Browsing Category
Imikino
Dore imyanzuro yose RGB na Ministeri ya Siporo bafashe mu gukemura ikibazo cya Rayon Sport
Mu gitondo cyo kuri uyu munsi nibwo Ministeri ya siporo ifatanije n'urwego rw'igihugu rw'imiyoborere RGB basohoye imyanzuro ijyanye no gukemura ikibazo cya Rayon sport, ikibazo cyari kimaze igihe kitari gito ndetse kikaba cyari kimaze!-->!-->!-->…
Sadate Munyakazi na komite ye bamaze kweguzwa
Nyuma y'inama yahuje impande zirebwa n'ikibazo cya Rayon sport ku bufatanye bwa ministeri ya siporo na RGB birangiye Bwana Sadate Munyakazi na komite ye begujwe.
Nyuma y'aho Nyakubahwa prezida wa Repubulika abajijwe ikibazo cya!-->!-->!-->!-->!-->…
“Iyo umuryango wanjye wumvise bantuka, ntibanjya kure, bamba hafi…” Sadate
Prezida wa Rayon Sport Bwana Sadate yavuze uburyo umuryango we ukomeje kumuba hafi muri bino bihe.
Byaba ari ibintu bitangaje cyane kuba uri umukunzi wa Sport ukaba utarumvise izina SADATE muri ano mezi nk'atanu (5) ashize, nubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Volcano Express na Hyundai zizajya ziha MUKURA VS miliyoni 70 za buri Mwaka
Ikipe ya Mukura Victory Sports yasinyanye amasezerano n’ibigo bya Hyundai na Volcano Express, ikazajya ihabwa Miliyoni 70 Frws buri mwaka.
Kuri uyu wa Gatandatu ikipe ya Mukura Victory Sports yasinyanye amasezerano y’ubufatanye!-->!-->!-->!-->!-->…
Agahinda ka Christiano Ronaldo ko gukina adafite abafana muri stade ba muririmbira!
Kizigenza Cristiano Ronaldo uherutse gukora agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere ku mugabane w’I burayi utsindiye ikipe y’igihugu ibitego birenga 100,yatangaje ko abangamiwe cyane no gukina ku bibuga nta bafana kuko ngo iyo bahari!-->…
Bashunga Abuba wigeze kuba umuzamu wa Rayon yerekeje muri Mukura VS
Umunyezamu Bashunga Abouba wari umaze umwaka umwe akina muri Buildcon FC yo muri Zambia, yasinye imyaka ibiri muri Mukura Victory Sports.
Visi Perezida wa Mukura Victory Sports, Sakindi Eugène, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakinnyi 2 ba Man City Riyad Mahrez na Laporte babasanzemo coronavirus
Manchester City yatangaje ko abakinnyi bayo babiri; Riyad Mahrez w’imyaka 29 na Aymeric Laporte w’imyaka 24, bombi banduye icyorezo cya Coronavirus.
Umunya-Algérie Riyad Mahrez na Laporte w’Umufaransa, ntabwo bakiri kwitozanya na!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwenda wa Minnaert utumye FERWAFA ifatira ibihano ikipe ya Rayon Sport
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA rimaze gufatira ibihano ikipe ya Rayon Sport kubera umwenda iyo kipe ifitiye uwahoze ari umutoza wayo IVAN Minnaert
Rayon Sports yafatiwe ibihano n’Ishyiramwe ry’Umupira w’Amaguru!-->!-->!-->!-->!-->…
US Open: Novak Djokovic yakuwe mu irushanwa kubera gukubita agapira umusifuzi
Novak Djokovic nimero ya mbere ku isi muri Tennis, yavanywe mu irushanwa rya US Open kubera gukubita agapira by'impanuka umusifuzi wo ku murongo mu mukino hagati.
Djokovic w'imyaka 33, yerekanaga umujinya wo kunanirwa kurenza agapira!-->!-->!-->…
Kapiteni wa Rayon Sport yandikiye ibaruwa ubuyobozi bw’ikipe abubwira ubukene n’agahinda…
Abakinnyi ba Rayon Sports bandikiye ubuyobozi bwayo babumenyesha ko bafite ibibazo bibakomereye muri ibi bihe bya Coronavirus kubera kudahembwa, basaba gusubizwa mu kazi kuko iminsi igenwa n’amategeko yarenze.
Muri Mata uyu mwaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutanga Eric wahoze ari kapiteni wa Rayon Sport yanenze uwari Prezida we SADATE MUNYAKAZI
Nyuma yo gutandukana n’ikipe ya Rayon Sports, Rutanga Eric avuga ko adashobora kwibagirwa ko perezida w’iyi kipe Munyakazi Sadate ari we muperezida wamugoye.
Rutanga Eric yinjiye muri Rayon Sports muri 2017 avuye muri APR FC asinya!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sport yateye utwatsi amakuru yavugaga ko hari abakinnyi bayo bamaze gusezera.
Ubuyobozi bwa Rayon Sports buravuga ko nta mukinnyi w’iyi kipe wanditse asezera nk’uko byaramutse bitangazwa ahubwo ko bari kubaza ibijyanye n’imishahara yabo kandi ko ari uburenganzira bwabo.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, ku!-->!-->!-->!-->!-->…
MUENI Fabrice wahoze akinira Rayon Sport yerekeje muri AFC Leopards
Nyuma yo kurangiza amasezerano yari afitanye n'ikipe ya Rayon Sport, impande zombi zikemeranywa kutayongera, kuri ubu Bwana MUGHENI FABRICE Amaze gusinya amasezerano mu ikipe yo mu gihugu cya Kenya yitwa AFC LEOPARDS, ikipe yakunze!-->!-->!-->…
Bayern Munich yaraye yegukanye igikombe cya Champions League ku nshuro 6 itsinze ikipe ya PSG.
Ikipe ya Bayern Munich yo mu gihugu cy'Ubudage yaraye itsinze ikipe ya PSG ku mukino wa nyuma w'igikombe cya Champions league.
Igitego kimwe cyatsinzwe na Kinglsey Coman cyafashije Bayern Munich kwegukana igikombe cya UEFA Champions!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Abagabo babiri bateze abagore babo ku mukino wa PSG na Bayern Munich
Abagabo babiri bo mu gihugu cy'Uburundi mu ntara ya Makamba bafana amakipe abiri agiye guhurira ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League ariyo Paris Saint Germain na Bayern Munich bandikiranye urwandiko bavuga ko utsinda undi!-->!-->!-->…