Browsing Category
Umutekano
Perezida wa USA aravuga ko afite ibihamya ko Putin azatera Ukraine vuba aha.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yatangaje ko yizeye nta gushidikanya ko Vladimir Putin w’u Burusiya yamaze gufata umwanzuro wo gutera Ukraine, ndetse ko icyo gitero gishobora kuba mu minsi mike.
Biden yavuze ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Gatsibo: Polisi yafashe abacyekwaho gupfumura amazu no kwambura umuturage moto
Polisi ikorera mu Karere ka Gatsibo mu ijoro ryo kuwa Gatatu tariki ya 17 Gashyantare yafatiye mu cyuho abagabo baribiri batobora amazu y’abaturage bafite ibikoresho birimo Televiziyo na Radio bari bibye na moto bambuye umuturage.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: yafatiwe mu cyuho amaze kwiba arenga miliyoni ebyiri mu iduka
Polisi ikorera mu Karere ka Kayonza ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano bafatiye mu cyuho uwitwa Sibomana Emmanuel w’imyaka 28 amaze kwiba amafaranga y’u Rwanda Miliyoni 2,500,000 mu iduka ry’umucuruzi.
Sibomana Emmanuel!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubufaransa buratangira gukura ingabo zabwo muri Mali
Ubufaransa n’abo bari bafatanjije mu kurwanya intwagondwa z’iyitirira idina ya Islam muri Mali, kuri uyu wa kane bavuze ko baratangira gukura ingabo zabo muri iki gihugu, gusa perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yahamije ko uku!-->!-->!-->…
Me Nyirabageni Brigitte yatawe muri yombi nyuma yo gusaba uwo yunganira guha ruswa umucamanza.
Ku wa 15 Gashyantare 2022 Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwatangiye kuburanisha ifunga n’ifungurwa by’agateganyo ku rubanza rw’Umunyamategeko witwa Me Nyirabageni Brigitte.
Uyu Munyamategeko yatawe muri yombi ku wa 26 Mutarama,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeriya: Abantu 8 baguye mu gitero cyagabwe ku isoko ry’amatungo, inka 51 nazo zishwe.
Abantu bitwaje intwaro bishe barashe abantu umunani n’inka 51, mu isoko ry’inka(igiterane) riherereye muri leta ya Abia mu Burasirazuba bw’amajyepfo ya Nigeria.
Umuvugizi wa Polisi muri ako gace, Geoffrey Ogbona, yabwiye BBC dukesha!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umwana w’imyaka 15 yishe mushiki we amutemaguye
Mu gihugu cya Tanzaniya, mu gace kitwa Nyanza, neza neza ahazwi nka Tambukareli, haravugwa amakuru y'Umwana w'umusore witwa Shomari Malima uri mu kigero cy'imyaka 15 y'amavuko yaraye yishe mushiki we witwa Faidhati Ibrahim amutemaguye!-->!-->!-->…
Somaliya: Urusaku rw’imbunda ziremereye rwumvikanye mu murwa mukuru Mogadishu
Ubuyobozi muri Somaliya bwatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu wa gatatu, abarwanyi ba Al-Shabab bagabye igitero kuri sitasiyo za polisi no kuri za bariyeri mu murwa mukuru, Mogadishu.
Urusaku rw’imbunda ziremereye n’ibiturika!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Barindwi bafatanywe ibicuruzwa bya magendu babirengejeho amatafari mu modoka
Ishami rya Polisi rishinzwe kugenzura imitangire ya serivisi n’amahame muri Polisi ryafashe abantu barindwi bakurikiranweho ubucuruzi bwa magendu n'ibindi bitemewe.
Bafashwe kuri uyu wa kabiri tariki ya 15 Gashyantare!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza-Kigoma: Barasaba Leta kubabungabungira umutekano uhungabanywa n’urugomo bakorerwa…
Hari abaturage bo mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Nyanza bavuga ko babangamiwe n'urugomo rukorwa n'insoresore zidafite icyo zikora zirirwa zikubita abantu zikabambura utwabo.
Mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Kigoma, mu Kagali ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudan: Babiri mu bigaragambya barashwe barapfa
Ihuriro ry’abaganga muri Sudan ryatangaje ko abashinzwe umutekano barashe abantu babiri mu bigaragambyaga bagapfa.
Ibi byatumye umubare w’abamaze gupfa kuva haba ihirikwa ry’ubutegetsi muri iki gihugu mu Kwakira 2021, ugera ku bantu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rulindo: Umuturage yirukankanye Gitifu ashaka kumutema akizwa n’amaguru
Kuri uyu wa mbere umusore wuzuye umujinya yirukankanye gitifu w'Akagali ashaka kumutema, undi ahungira mu biro bye.
Umuturage witwa wo mu Kagali ka uyizere w’imyaka 26 y’mavuko wo mu Kagari ka Rubona mu Murenge wa Shyorongi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Abantu bitwaje intwaro gakondo batemye abantu batanu
Abantu bitwaje intwaro gakondo batemye abaturage 5 bajyanwa mu Bitaro. Itemwa ry’aba baturage ryabaye mu ijoro ryo ku Cyumweru ubwo hagwaga imvura nyinshi.
Mu Karere ka Ruhango haravugwa inkuru y'abagizi ba nabi baje bitwaje intwaro!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC-Kivu y’Epfo: Abana barenga 470 binjijwe mu nyeshyamba mu 2021-MONUSCO
Imibare yatangajwe na MONUSCO Kuwa gatandatu taliki 12 Gashyantare, ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga wahariwe abasirikare b’abana(Internation Child Solders), igaragaza ko mu mwaka wa 2021, abana barenga 470 binjijwe mu mitwe!-->!-->!-->…
Nyabihu: Umuturage yafatanwe litiro 5,000 z’inzoga itemewe
Polisi ikorera mu Karere ka Nyabihu yahafatiye litiro ibihumbi 5 z’inzoga itazwi kandi itemewe mu rugo rwa Nshizirungu Benjamin ruherereye mu Mudugudu wa Mwambi, Akagali ka Nyarutembe, mu Murenge wa Rugera.
Iyi nzoga yafatiwe!-->!-->!-->!-->!-->…