Itangazo rya MUKAHIGIRO UWIMANA usaba guhindura izina.

9,200
Kwibuka30

Uwitwa MUKAHIGIRO UWIMANA Epiphanie mwene NTABANGANYIMANA na NYIRAMVUKIYEHE arasaba guhindura izina, Ubusanzwe yitwaga MUKAHIGIRO UWIMANA Epiphanie, akaba yifuza ko MUKAHIGIRO rikurwaho, bityo akitwa UWIMANA Epiphanie akaba ari naryo ryandikwa mu gitabo k’irangamimerere. Impamvu ashingiraho mu gutanga ubusabe, ni uko ayo mazina ari maremare.

Kwibuka30
Leave A Reply

Your email address will not be published.