Browsing Category
Imikino
Maroc: Leta yatanze indege 30 ku banyagihugu bifuza kujya gufana ikipe muri Qatar
Nyuma yo gutsinda ikipe ya Portugal ikabona umwanya wo gukina kimwe cya kabiri mu gikombe cy'isi, Umwami wa Maroc yemeye gutanga indege 30 ku bantu bose bifuza kujya gufana ikipe yabo muri Qatar
Sosiyete y’Ubwami bwa Maroc ishinzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Maroc itahabwaga amahirwe, yanditse amateka mashya ku mugabane wa Afrika nyuma yo gutsinda Portugal
Ikipe ya Maroc itahabwaga amahirwe muri kino gikombe cy'isi kiri gukinirwa muri Qatar, imaze gutsinda ikipe ya Portugal yandikisha amateka mashya ku mugabane wa Afrika.
Ikipe y’igihugu ya Maroc yakoze amateka yo kuba ikipe ya mbere!-->!-->!-->!-->!-->…
Qatar: Umunyamakuru ukomeye yaguye igihumure arapfa ubwo yarebaga umupira wa Argentine…
Umunyamakuru ukomeye uturuka mu gihugu cya Leta Zunze ubumwe za Amerika yaguye hasi igihumure arapfa ubwo yari arimo arareba umupira wa Argentine na Hollande
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu ubwo abantu barebaga umupira wa kimwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Intsinzi ya Morocco kuri Spain yashimishije umwami ahamagara umutoza.
Nyuma y'aho ikipe y'igihugu ya Maroc itsinze ikipe y'igihugu ya Espagne, byashimishije cyane umwami wa Maroc bituma we ubwe yihamagarira umutoza w'ikipe amushimira.
Umwe mu minsi yaraye ishimishije benshi mu banyafrika muri kino!-->!-->!-->!-->!-->…
FIFA YAHANYYE SERBIA NYUMA YO KWITWARA NABI MU IKOMBE CY’ISI
FIFA YAMAZE GUTANGAZA KO IZAHANA SERBIA NYUMA YO KUGARAGAZA IMYITWARIRE IDAHWITSE MU KIBUGA.
Ni ibyaje bikurikira ibyari byabereye mu mukino wo gushaka itike ya 1/8 cy'irangiza wahuje Ubusuwisi na Serbia, abakinnyi barimo Granit!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ahubwo APR FC yaducitse, ntitwari kunganya nayo” KNC wa Gasogi Utd
Perezida w'ikipe ya Gasogi Utd Bwana KNC yavuze ko ababajwe no kunganya n'ikipe ya APR FC kuko yari yayiteguye bihagije.
Kuri uyu wa gatanu championnat yarakomeje ku munsi wayo wa 12, ikipe ya Gasogi Utd yagombaga guhura n'ikipe ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Otto Addo watozaga ikipe ya Ghana nawe yeguye nyuma y’uko ikipe ye itarenze amajonjora
Umutoza w'ikipe y'umupira w'amaguru ya Ghana Bwana Otto Addo yamaze kwemeza ko asezeye ku mirimo yo gutoza iyo kipe nyuma iyo kipe itabashije kurenga amajonjora muri ino mikino y'igikombe cy'isi imaze iminsi iri kubera muri Qatar.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida wa Gasogi Utd yarahiye ararengwa ngo nadatsinda APR FC azasaba imbabaza abafana
Perezida wa Gasogi Utd yarahiye ararengwa ko ikipe ye igomba gutsinda ikipe ya APR FC mu mukino uzabahuza ku munsi w'ejo i Nyamirambo.
Championnat y'umupira w'amaguru mu Rwanda izakomeza mu mpera z'iki cyumwer turi gusoza, umwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
IBIHE BY’ICURABURINDI BYASIMBUYE IMYAKA ICUMI Y’IBYISHIMO MURI JUVENTUS BYATEWE…
JUVENTUS YAMAZE IMYAKA ICUMI IYOBOYE UBUTALIYANI MU GUTWARA IBIKOMBE UBU NTIGIFITE BWA BUKAKA BWAYO. BYATEWE N'IKI?
Biragora iyo wamenyereje umwana wawe kumuha amafaranga ngo agure icyo ashatse cyose, rimwe yagusaba amafaranga!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyamakuru Antha yikomye umusifuzi Abdul asaba ko atazongera gusifurira ikipe ya Rayon Sport
Umunyamakuru witwa Antha ukorera radio10 yibasiye bikomeye umusifuzi uri ku rwego mpuzamahanga uzwi nka Abdul amushinja kwiba ikipe ya Rayon ndetse asaba abayobozi b'ikipe gusaba FERWAFA ko itazongera guha umukino wayo uno musifuzi.
!-->!-->!-->!-->!-->…
KNC arashinja perezida wa KIYOVU Sport gushaka kugundira ubuyobozi bw’ikipe
Umuyobozi w'ikipeya Gasogi United arashinja Bwana Juvenal gushaka kugundira ubutegetsi bw'ikipe ya Kiyovu sport
Nyuma y'uko kuri iki cyumweru ikipe ya Gasogi yongeye kwisenegerera ikipe ya Kiyovu ikayikubita nk'izakubiswe akabwana,!-->!-->!-->!-->!-->…
Kiyovu sport ikomeje kuba insina ngufi imbere ya Gasogi Utd
Ikipe ya GAsogi Utd yongeye icecekesha ikipe ya Kiyovu sport nyuma yo kuyinyagira ibitego bitatu byose kuri kimwe.
Kuri iki cyumweru championnaty'umupira w'amaguru mu Rwanda mu cyiciro cya mbere yakomeje, umwe mu mikino yari yitezwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Senegal ibaye ikipe ya mbere ya Afrika ibonye intsinzi muri Qatar
Ikipe ya Senegal yahesheje ishema umugabane wa Afurika nyuma yo gutanga andi makipe awuhagarariye kubona amanota 3 ubwo yatsindaga Qatar ibitego 3-1 mu mukino wa kabiri mu itsinda A.
Nyuma yo gutsindwa n’Ubuholandi mu mukino wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Arabie Saoudite yatsinze Argentine yari imaze imikino 36 itazi gutsindwa icyo aricyo
Arabie Saoudite yatunguye Argentine iyitsinda ibitego 2-1 mu mukino wabereye kuri Lusail Iconic Stadium, kuri uyu wa Kabiri, tariki 22 Ugushyingo 2022, ishyira iherezo ku mikino 36 iki gihugu cyari kimaze kidatsindwa.
Argentine!-->!-->!-->!-->!-->…
Senegal idafite Sadio Mane itisnzwe umukino wa mbere
Ikipe ya Senegal yari yijeje umukino usukuye n'intsinzi ku bafana bayo imaze gutakaza umukino wayo wa mbere.
Imwe mu makipe ahagarariye umugabane wa Afrika yahabwaga amahirwe yo kugera kure imaze gutakaza umukino wayo wa mbere!-->!-->!-->!-->!-->…