Browsing Category
Uncategorized
Victoire Ingabire arasanga Sosiyete sivile mu Rwanda ari nka baringa usibye Transparency…
Madame INGABIRE Victoire arasanga mu Rwanda Societe Civile ikora nka baringa usibye gusa Transparency International yo ivugira rubanda.
Mu kiganiro Ingabire Victoire Umuhoza yagiranye na Real Talk Channel yagaragaje ko Sosiyete!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Ihuriro ry’amadini n’amatorero ryasabye Leta guhagarika amatora mu gihe…
Inama nkuru y’Ihuriro ry’amadini n'amatorero muri Uganda (UJCC) iyobowe na Arkiyepiskopi wa Kampala, Dr Cyprian Kizito Lwanga yasabye guverinoma gusubika amatora y’umukuru w’igihugu mu gihe cy’imyaka itatu.
UJCC inifuza kandi ko!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma yo kubengwa inshuro 221 zose, Elisabeth yahisemo kwishyingira imbwa ye.
Nyuma yo kubengwa inshuro zigera kuri 220, uyu mukobwa yahisemo kwishyingira imbwa ye yari atunze.
Mu gihe benshi mu basore bo muri iyi minsi mu Rwanda batinze gushaka bakunze gutanga impamvu yuko babuze umukobwa ufite urukundo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umuyobozi w’ishuli yasomewe mu rukiko ibaruwa y’umwana umushinja gushaka…
Mu rukiko, umuyobozi w'ikigo kisumbuye cya Ecole des Sciences Louis de montfort Nyanza yasomewe ibaruwa umwana w'umukobwa yanditse avuga uburyo uwo muyobozi yamuhozaga ku nkeke ashaka kumusambanya ku gahato.
Nyuma y'aho mu mpera!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Umwalimu yasezeye ku kazi kubera ko imyemerere ye itamwerera kwambara agapfukamunwa
Umwalimu witwa NSHIMIYE wigisha isomo ry'icyongereza mu ishuli ribanza rya BINOGO riherereye mu Murenge wa Macuba mu Karere ka Nyamasheke, yanditse ibaruwa isezera ku kazi k'ubwarimu kubera ko imyemerere ye itamwemerera kubahiriza!-->!-->!-->…
Muhanga: Abayobozi 2 bakurikiranyweho kwaka ruswa yo guhindurira abaturage ibyiciro by’ubudehe
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abayobozi babiri bo mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Nyarusange bakurikiranyweho kwakira no gusaba ruswa abaturage kugira ngo babahindurire ibyiciro by’ubudehe.
Tariki ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Goma: Iraswa ry’umuvunjayi ryatumye abaturage bigaragambya.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, mu karere ka Majengo (mu majyaruguru ya Goma) no muri Buhene (ku mupaka uhuza umujyi n’akarere ka Nyiragongo) abaturage baramukiye mu myigaragambyo yamagana umutekano mucye ukomeje kugaragara muri ako!-->!-->!-->…
Itangazo rya Habumugisha wifuza guhinduza amazina
Bwana HABUMUGISHA mwene BANZUBANZE Laurent na BARANZAMBIYE utuye mu Karere ka Rutsiro arasaba uburenganzira bwo guhinduza amazina, ku izina rye rya HABUMUGISHA hakiyongeraho Jean De Dieu, bityo akitwa HABUMUGISHA JEAN DE DIEU akaba ari!-->!-->!-->…
Rusesabagina yareze Sosiyete y’indege ya GainJet Aviation n’umuvugabutumwa Costantin Niyomwungere,…
Paul Rusesabagina yatanze ikirego mu rukiko arega Sosiyete y’indege ya GainJet Aviation yo mu Bugereki n’umuvugabutumwa witwa Costantin Niyomwungere, abashinja ’gufatanya n’u Rwanda kumushimuta’.
Umuryango wa Rusesabagina wakunze!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye uburyo amakipe azahura muri kimwe cya munani cya UEFA Champions league
Uyu munsi tariki ya 14 Ukuboza 2020, habaye Tombola ya 1/16 cya UEFA Champions League aho PSG yahawe amahirwe yo kwihimura kuri FC Barcelona yabasezereye mu myaka miki ishize ibanyagiye ibitego 6-1 mu gihe mu mukino ubanza iyi PSG yari!-->!-->!-->…
Nyanza: Umugabo wakekwagaho kwicisha umugore we ishoka na we yapfuye.
Umugabo wo mu Murenge wa Mukingo mu Karere ka Nyanza wakekwagaho kwica umugore we amukubise ishoka mu mutwe, na we akagerageza kwiyahura mu modoka ikamugonga akajyanywa mu bitaro, yapfuye kuri iki cyumweru.
Tariki ya 3 Ukuboza 2020!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye igihe urukingo rwa Covid-19 ruzaba rwageze mu Rwanda
Minisitiri w’Ubuzima,Dr.Ngamije Daniel,yatangaje ko u Rwanda rwamaze gutanga ubusabe bw’urukingo rwa Covid-19 ndetse ngo muri Werurwe 2021 ruzaba rwageze mu gihugu ruhabwe abagera kuri 20% barimo abakozi bo kwa muganga, abafite indwara!-->!-->!-->…
“Ikiguzi cyo kurebera ruswa kirenze icyo kuyirwanya”-Perezida Kagame
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 09 Ukuboza 2020, Perezida wa Repuulika y’u Rwanda paul Kagame yitabiriye umuhango wo gutanga ibihembo byiswe “International Anti-corruption Excellence Awards” byitiriwe Umuyobozi w’Ikirenga (Emir) w’igihugu!-->!-->!-->…
Prezida Tshisekedi yeguje ministre w’intebe nyuma y’imvururu zabereye mu nteko ishinga…
Nyuma y'imvurur zabereye mu nteko ishingamategeko, Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye Minisitiri w’Intebe Bwana Sylvestre Ilunga Ilunkamba kwegura.
Bibaye nyuma y’umunsi umwe agejeje ijambo!-->!-->!-->!-->!-->…
Uyu we ngo we ngo Ise umubyara n’inguge ni Nyina wabi mubwiye.
umwana witwa Augusto Dembo nyina yamuhamirijeko yamubyaranye n'inguge! umwana wimyaka 13 wibera i Louanda muri Angola yatangaje ko nyina yasize amuhamirije ko yamubyaranye n'inguge yo mubwoko bwa chimpazee' inguge.
Nkuko itangaza makuru!-->!-->!-->…