Itangazo rya UBAYEHO wifuza guhindurirwa amazina.

15,165
Kwibuka30
Kwibuka30

Uwitwa UBAYEHO mwene KARIMUNZIRA na NYIRARWIMO utuye mu Murenge wa Ruhango, Akarere ka Rutsiro, mu Ntara y’uburengerazuba, arasaba uburenganzira bwo guhindurirwa amazina ye yari asanzwe akoresha ariyo UBAYEHO xxx, Hakiyongeraho “JEAN BAPTISTE” ku izina yari asanganywe, bityo akitwa UBAYEHO JEAN BAPTISTE Akaba ari nayo mazina yandikwa mu gitabo cy’irangamimerere.

Impamvu atanga zishimangira ubusabe bwe, ni uko izina Jean Baptsite ariryo zina yabatijwe.

Leave A Reply

Your email address will not be published.