Ihene yatangaje benshi ubwo yabyaraga ikintu gisa n’umuntu

11,387
Kwibuka30

Mu gihugu cya Nigeriya ihene yabyaye ikintu gifite umutwe nk’uwumuntu bitungura benshi.

Kwibuka30

Ikinyamakuru kitwa Daily Trust kivugako umuganga wamatungo witwa , Dr Afolabi Josephyakijije ubuzima bwiriya hene kuko yarigiye gupfa.

Uyu mu veterineri yabyaje iyi hene ayibaze muri kariya gace ka Osun nawe mu gutungurwa abona ibyaye ihene ifite mu maso nkahumuntu hashize umwanya ihita ipfa.

Itangazo ryasohowe na Minisitiri w’ubuhinzi Segilola Babalola ryavugagako lariya kana kihene kari gafite agatwe gato nkakumuntu ariko icyo bishimiye ngo nuko nyina yabayeho

Leave A Reply

Your email address will not be published.