Browsing Category
Imikino
Ikipe ya Rayon Sport isinyishije abandi bakinnyi batatu
Ikipe ya Rayon Sport yasinyishije abandi bakinnyi batatu bazayifasha guhatanira igikombe cya saison itaha.
Amakuru atugera aremeza ko ikipe ya Rayon sport, ikipe ikunzwe n'abatari bake mu Rwanda yaba imaze gusinyisha abandi bakinnyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Haruna yakorewe ibirori bidasanzwe ubwo yasezerwagaho mu ikipe ya Yanga
Ikipe ya Yanga SC yo muri Tanzaniya yahaye icyubahiro Haruna Niyonzima nk’ikimenyetso cyo ’kumushimira’ nyuma y’imyaka umunani akinira iyi kipe nk’umukinnyi wo hagati.
Ku wa kane, tariki ya 15 Nyakanga, Yanga yakinnye umukino wabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Messi yasinye masezerano amugumisha muri BARCA yemera kugabanirizwa umushahara.
Lionel Messi wari umaze iminsi yararangije amasezerano n'ikipe ya Baracelona, birangiye yemeye kuguma muri iyi kipe ariko akagabanirizwa umushahara.
Ikipe y'ikigugu yo mu gihugu cya Espagne izwi nka FC BARCELONA yatangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC yerekanye abakinnyi 6 imaze kwibikaho.
Ikipe ya APR FC yerekanye ku mugaragro abakinnyi babo batandatu imaze kwibikaho.
Nyuma yo gutangaza abakinnyi imaze gutandukana nayo, ikipe ya APR yongeye yerekena ku mugaragaro abakinnyi batandatu imaze gusinyisha bazayifasha muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwabugiri Omar mu beretswe umuryango uva mu ikipe ya APR FC
Ikipe ya APR FC imaze gutandukana n'abakinnyi babo bagera kuri batatu
Amakuru yatangajwe n'ikipe ya APR FC abinyujije ku rubuga rwabo aravuga ko iyo kipe ya gisirikire imaze gutandukana n'abakinnyi babo bagera kuri batatu.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Football: FA yamaganye irondaruhu kuri Marcus Rashford, Jadon Sancho na Bukayo Saka barase penalties
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Bwongereza (FA) ryamaganye irondaruhu ryibasiye abakinnyi b'ikipe y'igihugu Marcus Rashford, Jadon Sancho na Bukayo Saka, nyuma yuko butsinzwe n'Ubutaliyani ku cyumweru ku mukino wa nyuma wa Euro!-->!-->!-->…
Ikipe ya Rayon Sports itumije inama y’igitaraganya yo kwiga ku bibazo ifite nyuma yo gusaza ari…
Ikipe ya Rayon Sports itaritwaye neza muri uyu mwaka w’imikino wakinwe mu buryo bwihariye kubera Covid-19,yatumije inama y’igitaraganya mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26 Kamena 2021.
Nkuko amakuru yagiye hanz!-->!-->!-->!-->!-->…
UEFA yakoze amavugurura akomeye itesha agaciro itegeko ry’igitego cyo hanze
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru i Burayi (UEFA) yafashe umwanzuro wo gukuraho itegeko ry’igitego cyo hanze mu marushanwa yayo kuva mu mwaka utaha w’imikino.
Itegeko ry’igitego cyo hanze, ryashyizweho kuva mu 1965,!-->!-->!-->!-->!-->…
CR7 yaraye atsinze ibitego 2 bimuhesha agahigo ko kuba umukinnyi utsindiye ikipe ye ibitego byinshi
Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo, yageze ku gahigo k’Umunya-Iran, Ali Daei, watsindiye igihugu cye ibitego 109 mu mikino mpuzamahanga.
Cristiano Ronaldo w’imyaka 36, yabigezeho kuri uyu wa Gatatu mu mukino!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunya Ethiopia Derseh niwe wegukanye Full Marathon, Abanyarwanda begukana Half Marathon
Mu gitondo cyo kuri yu munsi nibwo i Kigali mu Rwanda hatangizwaga amarushanwa yo gusiganwa ku maguru yitwa Kigali Internation Peace marathon, harimo ibyiciro bya Half and Full Marathon. Mu Irushanwa rya Half Marathon ibihembo!-->!-->!-->…
FERWAFA yasubitse imikino 5 yari isigaye kubera icyoba cy’ubwandu bwa Covid-19
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko ryasubitse imikino ya championnat yari isigaye kubera ubwiyongere bw'ubwandu bwa Coronavirus.
FERWAFA yamenyesheje amakipe umunani arwana no kutamanuka mu cyiciro!-->!-->!-->!-->!-->…
Guy Bukasa watozaga Rayon sport yasimbujwe Kayiranga Jean Baptiste.
Umunyabigwi wa Rayon Sports,Kayiranga Jean Baptiste yongeye yagizwe umutoza w’agateganyo wa Rayon Sports nyuma y’aho uwari umutoza mukuru,Guy Bukasa,yeguye ku mirimo ye nyuma yo gutsindwa na APR FC igitego 1-0.
Kayiranga ugiye gutoza!-->!-->!-->…
Championnat yo gusiganwa ku magare yahagaritswe kubera icyoba cya Covid-19
Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda ’FERWACY’, ryatangaje ko shampiyona y’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda yari iteganyijwe mu mpera z’iki cyumweru yasubitswe bitewe n’ubwiyongere bw’icyorezo cya Coronavirus.
Iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza w’Amavubi Mashami yahamagaye abakinnyi higanjemo amasura mashya
Mashami Vincent umutoza mukuru w’Amavubi Stars yahamagaye abakinnyi 34 bagomba gutangira imyiteguro y’imikino 2 ya gicuti u Rwanda rufitanye n’Ikipe y’Igihugu ya Central Africa izaba tariki ya 4 n’iya 7 Kamena 2021 i Kigali.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Seninga yanditse amateka yo kuba umutoza wirukanywe hagati mu mukino.
Uwari umutoza wa Musanze FC Bwana Seninga Innocent yaraye yirukaniwe ku kibuga n’umuyobozi w’iyi kipe Tuyishime Placide uzwi nka Trump nyuma yo kunyagirwa na Gasogi United ibitego 4-1.
Seninga wakoze agahigo kabi ko kuba umutoza wa!-->!-->!-->!-->!-->…