Browsing Category
Imikino
Biravugwa ko Cassa Mbungo yaba amaze gutandukana n’ikipe ya Gasogi United
Biravugwa ko umutoza w'ikipe ya GASOGI United Bwana Cassa Mbungo André yaba yamaze gutandukana n'iyo kipe nyuma yo gutsindwa umukino we na Kiyovu FC
Amakuru agera ku kiyamakuru Indorerwamo.com aravuga ko Bwana Cassa Mbungo André!-->!-->!-->!-->!-->…
FIFA yahagaritse by’agateganyo prezida wa CAF kubera gukoresha nabi umutungo…
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryahagaritse Perezida wa CAF, Ahmad Ahmad, imyaka itanu mu bikorwa by’umupira w’amaguru kubera ikoreshwa nabi ry’umutungo.
Ibi bihano byatangajwe kuri uyu wa Mbere mu gihe uyu mugabo!-->!-->!-->!-->!-->…
MUGISHA Moise niwe wegukanye irushanwa rya Grand Prix Chantal Biya ryaberaga muri Cameroune
Birangiye Umunyarwanda MUGISHA Moise ariwe wegukanye irushanwa ryari rimaze iminsi ine ribera mu gihugu cya Cameroune ryiswe Grand Prix Chantal Biya.
Amakuru aturuka mu gihugu cya Cameroune aremeza ko umusore witwa MUGISHA moise!-->!-->!-->!-->!-->…
NIZEYIMANA OLIVIER Boss wa Volcano Express yongeye agirwa Prezida wa MUKURA
Nizeyimana Olivier umushoramali wa VOLCANO Express yongeye kugirirwa ikizere cyo kuyobora ikipe ya Mukura Victory Sports mu myaka ine iri imbere.
Bwana NIZEYIMANA Olivier, umwe mu bagabo bafite agatubutse muri kino kigihugu akaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Cameroune: Mugisha Moise yegukanye akandi gace ka Grand prix Biya
Umunyarwanda Mugisha Moïse yegukanye Agace ka Kane ka Grand Prix Chantal Biya kakinwe kuri uyu wa Gatandatu, yiyongerera amahirwe yo gutwara iri siganwa.
Muri aka gace kabanziriza aka nyuma kakinwe, abasiganwa bahagurukiye i Zoétélé!-->!-->!-->!-->!-->…
Cameroune:MUGISHA Moise niwe ukomeje kuyobora isiganwa rya GP. Chantal Biya.
Moise MUGISHA niwe ukomeje kuyobora isiganwa ry'amagare rikomeje kubera mu gihugu cya Cameroune.
Yaoundé- Ebolowa (167 km)1. Kubiš Lukáš 03h51’36”2. Kamzong Clovis 03h51’36”3. Mugisha Moise 03h51’36”4. Mugisha Samuel 03h51’41”5.!-->!-->!-->!-->!-->…
Amavubi: Nta mpinduka Mashami Vincent yakoze ku babanjemo muri Cape Verde
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’, Mashami Vincent, yahisemo kubanza mu kibuga abakinnyi 11 yifashishije ku mukino yanganyijemo na Cap-Verde 0-0, kuwa 12 Ugushyingo, mu mukino wo kwishyura kuri uyu wa Kabiri.
!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWABA yamaze gushyira hanze italiki y’amatora ya komite nyobozi.
Inama y’inteko rusange y’ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Rwanda yabaye ku wa Gatandatu tariki ya 14 Ugushyingo 2020 yemeje ko amatora ya komite nyobozi azaba tariki ya 12 Ukuboza 2020.
Komite nyobozi y’ishyirahamwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikibazo cya Rutahizamu uzi gutsinda gitumye SUGIRA yongera kwifashishwa mu Mavubi
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru ‘Amavubi’, Mashami Vincent, yongeye kwitabaza rutahizamu Sugira Ernest mu bakinnyi bitegura umukino w’umunsi wa kane u Rwanda ruzahuramo na Cap-Vert ku wa Kabiri.
Rutahizamu Sugira!-->!-->!-->!-->!-->…
Mohamed Salah yagaragaweho Covid-19
Rutahizamu wa Liverpool ukomoka muri Misiri, Mohamed Salah, yanduye COVID-19 nyuma y'abandi bakinnyi b'ikipe ya Liverpool bagaragaweho Coronavirus barimo Tiago Alcantala, Nabi Keita , Sadio Mane n'abandi.
Mohamed Salah agaragaweho!-->!-->!-->!-->!-->…
Mukura VS yirukanye abakinnyi bayo bagera kuri batandatu
Biravuwa ko ikipe ya Mukura VS yamaze gutandukana n’abakinnyi bagera kuri 6 bayifashije mu mwaka ushize w’imikino aho yabamenyesheje ko itazabakoresha mu mwaka utaha w’imikino.
Ni inkuru yamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Imikino isigaye yo gushaka itike ya CAN izakinwa nta mufana uri mu kibuga
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yamenyesheje amashyirahamwe yose ayigize ko imikino yo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cya 2021, izaba mu Ugushyingo, yose izaba mu muhezo, nta bafana.
Uyu ni umwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
RBA igiye kujya yerekana imikino ya Shampiona y’umupira w’amaguru mu Rwanda
Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) cyasisanye amasezerano n'Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yo kwerekana amarushanwa ategurwa na FERWAFA.
Ni amasezerano yasinywe kuri uyu wa kabiri taliki 03 Ugushyingo,!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukinnyi wa 3 ukina hanze y’u Rwanda yageze mu Rwanda yitabiriye ubutumire bw’Amavubi
Umukinnyi ukina mu kibuga hagati mu ikipe ya AE Karaiskakis Artas yo mu Cyiciro cya Kabiri mu Bugereki, Rubanguka Steve yageze mu Rwanda yitabiriye ubutumire bw’ikipe y’igihugu Amavubi izakina na Cape Verde.
Yageze mu Rwanda ku wa!-->!-->!-->!-->!-->…
SKOL yahaye Rayon Sport agera kuri miliyoni 20 zizayifasha muri championnat
Uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa SKOL Ltd (SBL), rutera inkunga ikipe ya Rayon Sports, rwayihaye miliyoni 25 Frw zo kwifashisha muri iyi minsi iri kwitegura itangira ry’umwaka mushya w’imikino wa 2020/2021.
Ku!-->!-->!-->!-->!-->…