Uyu we ngo we ngo Ise umubyara n’inguge ni Nyina wabi mubwiye.

10,090
Kwibuka30

umwana witwa Augusto Dembo nyina yamuhamirijeko yamubyaranye n’inguge! umwana wimyaka 13 wibera i Louanda muri Angola yatangaje ko nyina yasize amuhamirije ko yamubyaranye n’inguge yo mubwoko bwa chimpazee’ inguge.

Nkuko itangaza makuru Gazeta Nacional ryabitangaje umubyeyi w’uyumwana witwaga Anita Dembo mbere y’uko apfa yakoraga muri parike y’igihugu ya Cameia kuva 1998.muri icyo gihe yakoraga ako kazi birakekwako yasambanaga na Chimpazee.

umuganga w’inzobere nawe yavvuze ko ari umbwambere yumvise ibintu nkibi byo kubyarana ni inguge

Ati:”Gusambana hagati y’umuntu na chimpanzee ni ibisanzwe muri aka gace ariko ni ubwambere bitangajwe ko yateye inda”.

Kwibuka30

Abahanga mu byasiyanse bakomeje gushidiknya ibitangazwa n’uyumwana wemeza ko ise umubyara ari inguge ndetse abandi nabo bakamwaganira kure.

Bitewe nuko isura y’uyumwana igaragara yaramamaye muri Angola ikaba ikomeje gufatwa nkimpano idasanzwe muri iki gihugu.

Pererezida wa Angola we amwita ko ari “Umwana w’igitangaza w’Angola .”Ikimenyetso cy’uko Imana iriho ndetse ko Angola ari igihugu ki igihanganje.

umuntu akaba yakwibaza niba yarameye inguge yamwibyariye ashobora kwita papa! cyangwa aramutse agiye gusha Inyandiko y’Ivuka..

Leave A Reply

Your email address will not be published.