Browsing Category
Umutekano
Musanze: Hari abaturage bavuga ko babangamiwe n’itsinda ry’abagore ribambura utwabo ku…
Mu gasentera ka Kabaya ko mu Kagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza mu Karere ka Musanze, haravugwa itsinda ry’abakobwa ritega abahisi n’abagenzi rikabambura, bamwe mu babivugwaho barabihakana icyakora bakemera ko baba ku muhanda.
…
“Ibitero kuri Ukraine bizakomeza, nta gahunda yo kubihagarika” Putin
Perezida wa Ukraine Vladmir Putin yaraye atangaje ko ibitero by'igihugu cye kuri Ukraine bizakomeza kugeza Uburusiya bugeze ku ntego zayo nziza.
Perezida w'Uburusiya Vladmir Putin yaraye atangaje ko igihugu kizakomeza umugambi wayo…
Rulindo: Polisi yafashe abajura batoboraga inzu z’abaturage
Ku wa gatanu tariki ya 08 Mata, Polisi ikorera mu karere ka Rulindo yafashe abajura batatu batoboye inzu y’umuturage utaramenyekana amazina biba ibikoresho bitandukanye birimo , Decoderi ya canal +, iminzani 2, Indangururamajwi,…
Russia-Ukraine: Abagera kuri 39 bapfiriye kuri station ya gariyamoshi
Abantu 39 nibo bimaze kumenyekana ko bahitanywe n'igisasu cyatewe aho bategera gari ya moshi mu gihugu cya Ukraine.
Guverineri wa Pavlov Kyrylenko yavuze ko Abantu bagera kuri 39 bapfuye mu gihe abarenga 100 barakomereka mu gitero…
Kicukiro: Babiri baraye bakomerekejwe na grenade yatewe mu rugo kwa Twagira
Abantu babiri baraye bakomerekejwe n'igisasu cya grenade cyatewe mu rugo rw'umugabo witwa Twagira.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane taliki ya 7 Mata 2022 ubwo mu gihugu hari hatangijwe icyumweru cy'icyunamo, mu Karere ka Kicukiro,…
Gicumbi: Ndayisenga wakomerekeje mugenzi we amuziza ko ari umututsi yatawe muri yombi
Polisi yataye muri yombi umuturage wo mu Murenge wa Rushaki mu Karere ka Gicumbi ukekwaho gukubita no gukomeretsa umuturage uvuga ko yakuze atotezwa n’umuryango w’uwamukubise umuziza kuba ari Umututsi ndetse imiryango yabo ikaba…
Gisagara: Umugabo w’umwinjira yakubise agafuni umwana w’umugore we amujugunya mu…
Mu Karere ka Gisagara, mu murenge wa Mukindo ho mu Kagari ka Bukiza, haravugwa inkuru y'umugabo w'umwinjira wakubise agafuni umwana w'umugore yari yinjiye maze amujugunya mu musarani.
Ibi byabaye kuri uyu wa kane taliki ya 7 Mata…
MUHANGA: Yafatanwe amasashe arenga ibihumbi 376 n’ibindi bicuruzwa bya magendu
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 06 Mata, Polisi y’u Rwanda mu karere ka Muhanga yafashe umugabo witwa Habimana Juvens w’imyaka 30 afite amasashe atemewe 376200, iminzani 33, n’isukari ya magendu ibiro 7 izwi nka Sukari Guru.
Ibi…
Hafashwe ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge bifite agaciro karenga miliyoni 39
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 6 Mata, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’Urwego rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) n’izindi nzego beretse itangazamakuru bimwe mu bicuruzwa bitandukanye birimo ibitujuje ubuziranenge, ibyarengeje igihe,…
RMC yasabye abanyamakuru kwigengesera muri bino bihe byo kwibuka
Urwego rw'abanyamakuru bigenzura RMC rwasabye abanyamakuru kwigengesera bakirinda gukoresha imvugo zidakwiye muri kino cyumweru cy'icyunamo.
Mu gihe u Rwanda n'isi yose izirikana genoside yakorewe Abatutsi mu mwaka w'i 1994, urwego…
Nigeria: Abitwaje intwaro bishe abasirikare 15
Abantu bitwaje intwaro bishe abasirikare ba Nigeria 15 banakomeretsa abarenga icumi, mu gitero bakoze ku nkambi y’igisirikare muri reta ya Kaduna.
Icyo gitero cyamaze amasaha arenga abiri ku mugoroba wo kuwa mbere, cyakozwe n’imitwe…
Kamonyi: Abajura bishe ushinzwe umutekano bamuteye ibyuma
Umugabo w’imyaka 27 y’amavuko wakoraga akazi ko kurinda umutekano yishwe n’abajura atemwe mu mutwe anaterwa icyuma mu musaya.
Uyu mugabo yarindaga umutekano mu isantere y’ubucuruzi ya Kabadaha mu Kagari ka Bibungo mu Murenge wa…
DRC: M23 iravuga ko yabaye ihagaritse imirwano, Leta iti ahubwo twayishenye.
Umutwe w'inyeshyamba za M23 watangaje ko wabaye uhagaritse imirwano ndetse ukaba wasubiye mu birindiro byayo, mu gihe Leta yo ivuga ko ahubwo uwo mutwe wakubiswe inshuro ugahungira mu mashamba.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 1 Mata…
FARDC yatangaje ko yisubije uduce twose twari twafashwe na M23
Nyuma y'iminsi hari uduce tubiri two muri teritwari ya Rutshuru turi mu maboko y'umutwe w'inyeshyamba za M23, kuri ubu igisirikare cya DRC cyatangaje ko cyisubije utwo duce.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane, ubuvugizi bw'igisirikare…
NYANZA: Polisi yagaruje amafaranga yari yibwe umuturage
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 30 Werurwe, Polisi y’u Rwanda mu karere ka Nyanza yagaruje amafaranga ibihumbi 370 (370.000 Frw) mu yari yibwe umuturage witwa Ndayishimiye Jean Pierre ku itariki ya 28 Werurwe, angana n’ibihumbi 700. Aya…