Browsing Category
Imikino
Bamwe mu Banyamuryango ba Rayon sport bandikiye Prezida Sadate gutumiza inama idasazwe
Kugeza ubu abashaka kweguza Sadate MUNYAKAZI ku buyobozi bw'ikipe ya Rayon sport baravuga ko bataranyurwa, baramusaba ko yategura inama idasanzwe
Kuri uyu wa Gatandatu Tariki 08/08/2020 bamwe mu banyamuryango b’ikipe ya Rayon!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Nyuma y’imyaka 7 idafite ikiciro ibarizwamo, NYANZA FC irarimbanije imyiteguro yo kugaruka…
Abayobozi b'ikipe ya Nyanza FC bararimbanije imyiteguro yo kongera kugarura ikipe mu ruhando rwa ruhago mu Rwanda.
Nyuma y'aho mu mwaka w'imikino wa 2012-2013 ikipe ya NYANZA FC isenyukiye mu ikipe ya Rayon Sport, kuri ubu ubuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA yamaze gutangaza igihe shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda izatangira
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda ryamaze gutangaza ko championnat y'umupira w'amaguru mu Rwanda izatangira mu Kwakira
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda ryemeje ko imikino changwa se championnat y'umupira!-->!-->!-->!-->!-->…
Amateka ya SALHI Abdelhamid wamaze imyaka 22 muri ruhago atarahabwa ikarita iyo ariyo yose
Hari na benshi bagarukwaho cyane mu mitwe y'inkuru kubera impamvu zitakabaye ngombwa, nko kwigusha, guserereka bikomeye (gutera tacle) ndetse yemwe no kurumana, bikomeje kuba nk'ibisanzwe mu mupira w'amaguru wa none.
Umugabo umwe!-->!-->!-->!-->!-->…
FIFA yashyizeho igihano k’ikarita y’umutuku ku mukinnyi uzajya ukororera cyangwa agacira…
Abashyiraho amategeko mu mupira w'amaguru batangaje ko abakinnyi bazajya bakororera kuri bagenzi babo cyangwa ku basifuzi babigambiriye bashobora guhabwa ikarita itukura.
International Football Association Board (IFAB) yatangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Menya ibikombe 10 bihenze mu isi ya Ruhago n’agaciro kabyo.
Mu Rwanda rwo hambere aha, mu rwego rwo gushimira abahize abandi ubutwari, hifashishwaga ubwoko 3 bw’impeta aribwo Umudende (impeta y’ubutwari yambikwaga uwishe ababisha 7 ku rugamba), Impotore (impeta y’ubutwari yo yahabwaga!-->!-->!-->…
Maj.General MUBARAKA Muganga yagizwe umuyobozi wa APR FC
Major General MUGANGA MUBARAKA wari usanzwe ari umuyobozi wungirije w'ikipe ya APR FC yagizwe prezida wayo.
Nyuma y'inama yateranye kuri uyu wa mbere igahuza ubuyobozi bw'iyi kipe ya gisirikare, umwe mu myanzuro myinshi yahafatiwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Patrick SIBOMANA ku rutonde rw’abakinnyi batifuzwa muri Yanga
Patrick SIBOMANA yaje ku rutonde rw'abakinnyi Yanga itifuza gukomezanya nabo
Kuri uyu wa Mbere ikipe ya Young Africans izwi nka Yanga mu gihugu cya Tanzaniya, yatangaje abakinnyi igomba kuzakoresha mu mwaka utaha w’imikino, muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon sport yiteguye kujuririra icyemezo FERWAFA iherutse gufata kiyibuza gusohokera u Rda
Nyuma y'aho FERWAFA itangaje ko ikipe ya AS Kigali ariyo igomba guhagararira u Rwanda mu mikino nyafrika, Rayon Sport irasanga babogamye, ikaba igiye kujuririra icyo cyemezo.
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwemeza ko FERWAFA yabogamye!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA yemeje ko AS KIGALI izasohokera u Rwanda, Rayon sport igasigara ku rugo
Ferwafa imazekwanzura ko ikipe ya AS Kgli ariyo izahagararira u Rwanda mu mikino ya CAF confederations Cup bisobanuye ko Rayon izasigara ku rugo umwaka utaha.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu taliki ya 31 Nyakanga 2020 nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Eric NSHIMIYIMANA yongerewe amasezerano Mateso wari umwungirije arirukanwa.
Kuri uyu wa Gatanu ku biro by’ikipe ya AS Kigali, habereye umuhango wo kongera umutoza Eric Nshimiyimana amasezerano y’umwaka umwe nk’umutoza mukuru w’iyi kipe.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane nibwo ubuyobozi bw'ikipe ya AS Kigali!-->!-->!-->!-->!-->…
RUKUNDO Denis yateye umugongo Rayon Sport yongera amasezerano muri POLICE FC
Bwana Denis RUKUNDO wavugwaga ko ashobora kwerekeza mu ikipe ya Rayon Sport, yongereye amasezerano mu ikipe ya Police FC
Kuri uyu wa 29 Nyakanga 2020 nibwo uyu myugariro yaje kongera amasezerano mu ikipe ya Police Fc yo muri Uganda!-->!-->!-->!-->!-->…
SUGIRA Ernest yahawe amasezerano y’umwaka muri Rayon Sport
SUGIRA Ernest wakinaga nk'intizano mu ikipe ya Rayon Sport yahawe amasezerano y'umwaka muri iyo kipe ikunzwe na rubanda
Sugira Ernest yinjiye muri Rayon muri Kamena 2020 nyuma y'ibibao yari amaze kugirana n'umutoza w'ikipe ya APR FC!-->!-->!-->!-->!-->…
Luc Eymael watozaga ikipe ya “Yanga” yirukanwe nyuma yo kugereranya abafana…
Ubuyobozi bw'ikipe ya Yanga Africans yirukanye umubiligi wari umutoza wayo nyuma yo kugereranya abafana b'iyo kipe n'imbwa n'inkende.
Kuri uyu wa mbere taliki ya 27 Nyakanga 2020, ubuyobozi bw'ikipe ikunzwe na benshi mu gihugu cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Ballon d’Or isubijwe mu kabati ka FIFA ntabwo izatangwa uyu mwaka 2020
Ikinyamakuru France Football cyatangaje ko uyu mwaka wa 2020 kitazatanga igihembo cya Ballon d’or cyari kimaze imyaka myinshi gitangwa ariko uyu mwaka cyakomwe mu nkokora na Covid-19.
Bwa mbere kuva mu mwaka w’i 1956 iki gihembo cya!-->!-->!-->!-->!-->…