UKO UTUMIZAMO IKAWA BISHOBORA KUGARAGAZA kO WIKUNDA

10,003
Kwibuka30
Does a Fear of Being Judged Affect Your Coffee Order? | Food & Wine

Impuguke mu myitwarire y’umuntu yavuze ko ashobora kumenya imiterere yumuntu urebye uko atumije ikawa ariko se yabivuzeho iki cyatuma umuntu abyizera?

Niba ukunda gufata  ikawa, birashoboka ko ufite gahunda yo gusubiramo inshuro nyinshi mugihe winjiye aho icuruzwa usaba ko bakongera mu gihe ishize. Ariko wari uziko burigihe utanze iryo tegeko, uba utanga amabanga kumiterere yawe?

Ibyo ni byo byavuzwe na Darren Stanton, impuguke mu myitwarire ya muntu, akaba yarahoze ari umugenzacyaha wa polisi, akaba n’umuhanga mu by’imitekerereze ya muntu, avuga ko hari ibisobanuro byimbitse inyuma ya buri kawa umuntu yatumije. Darren yaganiriye n’uwitwa Delish kubyo buri bwoko bwa kawa busobanura kumuntu uyinywa – none ibyo ukunda bikuvugaho iki?

Kwibuka30

Ikawa yirabura(Black coffee)

Iyi mpuguke yavuze ko ku bakunda ikawa y’umukara baba bahuriye ku kuba ari abantu bashyira umutima ku byo bakora, ndetse bagaharanira ko biba byiza ndetse akenshi bakabireka babirangije nta gucumbika cyangwa ngo babihagarike. Ibi kandi babikora bidasabye kubibwirizwa kenshi cyangwa kubihatirwa n’abandi.

Drink coffee after breakfast, not before, for better metabolic control

Ariko nanone nk’uko Darren yabitangaje, ngo abantu bakunda gufata kawa yirabura bakunda guhaza ibyifuzo byabo akenshi bakirengagiza abandi, bisobanuye ko mu mitekerereze yabo habamo kwikunda gukabije.

Ibi Darren yabitangaje amaze gukora ubugenzuzi ku miterere y’aba bantu akurikije uko bakaga indi kawa mu gihe iyo babaga bafite yabaga yenda gushira kandi yatindaho gato ugasanga hari uko bahindura imyitwarire rimwe na rimwe bakavuga nabi.

Comments are closed.