Browsing Category
Imikino
“Hari ikizere ko twarenga kino kiciro tukagera muri kimwe cya kabiri” Mashami
Umutoza w'ikipe y'umupira w'amaguru AMAVUBI yijeje Abanyarwanda ko hari amahirwe yo kuba ikipe yakomeza ikarenga ikiciro cya kimwe cya kane.
Aho aherereye mu gihugu cya Cameroune ari naho hakomeje kubera amarushanwa ya CHAN, Umutoza!-->!-->!-->!-->!-->…
Amavubi yashyiriweho agahimbazamusyi gahanitse naramuka asezereye Guinea
Ikipe y'igihugu AMAVUBI Stars yashyiriweho agahimbazamusyi naramuka yitwaye neza agasezerera ikipe ya Guineya akagera muri kimwe cya kabiri.
Amavubi aheruka gushimisha Abanyarwanda bigatuma bamwe bashyira ubuzima bwabo mu kaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Amavubi agiye guhura na Togo umukino wanyuma mu matsinda itsinda irakomeza
Nyuma yo kungaya imikino ibiri mw’itsinda , Amavubi arasabwa gutsinda Togo kugira ngo yizere gukomeza muri 1/4 bagezemo muri 2016.
Kuri uyu wa Kabiri, Ikipe y’Igihugu irakina na Togo mu mukino w’ishiraniro usoza imikino yo m’itsinda C!-->!-->!-->…
Amavubi yerekeje Limbe aha azakinirwa umukino wa nyuma mu itsinda yavuye i Douala
Mu masaha atambutse yo kuri iki Cyumweru tariki 24/01/2020, ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yahagurutse Douala yerekeza Limbe ahazabera umukino wa nyuma mu itsinda C.
Ku i Saa ine n’iminota 40 (10h40) za Kigali, ni bwo abagize!-->!-->!-->!-->!-->…
Amavubi y’u Rwanda anganyije n’Imisambi ya Uganda,Fitina Omborenga aba umukinnyi mwiza…
Mu mukino wa mbere wa CHAN Amavubi yahuyemo na Uganda, Amakipe yombi anganyije 0-0, Omborenga Fitina w’Amavubi atorwa nk’umukinnyi witwaye neza.
Abakinnyi babanje mu kibuga kumpande zombi.
Ku munota wa Gatandatu, Amavubi yabonye!-->!-->!-->!-->!-->…
Urugamba rwa CHAN-2021 rwa tumye Sadate Munyakazi yemerera buri mukinnyi w’Amavubi amadorari…
Uwahoze ari Perezida wa Rayon Sports, Munyakakazi Sadate yatangaje ko umukinnyi w'Amavubi wese uri muri Cameroun azahabwa amadorari 100 y'Amerika ikipe y'Amavubi bakinira niyitwara neza igatsinda Uganda mu mikino ya CHAN 2021. kuri twitwer!-->…
Ubuzima bwa Sepp Blater wahoze ayobora FIFA buri hagati y’urupfu n’umupfu.
Biravugwa ko Uwahoze ayobora Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru ku Isi FIFA Bwana Seepp Blatter yaba yajyanywe mu bitaro arembejwe n'umuburwayi.
Aya makuru yemejwe n'umukobwa w'uyu musaza Umukobwa witwa Corinne, mu kiganiro kigufi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutahizamu wa KCCA Bryan Aheebwa yakoze ibishoboka byose atsinda ibitego 3 biba ibyubusa AS Kigali…
Ikipe ya AS Kigali yabonye itike yo kwerekeza mu cyiciro cya 3 kibanziriza imikino y’amatsinda ya CAF Confederations Cup nyuma yo gutsindirwa muri Uganda ibitego 3-1 na KCCA ariko igakomeza kubera iki gitego yatsindiye hanze cyane ko mu!-->…
Gasogi United yabonye umutoza usimbura na Cassa Mbungo Andre
Ikipe ya Gasogi United imaze kugira abafana bayikunda nkuko bakunze kubyivugira ko ari ikipe y'ibishimo. abafana bafite umwihariko wo guhuza izina rimwe mugihugu kuko bose bitwa izina rimwe"URUBAMBYE INGWE"
Iyi Gasogi United!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yavuze ko ari se wa Kagere Meddie yasabye ko hafatwa ibizamini bya DNA
Vedasto Katologi wemeza ko ari se wa rutahizamu w’Amavubi na Simba SC yo muri Tanzania, Kagere Meddie, yasabye ko hakorwa ibizamini bya DNA (amasano abantu bafitanye hakoreshejwe uturemangingo duto) kugira ngo agaragaze ukuri kwe.
!-->!-->!-->!-->!-->…
KCCA nyuma yoguterwa mpaga irasabwa gutsinda As Kigali ibitego 3-0 kugirango itambuke
Ikipe AS Kigali ihagarariye u Rwanda mu mikino ya CAF Confederations Cup yamaze gushyira hanze urutonde rw’abakinnyi irajyana muri Uganda mu guhangana na KCCA mu mukino wo kwishyura w’ijonjora rya kabiri ry’iri rushanwa.
Umukino ubanza!-->!-->!-->…
Becky Hammon yabaye umugore wa mbere wabaye umutoza mukuru w’ikipe muri NBA
Kuwa gatatu nijoro Becky Hammon yinjiye mu mateka nk'umugore wa mbere wabaye umutoza mukuru w'ikipe y'abagabo mu mukino wa shampiyona wa NBA.
Ibi byabaye ubwo Becky yasimburaga umutoza mukuru wa San Antonio Spurs witwa Gregg!-->!-->!-->!-->!-->…
Uhiriwe Yasipi Casmir wabaye igisonga cya mbere cya Miss Rwanda 2019 yambaye “bikini”…
Uhiriwe Yasipi Casmir uhagarariye u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Africa Calabar 2020, we na bagenzi be bahatanye baserutse mu mwambaro wo kogana ariko umukobwa wo muri Solamia aratungurana yanga kwambara uyu mwambaro uzwi nka!-->…
Covid-19 itumye AS KIGALI ibyungukiramo itera mpaga ikipe ya KCC bari gucakirana uyu munsi.
Umukino ubanza wagombaga guhuza AS Kigali na KCCA mu cyiciro cya kabiri cya CAF Confederations Cup wari uteganyijwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Ukuboza,wasubitswe kubera ko iyi kipe yo muri Uganda yabuze abakinnyi 11 babanza mu!-->!-->!-->…
FERWAFA yatumiye amakipe mu nama iziga ku isubukurwa rya Shampiyona 2020/21
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda 'FERWAFA' ryatumiye amakipe 16 akina icyiciro cya Mbere mu nama nyungarunabitekerezo izaba ku wa 24 Ukuboza 2020, ikazibanda ku bigomba gukorwa kugira ngo Shampiyona yasubitswe hakinwe!-->!-->!-->…