Kigali: Abarimu ba Kaminuza banze kwigisha kubera Ibirarane byabo batarahembwa
Abarimu ba Kaminuza ya Gikirisitu ya Kigali (Christian University of Rwanda) banze kwigisha kubera ibirarane…
Umukinnyi wa Stoke City yiyahuye abitewe n’ubutumwa yasanze muri telefoni…
Umukinnyi ukiri muto yiyahuye ku yaka 21 nyuma yamasaha 12 atandukanye n'umukobwa bakundanaga kubera ubutumwa…
KIDUMU afashe umwanzuro wo kutazongera gutaramira iwabo no mu Rwanda
N'agahinda kenshi, Bwana KIDUMU atangaje ko ahagaritse gutaramira mu Rwanda no mu Burundi kugeza igihe kitazwi.…
Prezida RAMAPHOZA yandagajwe, avugirizwa induru ubwo yagezaga ijambo ku baturage…
Ubwo yari arimo ashyikiriza ijambo mu muhango wo gusezera bwa nyuma uwahoze ari Prezida wa Zimbabwe Robert…
Bwana MPUMUJE yaraye akubiswe n’inkuba arapfa
Umugabo witwa MPUMUJE JONATHAN wari utuye mu Karere ka HUYE yaraye akubiswe n'inkuba arapfa.
Bwana MPUMUJE…
Undi mugabo Yiyahuye Avuye ku Igorofa rya Munani ahita ashiramo umwuka
Umugabo wari urwaye utatangarijwe amazina wo mu gihugu cya Uganda yitabye Imana nyuma yubwo yijugunye hasi…
Bidasubirwaho, KIDUMU yakuwe Ku Rutonde rw’Abazaririmba muri KIGALI JAZZ…
Nubwo yari yagaragaye ku rutonde rw'abahanzi bazaririmba mu gitaramo cya Kigali Jazz Junction, ubu…
Ikipe ya MUKURA VS isezereye ikipe ya APR mu gikombe cy’Agaciro
Mu mukino wa mbere w'irushanwa ry'Agaciro, ikipe ya MUKURA VS itahabwaga amahirwe isezereye ikipe ya APR FC…
Umurambo wa ROBERT MUGABE Ntuzashyingurwa mu irimbi ry’intwari
Nyuma y'impaka ndende hagati ya guverinoma ya Zimbabwe n'umuryango wa Robert MUGABE, birangiye byemejwe ko…
Babiri bakekwaho Kwica wa Mukobwa wo Muri KIST batawe muri Yombi
Urwego rw'igihugu rushinzwe ubugenzacyaha rwatangaje ko rumaze gufata abantu babiri bakurikiranyweho icyaha cyo…
Guverineri Mufulukye aherutse kunenga abahinzi banga gukoresha ifumbire nkana
Mu kwitegura igihembwe cy’ihinga cya 2019 A, ubuyobozi bw’Intara y’i Burasirazuba burasaba abahinzi gukoresha…
U Rwanda na Uganda bigiye kongera guhurira I Kigali mu biganiro by’amahoro
Biteganijwe ko bino bihugu bibiri byongera guhurira mu nama I Kigali kuri uno wa mbere bigire hamwe ishyirwa mu…
Ibihembo byiyongereye ku makipe azitwara neza mu irushanwa ry’Agaciro
Amakuru agera kuri Radiotv10 dukesha iyi nkuru avuga ko Ikipe izegukana igihembo cy’imikino…
Cristiano Ronaldo yakoze agashya katigeze kabaho ku Isi
Ku myaka 34 Cristiano Ronaldo ntabwo arahagarika guca uduhigo aho mu ijoro ryakeye yaraye atsinze…
Umupasiteri yiganye Yesu arapfa
Umupasiteri witwa Alfred Ndlovu ukomoka muri Afurika y’Epfo yapfuye ahitanywe n’inzara nyuma y’iminsi 30 yari…