Browsing Category
Imikino
Abakunzi ba PSG batuye i Marseille babujijwe kwambara imyenda ya PSG ku munsi w’umukino wa…
Abatuye agace ka Bouches-du-Rhône gaherereyemo Umujyi wa Marseille mu Bufaransa, babujijwe kuzambara umwambaro wa Paris Saint-Germain ku Cyumweru ubwo izaba ikina na Bayern Munich ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League.
Paris!-->!-->!-->!-->!-->…
FC Barcelona yatangaje abakinnyi izagumana mu mwaka w’imikino utaha
Mu kiganiro kirambuye yagiranye na Barca TV,Perezida w’ikipe ya FC Barcelona,Josep Maria Bartomeu,yatangaje ko ikipe ayoboye yifuza kugumana abakinnyi 7 mu basanzwe bari mu ikipe ya mbere.
Ibi Bartomeu yabitangaje nyuma y’aho kuwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ingengabihe y’uburyo amakipe azahura mu Bwongereza yashyizwe hanze.
Abashinzwe gutegura shampiyona y’u Bwongereza, imwe mu zikunzwe cyane bashyize hanze ingengabihe (Calendrier) y'uburyo amakipe azahura mu mwaka w'imikino bemeza ko izatangira tariki 12/09/2020.
Muri kino gitondo cyo kuwa Kane nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Imikino yo guhatanira itike ya CAN izakomeza mu kwezi kwa 11
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika CAF, yatangaje igihe ibihugu birimo n’u Rwanda bizasubukurira imikino yo gushaka itike ya CAN 2022 izabera muri Cameroun.
Tariki 13/03/2020, ni bwo CAF yari yatangaje ko imikino!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyarwanda George Lewis Maniraguha yasinyiye ikipe ya Arsenal
Nyuma y’iminsi mu igeragezwa I Londres mu ikipe ya Arsenal, George Lewis Maniraguha ufite ubwenegihugu bw’u Rwanda na Norvege yamaze gusinya muri Arsenal amasezerano y’imyaka ibiri n’igice.
Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza yamaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Vincent Kompany wabiciye bigacika muri ruhago mpuzamahanga yasezeye muri ruhago
Vincent Kompany wahoze akinira ikipe y'Ububiligi na Manchester City ndetse n'andi makipe yasezeye ku mugaragaro muri ruhago.
Vincent Jean Mpoy Kompany w’imyaka 34 y’amavuko asezeye ku gukina umupira w’amaguru nyuma yo kumara imyaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya APR FC yerekanye ku mugaragaro umutoza uzafasha Adil Mohamed gutwara ibikombe Nyafrika
Ubuyobozi bw'ikipe ya APR FC burangajwe imbere na Visi Perezida wayo, Maj Gen Mubaraka Muganga, bwerekanye umutoza mushya wungirije, Uzafasha umutoza mukuru kugeza ikipe mu matsinda nkuko babyifuza.
Umuhango wo kwerekana umutoza!-->!-->!-->!-->!-->…
Ronald Koeman niwe ugiye gutoza ikipe ya FC Barcelona
Ibinyamakuru byo mu gihugu cya Espagne byaramutse bitangaza ko ikipe ya FC Barcelona yamaze kumvikana n’umutoza w’igihugu cy’Ubuholandi Ronald Koeman kugira ngo asimbure Quique Setien uherutse kuyobora iyi kipe mu mukino yanyagiwemo!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Hadji Manara umuvugizi w’ikipe ya SIMBA yasabye kwegura kuri uwo mwanya kubera…
Hadji Manara umuyobozi w'imwe mu makipe akunzwe cyane muri Tanzaniya yasabye ko abakunzi bamwemerera akegura ku buyobozi bw'iyo kipe kubera uburwayi.
Ntibishoboka kuba uri umuntu ukurikiranira hafi umupira w'amaguru mu Karere maze!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza wa Rayon Sport Guy Bokassa arashinja abafana kwica abakinnyi mu mutwe
Guy BUKASSA umutoza mushya wa Rayon Sport arasanga hari abafana bica mu mitwe abakinnyi b'ikipe.(Photo: Rwandamagazine)
Bwana GUY BOKASSA umutoza mukuru w'ikipe ya Rayon sport nk'umwe mu bitabiriye umwiherero w'abayobozi b'ikipe ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Prezida Sadate Yijeje abakinnyi n’abakozi ko bazahembwa ibirarane byose mu byumweru bibiri
Prezida wa Rayon Sport Bwana Sadate MUNYAKAZI yijeje abakinnyi n'abandi bakozi bose ba Rayon Sport ko bazabona imishahara yabo mu byumweru bibiri biri imbere.
Guhera kuri uyu wa gatandatu taliki ya 16 no ku cyumweru taliki ya 17!-->!-->!-->!-->!-->…
The World’s Top Ten Tallest Footballers
Football is a game that don’t necessarily require a certain height for the professional level unlike basketball , you can fine talented and popular footballers of all heights range , but thinking about who is the tallest footballer in!-->!-->!-->…
Umunya Nigeriya wakinaga umukino wa Basketball yapfiriye mu kibuga
Bwana MICAEL Ojo yapfiriye mu kibuga ubwo yari ari mu myitozo ya basket ball
Umunya Nigeria witwa Michael Ojo wakinaga umukino w'amaboko wa Basketball nk'uwabigize umwuga yapfiriye mu kibuga kuri uyu wa gatanu taliki ya 7 Kanama!-->!-->!-->!-->!-->…
Karekezi Olivier witezweho kuzamura Kiyovu Sport yaraye ageze i Kigali
Karekezi Olivier wari utegerejwe cyane yaraye ageze i Kigali muri gahunda yo gutoza ikipe ya kiyovu Sport
Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru taliki ya 9 Kanama 2020 nibwo Bwana OLIVIER KAREKEZI yageraga mu Rwanda aje gutoza ikipe ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka 7, Willian yatandukanye na Chelsea
Willian ukina ku ruhande asatira izamu yemeje ko yamaze gutandukana n'ikipe ya Chelsea yari amaze imyaka 7 akinira.
Ibi abitangaje nyuma yuko asibye imikino ibiri ikomeye kubera ikibazo cy'imvune yagize ku kagombambari, iyo ni!-->!-->!-->!-->!-->…