Browsing Category
Imikino
Eden Hazard yatsinze igitego nyuma y’umwaka urenga atazi ikitwa izamu.
Eden Hazard yatsinze igitego cye cya mbere mu mwaka urenga wari ushize adatsinda, mu mukino Real Madrid yanyagiyemo Huesca ibitego 4 -1 ikajya ku mwanya wa mbere by'agateganyo muri shampiyona ya La Liga.
Uyu Mubiligi w'imyaka 29, ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Ni iki cyatumye Umutoza wa APR FC ahagarika by’agateganyo Umukinni Ishimwe Kevin
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu nibwo byamenyekanye ko umutoza w'ikipe ya APR FC yahagaritse by'agateganyo umukinnyi wayo uzwi nka ISHIMWE Kevin kubera imyitawrire idahwitse mu myitozo.
Ibi byabaye Ku mugoroba wo kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida wa FIFA Gianni Infantino yanduye Covid-19
Ubuyobozi bw'ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru ku isi bwatangaje ko umuyobozi mukuru w'iri shyirahamwe Gianni Infantino yanduye icyorezo cya Coronavirus.
FIFA yatangaje ko abantu bahuye na Infantino w'imyaka 55 mu minsi ishize!-->!-->!-->!-->!-->…
MUGHENI Fabrice yerekanywe nk’umukinnyi mushya wa AFC Leopards
Kakule Mugheni Fabrice uheruka gusoza amasezerano muri Rayon Sports, yamaze gusinyira ikipe ya AFC Leopards yo muri Kenya.
Nyuma y’iminsi yarumvikanye na AFC Leopards yo muri Kenya, kuri uyu wa Kabiri tariki 27/10/2020 ni bwo uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC ntikozwa ibyo kohereza abakinnyi bayo mu myitozo y’Amavubi
Ikipe ya APR FC ntiyemeye gutanga abakinnyi bayo baherutse guhamagarwa mu myitozo y'ikipe y'igihugu AMAVUBI, iravuga ko izabatanga nyuma y'icyumweru kuko ishaka kuzabifashisha mu mikino ya gishuti ifite vuba aha.
Byari byitezwe ko!-->!-->!-->!-->!-->…
MUKURA VS yasinyishije NKOMEZI Alexis wari umaze amezi atatu yirukanywe muri APR FC
Ikipe ya MUKURA VS yasinyishije bwana Nkomezi Alex, wari umaze hafi amezi atatu yirukanywe mu ikipe ya APR FC, azayikinira imyaka ibiri nk'umukinnyi wo hagati muri iyo kipe.
Nkomezi yasezerewe na APR FC nyuma y’umwaka umwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Paul Pogba yavuze ko agiye kujyana mu nkiko abantu bamuhimbiye ibinyoma
Paul Pogba, umukinnyi wo hagati wa Manchester United n'ikipe y'igihugu y'Ubufaransa, yavuze ko agiye kurega mu nkiko kubera amakuru y'ibinyoma uko yakabaye yose avuga ko agiye kureka gukinira Ubufaransa.
Byatangajwe ko Pogba!-->!-->!-->!-->!-->…
Ajax Amserdam inyagiye ikipe ya VVV-Venlo ibitego 13-0 mu mukino wa Shampiyona y’ubuhorandi.
Mu mukino wa shampiyona y'Ubuholandi wahuzaga ikipe ya VVV-Venlo na Ajax Amserdam kuri uyu wa Gatandatu taliki 24 Ukwakira, urangiye Ajax itahanye insinzi iremereye y'ibitego 13-0 bwa VVV-Venlo.
Muri uyu mukino Lassina Traore!-->!-->!-->!-->!-->…
Ansu Fatu wa FC Barcelona yakoze amateka atsinda igitego cye cya mbere muri El Classico.
Ibitego byo mu gice cya kabiri byatsinzwe na Sergio Ramos na Luka Modrić byafashije Real Madrid gutsinda FC Barcelone 3-1 mu mukino w’umunsi wa karindwi wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Espagne, La Liga, wabereye i Camp Nou kuri!-->!-->!-->…
Prezida KAGAME Yagaragaye ku kibuga areba umukino wa Basketball
Kuri uyu wa Gatanu tariki 23/10/2020, Perezida wa Republika y’u Rwanda Paul Kagame yitabiriye imikino yo gusoza shampiyona ya Basketball ya 2020, yari yarahagaze kubera icyorozo cya COVID-19,iri kubera muri Kigali Arena.
Perezida!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu marira menshi, Rutahizamu wa Manchester united Odian Ighalo aratabariza abanya Nigeria
Ighalo aratabaza UN ku bwicanyi bukomeje gukorerwa abaturage muri Nigeria
Kumugoroba wo kuri uyu wa kabiri nibwo ingabo za Nigeria mu mugi wa Lagosz ahukaga mu bigaragambyaga barwanya ubuhubutsi bw'abapolisi bumaze iminsi bugaragara!-->!-->!-->…
Cristiano Ronaldo yanduye Covid-19
Cristiano Ronaldo yanduye Covid-19
Rutahizamu wa Portugal na Juventus yo mu Butariyani Cristiono Ronaldo nawe yanduye Covid-19 yiyongera ku bandi bakinyi bamaze iminsi bagaragaweho iyi virus barimo Nabil Keita wa Liverpool.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza Fc yashyizeho inzego ziyobora iyi kipe mu myaka ibiri iri imbere
Hagati hari perezi Musoni Camile, iburyo hari Rwamurinda Athanase wabaye vice president, naho ibumoso bwe hari Ntirenganya Frederic Watorewe kuba umunyamabanga Mukuru wa Nyanza Fc.
Ikipe y'umupira w'amagaru ya Nyanza Fc ibarizwa mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Louis Suarez yavuze agahinda n’umubabaro yagiriye mu ikipe ya Barcelona
Louis Suarez yavuze uburyo yafashwe nabi mu ikipe ya Barcelona kugeza ubwo yarize kubera ibyishimo ubw yerekezaga mu ikipe ya Atletico Madrid.
Uyu ruahizamu w'imyaka 33 atutuka gihugu cya Uruguay aherutse kurangiza amasezerano ye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
ROBERTINHO wigeze gutoza Rayon Sport yahawe akazi ko gutoza ikipe ya Gormahia yo muri Kenya
Umunya Brazil Roberto Oliveira Goncalves do Carmo uzwi nka Robertinho wahesheje Rayon Sports igikombe cya shampiyona iheruka gutwara,bigatuma yandikisha ikaramu y'icyuma mu mitima y'abakunzi ba Rayon sport yabonye akazi mu ikipe ya!-->!-->!-->…