho yasohokanye umugore w’abandi muri lodge
Pasiteri HABIYAMBERE wo mu itorero rya ADEPR yatawe muri yombi nyuma yo gufatirwa mu cyuho yasohokanye umugore w'abandi muri Lodge.
Umupasiteri ukorera ubutumwa mu itorero rya ADEPR mu Karere ka Nyabihu, afatiwe mu icumbi ryo mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Biryogo: Abanyerondo barashinjwa gukubita umuturage bakamugira intere
Abanyerondo bo mu Kagari ka Biryogo mu Murenge wa Nyarugenge barashinjwa gukubita mu buryo bukomeye umuturage wo muri aka gace bavuga ko yashatse kubarwanya.
Ibi byabaye mu gitondo cyo ku wa Gatanu tariki ya 10 Gashyantare 2023.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…