Browsing Category
Imikino
Sarpong arasanga Prezida wa Rayon sport atagira ubwenge, ko adafite ubushobozi bwo kuyobora ikipe…
Rutahizamu wa Rayon Sport Sarpong arasanga Bwana SADATE adafite ubwenge n'ubushobozi bwo kuyobora ikipe nka Rayon Sport (photo: Igihe.com)
Nyuma yaho umuyobozi w'ikipe ya Rayon Sport asohoreye urwandiko kuri uyu wa mbere ruvuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho ikipe ya Rayon Sports yahagaritse imishahara y’abakinnyi guhera muri Werurwe 2020.
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwafashe icyemezo cyo guhagarika amasezerano y’abakinnyi, abatoza n’abandi bakozi bayo kuva muri Werurwe 2020 kubera ibihe bya Covid-19.
Rayon Sports imaze amezi atatu idahemba, aho abakinnyi baheruka!-->!-->!-->…
Rooney yirengagije ubushuti afitanye na C. Ronaldo avuga ko MESSI ariwe uhiga abandi muri ruhago ku…
Wayne Rooney yashyize hirya amarangamutima n'ubushuti afitanye na CR7 avuga ko Messi ariwe mwiza mu kibuga kuruta Cristiano Ronaldo
Nyuma yaho DAVID BECHAM umukinnyi w'Umwongereza wabiciye bikemera bigacika atangarije ko kubwe ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Arsenal Lacazette na Aubameyang bavuze umukinnyi bakinana ufite ubuhanga kubarusha.
Ba rutahizamu babiri ba Arsenal, Pierre-Emerick Aubameyang na Alexandre Lacazette batangaje ko mu bakinnyi bose bose bakinana muri iyi kipe yo mu Bwongereza,ufite ubuhanga bwinshi ku mupira ari umunya Cote d’Ivoire,Nicolas Pepe.
Aba!-->!-->!-->…
UEFA yatangaje indi itariki yifuzaho ko Final ya Champions League yazaberaho.
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru i Burayi (UEFA) irimo kwiga kuri gahunda yazatuma umukino wa nyuma wa Champions League uba ku ya 29 z’ukwa munani.
UEFA izakora inama ku itariki ya 23 z’uku kwezi kwa kane mu kongera kungurana!-->!-->!-->…
“Mu mezi 4 maze muri Rayon Sport nahembwe igice cy’ukwezi gusa” Ally NIYONZIMA
Ally NIYONZIMA myugariro w'ikipe ya Rayon Sport n'ikipe y'igihugu yanyomoje amakuru yavugaga ko amaze kuva mu ikipe ya Rayon Sport
Hari hashize iminsi havugwa ko bamwe mu bakinnyi ba rayon Sport bivumbuye bakava mu ikipe kubera!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA yakuriye inzira ku murima amwe mu makipe yari iyizeyeho ubufasha.
Umunyamabanga wa FERWAFA yakuriye inzira ku murima amakipe amwe namwe yo mu Rwanda ayabwira ko yakura amaso ku nkunga FIFA igiye kugenera FERWAFA.
U Rwanda kimwe n'ibindi bihugu ku isi byagiye bifata ingamba zikomeye zo guhangana!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: FERWAFA yavuze ko nta mafaranga yahawe yo gufasha amakipe, bategereze icyo FIFA izagena.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda(FERWAFA), riravuga ko nta mafaranga ryigeze rihabwa na FIFA yo gufasha amakipe kubera icyorezo cya Covid-19.
Muri iyi minsi isi yugarijwe nicyi cyorezo cya Covid-19, aho ndetse inzego nyinshi!-->!-->!-->…
#Coronavirus imaze gushegesha ubukungu bw’Ikipe ya Rayon Sports
Ikipe ya RAYON SPORT igiye kumara amaze atatu idahemba abakinnyi n'abakozi bayo kubera gushegeshwa n'icyorezo cya coronavirus
Ikipe ya Rayon Sports niyo kipe ifite abafana n'abakunzi benshi mu Rwanda ku buryo budashidikanywaho, ni!-->!-->!-->!-->!-->…
NIYIGABA Ibrahim wahoze akinira POLICE FC yitabye Imana
Uwahoze akinira ikipe ya Police FC yitabye Imana kuri uyu munsi
Bwana IBRAHIM NIYIGABA umusore wahoze akinira ikipe ya POLICE FC amaze kwitaba Imana azize uburwayi mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu nk'uko bimaze gutangazwa!-->!-->!-->!-->!-->…
rutahizamu wakanyujijeho Thierry Henry yatangaje umukinnyi yakunze
THIERRY HENRY rutahizamu wakanyujijeho wibihe byose wirikaga k'umupira icundura mwizamu akazinyeganyeza mugahura agaruka yakiniye amakipe atandukanye harimwo AS Monaco, Arsenal, FC Barcelone, ikipe y'Igihugu y'ubufaransa
Thierry!-->!-->!-->!-->!-->…
Hagiye gusinywa Amasezerano ya 240,000,000Rwf hagati ya Rayon Sport na AIRTEL TIGO
Bitarenze kino cyumweru, Ikipe ya Rayon Sport irashyiraho umukono ku masezerano y'ubufatanye na AIRTEL TIGO afite agaciro ka miliyoni 2
Mu kiganiro umuyobozi w'ikipe ya Rayon Sport yagiranye na Radio 10 mu itondo cyo kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sport igiye guha Skol iminsi 15 itakubahuriza amasezerano bagahita batandukana
Prezida wa Rayon Sport yavuze ko mu cyumweru gitaha bazandikira ubuyobozi bwa Skol bukayisaba kubahiriza amasezerano bitaba ibyo bakayasesa
Rayon Sport ni ikipe ifite abakunzi benshi mu Rwanda ku buryo budashidikanyawaho, mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ronaldinho n’ikipe bafatanyije muri gereza aho bafungiye begukanye igikombe, bahembwa ibiro…
ikipe yatwaye ibihembo
uwahoze ari umukinnyi w'icyamamare mu mupira w'amaguru rutahizamu wakiniye amakipe atandukanye yigarurira imitima ya benshi muri ruhago kw'isi aho yakiniye amakipe nka FC Barcelona, AC Milan n'Igihugu cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Liverpool Ikubiswe ahababaza ihita isezererwa mu marushanwa ya UEFA champions League
Ikipe ya LIVERPOOL itsindiwe ku kibuga cyayo ihita isezererwa mu marushanwa ya UEFA CL
Nyuma yo gutsindwa igitego kimwe ku busa n'ikipe ya Atletico Madrid yo muri Espanye mu mukino wa mbere wa 1/8 cy'irangiza mu gikombe cy'amakipe!-->!-->!-->!-->!-->…