Inama y’abaminisitiri yemeje ko gahunda ya #gumamurugo# yongerwaho ibindi byumweru bibiri

22,565
Kwibuka30

Inama y’aba minisitiri yanzuye ko ingamba zo gukumira icyorezo cya Covid-19 zikomeza gukurikizwa uko zakabaye kugeza ku italiki 19 z’uku kwezi

Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu Nyakubahwa prezida wa Repubulika y’u Rwanda yayoboye inama inama idasanzwe y’aba ministre hakoreshejwe uburyo bw’iya kure buzwi nka video conférence, muri iyo nama yayobowe na Prezida wa Repubulika ari kumwe na Ministre w’intebe Dr Edouard NGIRENTE na ministre w’ububanyi n’amahanga Dr BIRUTA Vincent hafashwe imyanzuro myinshi, iyo nama yemeje ko amabwiriza yafashwe mu rwego rwo gukumira no kugabanya ubwandu n’ikwirakwizwa rya #Covid-19 akomeza kugeza ku italiki ya 19 z’uku kwezi kwa Mata 2020 mu gihe icyari cyatanzwe mbere cyari gisigaje iminsi itatu.

Kwibuka30
Leave A Reply

Your email address will not be published.