Browsing Category
Imikino
Waruzi impamvu Bizimana Yannick yateye umugongo Rayon Sports akerekeza muri mukeba APR FC?
Rutahizamu mushya wa APR FC wavuye muri Rayon Sports, Bizimana Yannick, yavuze ko yishimiye kwerekeza muri iyi kipe y’ingabo z’igihugu kubera ko iharanira gutwara ibikombe buri mwaka ndetse kandi ikaba yita cyane ikanaha agaciro ubuzima!-->…
Lionel MESSI yongeye atwara urukweto rwa Zahabu ku nshuro ya karindwi
Lionel Messi yaraye atsindiye urukweto rwa zahabu rwa karindwi - ku nshuro ya kane yikurikiranya - muri shampiyona ya Espagne ubwo yatsindaga ibitego bibiri muri 5 - 0 Barcelona yatsinze Alaves ku munsi ya nyuma wa shampiyona.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwari umutoza wungirije muri APR FC yamazu gutandukana nayo asubira iwabo
Kuri uyu wa Gatandatu Tariki 18 Nyakanga 2020 nibwo uwari umutoza wungirije wa APR FC witwa Nabyl Bekraoui wari unashinzwe kongerara abakinnyi Imbaraga, yasubiye iwabo mu gihugu cya Maroc, nyuma yo gusoza amasezerano ye y’umwaka umwe bari!-->…
PSG ya Neymar na Waasland Beveren ya Djihad Bizimana mu mukino waranzwe n’udushya twinshi
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu mu mugi wa Paris kukibuga Parc des Princes haberaga umukino wa gishuti wahuje Paris Saint-Germain na Wasland Beveren ikinamo umunyarwanda Bizimana Djihad.
Uyu mukino waje kurangira PSG itsinze!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sports igiye gusinyana amasezerano y’ubufatanye n’uruganda rw’iburayi rukora…
Abinyujije ku rukuta rwe rwa twiter Prezida wa Rayon Sport yavuze ko ikipe ya Rayon Sport igiye gusinyana amasezerano n'uruganda rw'iburayi rukora imyenda
Ikipe ya Rayon Sport ikomeje kwiyubaka ku mpande zosem kuri ubu haravugwa ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Real Madrid yaraye yegukanye igikombe yaherukaga mu myaka itatu ishize
Ikipe ya Real Madrid yaraye yegukanye igikombe nyuma yo gutsinda ya Villareal
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane nibwo ikipe ya Real Madrid yegukanye igikombe cya championnat nyuma yo gutsinda ikipe ya Villareal ibitego bibiri kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon sport yanyomoje amakuru yavugaga ko yabonye umuterankunga mushya ariwe Mutzig
Abinyujije ku rukuta rwa twitter, Prezida w Rayon sport Bwana SADATE MUNYAKAZI yanyomoje amakuru yavugaga ko MUTZIG yabaye umufatanyabikorwa mushya w'iyo kipe.
Ku munsi w'ejo nibwo amakuru yakomeje acicikana ku mbuga nkoranyambanga!-->!-->!-->!-->!-->…
USENGIMANA Faustin yateye umugongo Rayon Sport asinya imyaka 2 muri POLICE FC kuri miliyoni 12
Bwana USENGIMANA FAUSTIN wifuzwaga n'ikipe ya Rayon sport amaze gusinya muri POLICE FC amasezerano y'imyaka ibiri
Bwana Faustin USENGIMANA bivugwa ko yari amaze iminsi mu biganiro n'ikipe ya Rayon Sport, amakuru afitiwe gihamya!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubufaransa: Christopher Aurier murumuna wa Serge Aurier yishwe arashwe
Christopher Aurier mwenewabo wa Serge Aurier ukinira ikipe ya Totenhah yarasiwe hanze y'akabari arapfa.
Christophe Aurier murumuna wa Serge Aurier ukinira ikipe ya Totenham yo mu gihugu cy'ubwongereza yishwe arashwe mu gihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’umwaka umwe gusa ije mu kiciro cya mbere, ikipe ya NORWICH yongeye imanuka mu cya…
Mu gihe hari hasigaye imikino itatu gusa ngo championnat irangire, ikipe ya NORWICH City ibaye ikipe ya mbere imenyekanye ko isubiye mu kiciro cya kabiri yari imaze umwaka umwe gusa ivuyemo
Norwich City yabaye ikipe ya mbere!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasogi Utd yasinyishije NKUNZIMANA Sadi Wari rutahizamu w’ikipe ya Espoir FC
Ikipe ya Gasogi United yamaze gusinyisha rutahizamu wakiniraga ikipe ya Espoir FC
Ikipe ya GASOGI UNITED Yasinyishije kuri uyu mugoroba Bwana NKUNZIMANA SADI yari rutahizamu w'ikipe yo mu karere ka Rusizi izwi nka ESPOIR FC.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Repubulika Iharanira demokrasi ya Congo izakira imikino y’abavuga ururimi rw’igifaransa.
gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC) ni cyo cyahawe uburenganzira bwo gutegura no kwakira imikino ihuza ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa “Jeux de la Francophonie” izaba kuva tariki 19 kugeza 28 Kanama 2022.
!-->!-->!-->!-->…
Ihuriro ry’abatoza mu Rwanda ryasabye FERWAFA kugabanya ibiciro by’amahugurwa bahabwa
Nyuma y'aho ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA rsihyiriyeho ibiciro bishya by'amahugurwa ku batoza, ihuriro ry'abo batoza rirasanga ibyo biciro biri hejuru rigasaba FERWAFA gukatura.
Hashize iminsi ibiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sport ishobora kongera gukora mu jisho rya Gasogi United ibatwara umukinnyi
Nyuma yo kubatwara abakinnyi n'umutoza, biravugwa ko undi mukinnyi Gasogi United yaherukaga kugura imukuye muri Congo ashobora kuba agiye gusinyira ikipe ya Rayon Sport.
Nyuma y'aho ikipe ya Rayon Sport itwaye bamwe mu bakinnyi ba!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu Burakari Bwinshi,Jose Mourinho Yasohotse Mu Kiganiro N’itangazamakuru Ntacyo Avuze
Umutoza w'ikipe ya Tottenham Hotspurs yasohotse ahari hateganyijwe kubera ikiganiro n'itangaza makuru nyuma yo kunganya umukino n'ikipe ya Bournemouth bitewe n'ikoranabuhanga.
Nyuma yo kumara umwanya munini ategereje ko!-->!-->!-->!-->!-->…