Browsing Category
Imyidagaduro
Umugabo ukora akazi ko gusiga amarange usa na Lionel Messi yabaye icyamamare
Umugabo usiga amarangi wo mu Misiri biravugwa ko amaze kugira abantu benshi bamukunze muri icyo gihugu - ahanini abafana ba Barcelona - cyane cyane abakunda umukinnyi wayo Lionel Messi.
Battah akora akazi ke gasanzwe ko gusiga amarangi
…
Amateka ya Miss INGABIRE Grace ufite diplome mu kubyina yakuye muri Amerika
Ingabire Grace waraye wegukanye ikamba rya Nyampinga w'u Rwanda, niwe ufite agahigo ko kuryegukana ku myaka myinshi ndetse akaba afite n'akandi gahigo ko kuba ariwe uryegukanye yararangije kaminuza
Ingabire Grace wari ufite nimero…
Wa mukobwa wagaragaye mu ndirimbo “Ikinyafu” yegukanye ikamba rya Miss Popularity
Kayirebwa Marie Paul wagaragaye mu ndirimbo ya Bruce Melody yiswe "Ikinyafu" ari mubegukanye ibihembo bya Miss Rwanda 2021, ubwo yatoranywaga nka Miss Popularity.
Ku mugoroba ubwo hatoranywaga umukobwa mwiza uhiga abandi mu bwiza,…
Dore ibihembo bihebuje Miss Rwanda 2021 yagenewe mu gihe cy’umwaka.
Ingabire Grace w’imyaka 25 ni we wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu muhango wabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Werurwe 2021 yagenewe ibihembo bihebuje, hari n'ibyo azakomeza guhabwa mu gihe cy'umwaka.
…
umunyamakuru Saleh unatunganya amashusho akaba n’umukinnyi wa filimi yerekanye uzamubera…
Saleh na Claudine baritegura ubukwe muri Gicurasi uyu mwaka
Uwimana Saleh ukora itangazamakuru kuri Radio Voice of Africa, akaba amenyerewe no muri Cinema yerekanye Claudine UWERA Amiirah bazarushingana mu minsi mike iri imbere.
…
Umunyamakuru Gerald Mbabazi yakoze ubukwe n’umukunzi
Umunyamakuru wa televiziyo Rwanda, Gerald Mbabazi yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we bemeranya kubana akaramata.
Mbabazi Gerald yagize ati “UWASE; thank u for loving me n’aho ntabikwiye…so I will love you more and more each day…
Nyuma Miss Rwanda hagiye kuza irushanwa rya Mr Rwanda rigiye kuba ku nshuro ya mbere mu Rwanda
Mu gihe mu Rwanda hamenyerewe amarushanwa atandukanye y’ubwiza bw’abakobwa arimo irushanwa rikomeye kurusha ayandi Miss Rwanda, ubu n’abasore bashyizwe igorora aho hamaze kuboneka umushoramari wiyemeje gutegura irushanwa rya Mr Rwanda.
…
Saleh Uwimana wamenyekanye mu itangazamakuru na Sinema; mu mikoranire mishya na Action…
Saleh Uwimana na Uwimbabazi Joselyne nyiri Action Driving&Laguage school .
Nyuma yo gusohora film yise KUKI yatambutse kuri Channel ya youtube "Newlight Afri TV", umunyamakuru Saleh Uwimana ufite kampani ya Kigali Special…
Buravan Yvan yakoze agashya ashyira hanze undirimbo eshatu icyarimwe
Yvan Buravan yasohoreye rimwe indirimbo eshatu zose yakoranye n’abahanzi mpuzamahanga, baturuka mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane wa Afurika.
Izi ndirimbo Yvan Buravan yasohoreye rimwe ni ‘Tulale’ yakoranye n’umuhanzi wo muri…
“PAPA” Indirimbo nshya ya Knowless ihanura abangavu bishora mu mibonano mpuzabitsina.
Umuhanzikazi Butera Knowless yasohoye indirimbo ye ya mbere muri uyu mwaka wa 2021 yise ‘Papa’ ihanura abangavu bishobora mu mibonano mpuzabitsina, avuga ko afite ibikorwa byinshi muri uyu mwaka ahishiye abafana be n’abakunzi b’umuziki…
“LA CASA DE PAPEL” Filimi yakunzwe na benshi ku isi igiye kugaruka mu gice cya nyuma
Ibi birazwi cyane ko iyi filimi y’uruhererekane ya LA CASA DE PAPEL yakunzwe na benshi mu bayirebye kubera amayeri n’udukuryo tw’ibisambo biba byiba muri Banki ya Espagne byariyise amazina y’imijyi yibihugu bitandukanye ku isi.
Iyi…
Hamenyekenye Radio nshya Tidjala Kabendera agiye kongera kumvikaniraho.
Nyuma y’aho mu Ukuboza umwaka ushize Tidjara Kabendera, uzwi nk’umwe mu banyamakuru b’abagore bari bamaze kubaka izina mu buryo bukomeye kuri Radio na Televiziyo by’u Rwanda agasezera nyuma y’imyaka 18 akorera Ikigo cy’Igihugu…
Nyina wa Diamond yahishuye ibanga rikomeye ashyira hanze amazina nyayo ya se wa Diamond.
Nyuma y’iminsi myinshi ishize Abdul Juma azwi nka se w’umuhanzi w’icyamamare ukomoka muri Tanzania, Diamond Platnumz, ndetse bahora bashyiditse uyu mubyeyi amushinja kutamwitaho, nyina wa Diamond yavuze ko uyu musaza atari we se.
…
Nicki Minaj yategetswe kwishyura asanga 450,000$ kubera gukoresha igihangano cy’abandi
Umuhanzi ukora injyana ya rap Nicki Minaj yategetswe kwishyura Tracy Chapman $450,000 (hafi miliyoni 500 Frw) kugira ngo harangizwe urubanza rw'imwe mu ndirimbo ye yakoresheje atabiherewe uburenganzira.
Mu 2018, Chapman yareze Minaj…
Umusore uzarwubakana na Clarisse Karasira yamwabitse impeta
Umuhanzikazi Clarisse Karasira abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, yagaragaje umusore wamwambitse impeta amusaba ko bazabana nk’umugabo n’umugore mu gihe kirimbere.
Clarisse Karasira yashyize kuri Twitter ifoto y’uyu musore amwambika…