Browsing Category
Umutekano
Gicumbi: Umugabo yishe umugore we yishakiye amuziza kumuca inyuma
Mu Karere ka Gicumbi haravugwa ikuru y’umugabo w’imyaka 47 wakubise umugore we amuziza kumuca inyuma bikamuviramo urupfu.
Amakuru agera ku kinyamakuru igihe.com avuga ko uyu mugabo yakubise umugore we mu ijoro yo kuri uyu wa 10!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Hari abaturage babangamiwe n’ubujura bw’abosore babambura utwabo bitwaje…
Abaturage bo mu Karere ka Nyanza mu murenge wa Busasamana baravuga ko babangamiwe bikabije n'insoresore z'ibigango zitwaje imihoro bibambura utwabo iyo butangiye kwira.
Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Nyanza mu murenge wo mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Moto yibwe irimo GPS yafatiwe mu rugo kwa Rusanganwa.
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano mu Karere ka Bugesera yafatiye moto yibwe yo mu bwoko bwa TVS RF 436 H mu rugo rw’uwitwa Frederick Rusanganwa ufite imyaka 38 y’amavuko, mu Mudugudu wa Gakoni, Akagari ka!-->!-->!-->…
Bugesera: Yatawe muri yombi akekwaho gusambanya abana b’abahungu icyenda
Mu karere ka Bugesera, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi umusore w’imyaka 33, ukurikiranyweho gusambanya abana b’abahungu icyenda.
Ku wa 1 Ukwakira 2022, nibwo uyu musore yatawe muri yombi, aho bivugwa ko iki!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umusore arakekwaho kwica umugore baturanye
Umusore wo mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza arakekwaho kwica umugore baturanye witwa Nyirashikama Immaculee amutemesheje umuhoro.
Byabaye ahagana saa Sita n’igice z’amanywa kuri uyu wa Kane mu Mudugudu wa Bwambika mu Kagari!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubengera: Umugabo yajombye igisongo mu gitsina cy’umugore we amuziza ko yanze ko baryamana.
Mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi, haravugwa inkuru y’umugabo w’imyaka 58 wajombye igisongo mu gitsina cy’umugore w’imyaka 52 amuziza ko yanze ko baryamana.
Byabereye mu Mudugudu wa Kabuga, Akagari ka Bubazi mu Murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyamakuru wa ISANGO Star yatawe muri yombi nyuma y’aho abuze ubwishyu bw’inzoga…
Umunyamakuru Bujyakera Jean Paul uzwi nka Guterman yatawe muri yombi ashinjwa ibirimo kwaka icyo kunywa mu kabari akananirwa kwishyura ndetse no gukubita uwamwishyuzaga.
Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yabwiye IGIHE!-->!-->!-->!-->!-->…
Russia-Ukraine: Ku nshuro ya mbere Ukraine n’Uburusiya byaguranye infungwa z’intambara
Ku nshuro ya mbere Uburusiya na Ukraine biri mu ntambara, ibyo bihugu byombi bayahanahanye imfungwa z'intambara.
Mu ijoro ryakeye, Ukraine n’Uburusiya byahererekanyije imfungwa mu buryo butari bwitezwe kandi bunini cyane kuva iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
NYARUGURU: Hafashwe amabaro atatu y’imyenda ya caguwa yari yinjijwe mu buryo bwa Magendu
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, mu karere ka Nyaruguru kuri uyu wa Kabiri, tariki 20 Nzeri, yafashe amabaro 3 y’imyenda ya caguwa yari yinjijwe mu gihugu mu buryo bwa Magendu n’abantu batatu bari bayikuye mu!-->!-->!-->…
Kigali: Indaya yakebesheje urwembe mugenzi wayo bapfa icupa ry’urwagwa rya 500frs
Abagore babiri batunzweno kwicuruza ’ndaya’ bo mu Kagari ka Munanira ya II mu Murenge wa Nyakabanda, Akarere ka Nyarugenge, barwanye mu buryo bukomeye umwe akeba itama mugenzi we akoresheje urwembe bapfa ko yamunywereye ku icupa!-->!-->!-->…
Kigali: Bwana MFITUMUKIZA yaraye afatanywe 1,500$ y’amiganano
Polisi y'u Rwanda mu karere ka Nyarugenge yafatanye uwitwa Mfitumukiza Marcel ufite imyaka 55 y’amavuko, amadorali y’Amerika y’amiganano angana n’igihumbi na maganatanu (US $1,500) agizwe n’inoti 20 zirimo 10 z'ijana n’izindi 10 za!-->!-->!-->…
Kicukiro: Polisi yataye muri yombi umusore wahondaguye nyina hafi kumwica
Polisi y'u Rwanda yataye muri yombi umugabo w'imyaka 30 wahohoteye nyina umubyara akamukubita hafi kumwica
Polisi y'u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali akarere ka Kicukiro yatangaje ko yataye muri yombi umugabo witwa RUBAGUMYA!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye icyatumye RIB ita muri yombi umuhanzi Danny Nanone
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rwemeye ko rwataye muri yombi Bwana Danny Nanone, ruvuga ko akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa.
Itabwa muri yombi rya Bwana Danny Ntakirutimana uzwi cyane muri ino mihanda nka!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abasirikare ba FARDC baguye mu gico cy’aba M23 bamburwa intwaro abandi bafatwa mpiri
Kuri iki Cyumweru tariki ya 18 Nzeri 2022, Umutwe wa M23 wateze igico imodoka ya FARDC yari itwaye itwaro izijyanye mu mujyi ku birindiro bya FARDC mu mujyi wa Rutshuru, abasirikare ba FARDC babonye ko M23 yabateze, bahise basohoka mu!-->!-->!-->…
Ruhango: Nyuma y’amezi 8 yose yihisha RIB yataye muri yombi Rutagengwa ukekwaho gutwika…
Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha RIB ruratangaza ko rwafashe uwitwa Rutagengwa Alexis ukekwaho gutwika imodoka y’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ruhango.
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Dr. Murangira!-->!-->!-->!-->!-->…