Browsing Category
Imyidagaduro
Miss Teta Sandra yashyize hanze abamuhondaguye bakamumena amajigo
Nyuma yo guhondagurwa no gukubitwa bikomeye, Miss Teta Sandra yavuze ko ari abajura bamukoreye ibya mfura mbi atari umugabo we Weasal nk'uko benshi babivugaga.
Hari amakuru yiriwe avugwa ku munsi w’ejo ko Umunyarwandakazi Sandra Teta!-->!-->!-->…
King James yashyize hanze amashusho y’indirimbo “Uyu Mutima”
Umuhanzi King James yashyize hanze amashusho y'indirimbo "UYU MUTIMA" yakoreye muri Amerika.
Umuhanzi Nyarwanda Ruhumuriza James uzwi cyane ku izina rya King James uri kubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko igihe!-->!-->!-->…
Tanzania:Harmonize yambitse impeta Kadjala bateganya kurushinga
Umuhanzi Harmonize wo mu gihugu cya Tanzaniya yambitse impeta y'urukundo umukunzi we Kadjala bateganya kurushingana.
Umuhanzi ukunzwe cyane mu gihugu cya Tanzaniya Bwana Radjab Abdul Kahali uzwi cyane nka Harmonize, kuri uyu wa!-->!-->!-->…
Rihanna yibarutse umwana w’umuhungu
Umuhanzi n'umushabitsi w'icyamamare Rihanna hamwe n'umukunzi we umuraperi A$AP Rocky bibarutse umuhungu, nk'uko byemezwa na CNN yo muri Amerika.
Rihanna w'imyaka 34, yabyaye tariki 13 z'uku kwezi nk'uko ikinyamakuru TMZ cyo kivuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Sauti Sol igiye kujyana Raila Odinga mu nkiko kubera gukoresha indirimbo zabo nta ruhushya
Itsinda rya muzika ryo mu gihugu cya Kenya Sauti sol rirashinja ishyaka ODM rya Raila Odinga gukoresha indirimbo yabo mu bikorwa byo kwiyamamaza kandi batabisabiye uburenganzira.
Itsinda rya muzika rizwi cyane mu gihugu cya Kenya!-->!-->!-->!-->!-->…
Diamond Platnumz yatangaje ko uyu umwaka urangira aguze indege ye bwite.
Umuhanzi w’ikirangirire muri Afurika by’umwihariko mu karere, Diamond Platnumz yatangaje ko uyu mwaka uzasiga yaraguze indege bwite.
Uyu muhanzi wo muri Tanzania umaze kuba ikimenyabose mu karere no ku mugabane wa Afurika, yatangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Imyaka 41 irashize Bob Marley apfuye, menya ijambo ra nyuma yavuze
Imyaka 41 irashize umuhanzi Bob Marley ufatwa nk'umwami w'injyana ya Raggae yitabye Imana azize cancer bivugwa ko yatewe n'abazungu batamukundaga kubera impinduramatwara yari azanye mu mitwe y'abirabura.
Buri mwaka taliki ya 11!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministeri yisubije amarushanwa ya Miss Rwanda
Nyuma y'ibibazo biherutse kugaragara mu marushanwa ya Nyampinga, ministeri y'umuco n'urubyiruko yiyemeje kwisubiza ububasha bwo gutegura ano marushanwa.
Arushanwa ya Miss Rwanda ryari ryabaye rihagaritswe na Minisiteri y’Urubyiruko!-->!-->!-->!-->!-->…
IRADUKUNDA Elsa wabaye Miss Rwanda 2017 yatawe muri yombi
Elsa Iradukunda wabaye Miss Rwanda mu mwaka wa 2017 yatawe muri yombi n'urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda kubera ibikorwa byo gushaka kubangamira iperereza riri gukorwa kuri Prince Kid.
Amakuru akomeje kuba menshi nyuma y'aho urwego!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibikorwa byose bijyanye no gutegura Nyampinga byahagaritswe
Ministeri y'urubyiruko n'umuco mu Rwanda yatangaje ko ibikorwa byose bijyanye n'amarushanwa yo gutegura nyampiga bibaye bihagaze.
Nyuma y'aho urwego rw'igihugu rw'ubugenzayaha RIB ruhagaritse Bwana ISHIMWE Dieudonne uzwi cyane nka!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyamakuru IRENE MURINDAHABI yasezeye ku ISIBO TV
Umunyamakuru Murindahabi Irene uzwi nka M Irene wari umenyerewe mu biganiro binyuranye kuri Isibo TV, yatangaje ko atangiye urugendo rushya mu mwuga w’itangazamakuru, akaba atazongera gukorera iki gitangazamakuru.
Uyu munyamakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
MEGHAN THEE STALLION YATOBOYE AVUGA IBYIHISHE INYUMA Y’IBYO YAKOREWE NA TORY LANEZ.
NYUMA Y'IGIHE GITO TORY LANEZ AFUNZWE ASHINJWA ICYAHA CYO KURASA UMUNTU, UMURAPERI MUGENZI WE MEGHAN THEE STALLION YASHIZE AVUGA UKURI KU BYABAYE NYUMA YO GUKORA ICYO CYAHA.
Muri Leta Zunze ubumwe za Amerika hagaragara cyane cyane!-->!-->!-->!-->!-->…
MIKE TYSON YAKUBISE UMUGENZI BARI KUMWE MU NDEGE.
MIKE TYSON WAMENYEKANYE KUBERA UMUKINO W’ITERAMAKOFE MU BAREMEREYE, YAGARAGAYE AKUBITA UMUGENZI BARI KUMWE MU NDEGE BITEWE N’AGACUPA K’AMAZI.
Mike Tyson umwe mu bamamaye cyane kubera umukino w’iteramakofe mu baremereye ubwo yari mu!-->!-->!-->!-->!-->…
6X9INE YABURIYE NICKI MINAJ KUBW’AMAKOSA YAKOZE YO GUTERA UBWOBA UNDI MUHANZI.
6X9INE UMWE MU BARAPERI BAVUGIRAHO IBYO BABONYE NTIBIBANYURE YABWIYE KO NICKI MINAJ AZIRWARIZA NAGERWAHO N’INGARUKA Z’AMAKOSA YAKOZE UBWO YATERAGA UBWOBA UNDI MURAPERI WITWA BARBZ.
Nta muntu n’umwe atabwira iyo afite icyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Israel Mbonyi yasusurukije abanya Israel mu gitaramo cy’imbaturamugabo
Israel Mbonyi n'itsinda rye basusurukije abaturiye umusozi wa Carmel mu gitaramo cy'akataraboneka yakoreye mu gihugu cya Israel.(Photo: Igihe)
Mu ijoro ryakeye ryo kuri uyu wa 18 Mata 2022, Israel Mbonyi yataramiye Abanya-Israel!-->!-->!-->!-->!-->…