Browsing Category
Imikino
Hamenyekanye abasifuzi bari busifure umukino wa Rayon Sport na APR FC
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru ryamaze kwemeza abasifuzi bane bari busifure umukino w'ishiraniro uhuza Rayon sport na APR FC
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 11 Gicurasi 2022 ahagana saa cyenda kuri stade ya Kigali i Nyamirambo!-->!-->!-->!-->!-->…
Amavubi U-16 ntazitabira imikino y’isi
Mu buryo butunguranye, ikipe y'Amavubi Under 16 yabuze ibyangombwa biyerekeza muri Chypres mu gihe yari imaze iminsi iri mu mwiherero yitegura.
Abakinnyi b’ikipe y’igihugu Amavubi y’abatarengeje imyaka 16 bagombaga kwitabira!-->!-->!-->!-->!-->…
Gisagara VC yageze muri 1/4 mu mikino Nyafrika
Ikipe ya Gisagara VC nyuma yo kwitwara neza mu mukino wa kabiri mu itsinda D yahise ikatisha itike ya ¼ cy’irangiza mu mikino y’Afurika y’amakipe yabaye aya mbere iwayo mu bagabo “Men’s African Volleyball Clubs Championship!-->!-->!-->…
Umutoza wa APR FC ntiyumva ukuntu KAZUNGU Claver yaba umunyamakuru
Umutoza wa APR FC aravuga ko atumva ukuntu umuntu nka Kazungu Claver utarigeze arenga muwa gatatu w'amashuri abanza yaba umunyamakuru usesengura.
Nyuma y'aho ikipe ya MARINE FC itsinze ikipe ya APR igitego kimwe ku busa ariko!-->!-->!-->!-->!-->…
Miliyari 9 niyo yaguzwe umupira wambawe n’igihangange Maradona
Umwenda umukinyi igihangange mu mupira w’amaguru Diego Maradona yari yambaye mu irushanwa ry’igikombe cy’isi ryabereye mu gihugu cya Mexqique mu mwaka 1986 yagurishijwe amadorali y’Amerika imiriyoni 9 n’ibihumbi 300.
Umupira!-->!-->!-->!-->!-->…
Gisagara Volley Ball Club yerekeje muri Tunisiya mu mikino Nyafrika
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane taliki 05 Gicurasi 2022 ni bwo ikipe ya Gisagara VC yahagurutse mu Rwanda yerekeje i Tunis muri Tunisia aho igiye kwitabira imikino y’Afurika y’amakipe yabaye aya mbere wayo mu bagabo “Men’s!-->!-->!-->…
AS Kigali yongeye gutsinda Gasogi Utd amagambo ashira ivuga.
Ikipe ya AS Kigali yatsinze Gasogi United ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 25 wa shampiyona wakinirwaga kuri Stade ya Kigali. AS Kigali yaherukaga gutsinda iyi kipe kuwa Kabiri ushize.
bitego bya AS Kigali byatsinzwe na Ndekwe!-->!-->!-->!-->!-->…
MUTEBI yeretswe umuryango uva muri AS KIGALI, hinjira Kassa Mbungo
Ikipe ya AS Kigali yatangaje ko imaze gutandukana n'uwari umutoza wayo Bwana Mike MUTEBI yongera iha akazi Kassa Mbungo
Ubuyobozi bwikipe ya AS Kigali bwatangaje ko bumaze gutandukana n'uwari umutoza wayo, umugande MIKE MUTEBI!-->!-->!-->!-->!-->…
Ingengabihe y’amatora y’uzayobora FERWACY yashyizwe ahagaragara
Inteko rusange y'umukino w'amagare mu Rwanda yemeje ingengabihe (Calendar) y'amatora azasiga hamenyekanye abayobozi b'uwo mukino mu myaka ine iri imbere.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 23 Mata 2022 inteko rusange y'umukino!-->!-->!-->!-->!-->…
Arsenal ikubise Manchester United biyiha amahirwe yo kuba muri Big4
Nyuma y'aho ikipe ya Arsenal inyagiye ikipe ya Chelsea, iyi kipe yongeye ikubitira mu igunira ikipe ya Manchester United biyongerera amahirwe yo kuba mu makipe ane meza (Big4)
Championnat y'umupira w'amaguru mu gihugu cy'Ubwongereza!-->!-->!-->!-->!-->…
Mauricio pochettino yatunguwe n’icyemezo Man Utd yafashe
POCHETTINO UTOZA PSG YAVUZE KO YATUNGUWE N’ICYEMEZO MANCHESTER UNITED YAFASHE MU GUHITAMO UMUTOZA
Mauricio Pochettino utoza Paris Saint Germain yo mu Bufaransa yatangaje ko yatunguwe n’ikemezo iyi kipe ya Manchester united yafashe!-->!-->!-->!-->!-->…
Manchester United yatangaje Erik ten Hag nk’umutoza mushya
Manchester United yatangaje Erik ten Hag nk’Umutoza Mukuru w’iyi kipe kugeza muri Kamena 2025, ndetse ko hashobora kwiyongeraho undi mwaka umwe.
Erik ten Hag agiye muri iyi kipe yo mu Bwongereza, nyuma yo kumara imyaka ine atoza!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasogi Utd isutse umucanga mu isombe bishyira Kiyovu mu kaga
Ikipe ya Gasogi Utd ikubise ahababaza ikipe ya Kiyovu Sport iyishyira mu mibare myinshi kugira ngo yegukane igikombe cya championnat
Kuri uyu wa gatanu championnat y'umupira w'amaguru mu Rwanda yakomeje ku munsi wayo wa 23, umwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’ibindi bihangane muri Ruhago, FC Barcelona nayo yaraye isezerewe.
F.C Barcelona yahabwaga amahirwe yo kwitwara neza muri Europa League yasezerewe mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane, itsinzwe na Eintracht Frankfurt yo mu Budage ibitego 3-2.
Iyi kipe ikomeye yo muri Espagne yasezerewe ku giteranyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza w’ikipe y’Ubuholande yatangaje arwaye kanseri ya Prostate
Umutoza w'ikipe y'igihugu y'umupira w'amaguru y'Ubuholande, Bwana Van Gaal yatangaje ko nyuma y'ibizamini byo kwa muganga yakorewe mu mpera z'icyumweru gishize ibisubizo byerekanye ko afite kanseri ya prostate.
Umutoza Van Gaal!-->!-->!-->!-->!-->…