Browsing Category
Umutekano
Nyanza: Bwana Sindayigaya yakubiswe n’inkuba ubwo barimo kumwogosha
Umugabo witwa Sindayigaya Cyprien yaraye akubiswe n'inkuba arapfa ubwo yari arimo kwiyogoshesha muri salon.
Mu Karere ka Nyanza, umurenge wa Mukingo, mu kagali ka Ngwa, haravugwa inkuru y'umugabo witwa Cyprien Sindayigaya waraye!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngoma: RIB yataye muri yombi abagabo babiri bagiye kwisengerera mu noti z’impimbano
Abasore babiri barimo uw’imyaka 24 n’undi wa 25, bafatiwe mu Murenge wa Mugesera mu Karere ka Ngoma nyuma yo kujya kunywa inzoga mu kabari bagashaka kwishyura inoti za bitanu z’amiganano.
Aba basore, ni Theophile w’imyaka 24 na!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Batatu bahasize ubuzima ubwo bavogeraga imodoka za Monusco
Abaturage batatu bapfuye mu gitero cyibasiye uruhererekane rw’imodoka z’ingabo za ONU kuwa kabiri nimugoroba ahitwa Munigi mu birometero birindwi gusa mu majyaruguru uvuye i Goma.
Ingabo za MONUSCO zatangaje ko aba baturage bateze!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana Kalisa Fred yafatanywe moto yari yibye ku rusengero.
Polisi y'u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umugabo witwa Kalisa Fred ukekwaho kwiba moto yari y'umukirisito yari iparitse ku rusengero ubwo nyirayo yari arimo arasenga.
Ni moto yo mu bwoko bwa TVS ifite nimero RF 327 X!-->!-->!-->!-->!-->…
Turkiya: Abarenga ijana bahitanywe n’umutingito ukomeye wabaye mu ijoro ryakeye
Ministeri y'umutekano mu gihugu cya Turkiya yatangaje abarenga ijana baraye bahitanywe n'umutingito wari ku kigero kuri hejuru cyane waraye ubaye mu rukerera rwo kuri iki cyumweru.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere igihugu cya!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 iramagana amakuru ayishinja kurasa ku ndege ya Monusco
Inyeshyamba za M23 zanyomoje amakuru akomeje kuvugwa hirya no hino ko arizo zaba zarashe ku ndege y’Ingabo zoherejwe mu Butumwa bw’Amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), kuri iki Cyumweru taliki ya 5!-->!-->!-->…
Undi mushoferi yafatanywe perimi y’incurano yaguze i Burundi
Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi Shema Alphonse w’imyaka 35 wafashwe yatwariraga ikamyo yo mu bwoko bwa Benz Actros ku ruhushya rw’urucurano rwatangiwe mu gihugu cy’u Burundi, ndetse ngo we ntiyigeze akorera uruhushya rwo gutwara!-->!-->!-->…
Yagiye gukoresha controle technique afatanwa perimi yaguze muri Congo
Umushoferi umaze igihe atwara ama camions yafatanywe perimi y'impimbano ubwo yari agiye gukoresha isuzuma ry'iikinyabiziga cye (Controle technique) avuga ko iyo perimi ayiguze muri Congo.
Ni nyuma y’aho kuri uyu wa Mbere tariki ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Umurambo w’uruhinja rwatoraguwe mu gikapu
Mu karere ka Karongi mu murenge wa Rubengera hatoraguwe umurambo w’uruhinja uri mu gikapu.
Uyu murambo watoraguwe mu mudugudu wa Kabeza mu kagari ka Kibilizi kuri uyu wa 26 Mutarama 2023.
Ababonye uyu murambo, bavuga ko ushobora!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Umuyobozi w’ishuri akurikiranyweho gusambanyiriza abanyeshuri mu biro yashashemo…
Mu nama yahuje abarezi na Minisitiri w'Uburezi mu gihugu cy'u Burundi, umuyobozi w'ishuri bamushinje gusambaniriza abanyeshuri mu biro bye yashashemo matera.
Iyi nama yabereye ku ishuri ry'Ubuvuzi rya Gitega kuri uyu wa Kane tariki!-->!-->!-->!-->!-->…
Palestine: Ingabo za Isiraheli zagabye igitero cyahitanye aba djihadiste 7 n’abasivili babiri.
Ingabo za Isiraheli zagabye igitero mu ntara ya Cisjordania zihitana abarwanyi 7 ba Djihad Islamique n'abasivili babiri.
Iki gitero cy'Ingabo za Isiraheli cyateguwe mu rwego rwo kuburizamo igitero cy'umutwe wa Djihad Islamique. Uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Biravugwa ko M23 yamaze gufata agace ka Kitsanga kamaze iminsi kaberamo imirwano
Hari hashize iminsi itatu Kitshanga imbunda zivugira mu nkengero zayo, ubu amakuru aremeza ko ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane ingabo za Leta zahavuye zikagwiza n'amaguru ngo ntizarwanira ahari abasivile”.
Abanyamakuru bakorera mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: Yagiye gusuzumisha ubuziranenge bw’imodoka yasinze
Niyoyita Roger yatahuwe ko yanyoye ibisindisha ubwo yari agiye gusuzumisha ubuziranenge bw’imodoka bw’imodoka yo mu bwoko bwa Dyna RAE 638 N,bamushyiraho igipimo cy’alukoro mu mubiri kikagera kuri 2.24.
Uyu mushoferi yafatiwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Majyambere Jean d’amour yafatiwe mu cyuho aha umupolisi ruswa y’ibihumbi 20
Ku wa Gatatu taliki ya 25 Mutarama, Polisi y’u Rwanda yafashe umushoferi witwa Majyambere Jean D’Amour ubwo yageragezaga guha umupolisi ruswa y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 20 kugira ngo ahabwe icyemezo cy’ubuziranenge bw’imodoka.
!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 yafashe agace ka Kitchanga muri Kivu y’Amajyaruguru
Amakuru yizewe aravuga ko umutwe wa M23 wamaze kwigarurira agace ka Kitchanga mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’amasaha menshi iri mu mirwano n’ingabo za Leta, FARDC.
Guhera mu!-->!-->!-->!-->!-->…