Browsing Category
Imyidagaduro
“Ndambiwe guhora mpaza igifu cy’abandi icyanjye kirimo ubusa” Amarira ya NIYO…
Umuhanzi Niyokwizerwa Bosco uzwi nka Niyo Bosco yavuze ko ubwamamare bwe ntacyo bumumariye ahubwo ko bwakijije abandi mu gihe we yumva yasubira mu bihe yarimo ataramamara.
Niyo Bosco usanzwe afite ubumuga bwo kutabona ariko akaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Bimaze kumenyekana aho Niyomugabo Leandre wari uzwi kuri TV10 yerekeje nyuma gusezera
Umunyamakuru NIYOMUGABO Leandre wari uzwi cyane mu myidagaduro kuri TV10 yamaze kuhasezera yerekeza kuri chaine ya Yago TV ikorera kuri Youtube.
Umunyamakuru uzwi cyane mu ruhando rw'imyidagaduro hano mu Rwanda Bwana NIYOMUGABO!-->!-->!-->!-->!-->…
“Nzagukumbura” indirimbo nshya ya Andy Bumuntu yaririmbiye Yvan BURAVAN.
Umuhanzi Andy BUMUNTU yashyize hanze indirimbo yise Nzagukumbura ahamya ko ari iyo yaririmbiye inshuti ye BURAVAN umaze ukwezi yitabye Imana.
Umuhanzi Nyarwanda uzwi ku izina rya Andy BUMUNTU kuri uyu wa gatandatu ushize taliki ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi KIDUMU yagize icyo avuga ku itabwa muri yombi rya Bruce Melodie
Umuhanzi ukomeye mu gihugu cy'Uburundi KIDUMU, yagize icyo avuga nyuma y'aho umuhanzi Nyarwanda Bruce Melodie afashwe akanafungirwa mu gihugu cy'Uburundi.
Ku munsi w'ejo nibwo inkuru yageze i Rwanda ivuga ko Bruce Melodie yafatiwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyarwenya ukunzwe cyane RUSINE ari gutegura igitaramo cy’igikurankota yise INKURU YA RUSINE
Bwana RUSINE Patrick umaze kwigarurira imitima ya benshi mu nganzo yo gusetsa, ari gutegura igitaramo yise INKURU YA RUSINE, igitaramo kizagaragaramo abandi banyarwenya bakomeye ba hano mu gihugu.
Bwana RUSINE Patrick umaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuraperi A$AP Rocky yatawe muri yombi
Rakim Mayers wamamaye nka A$AP Rocky , Umuraperi w’imyaka 33 akaba umugabo w’umuhanzikazi Rihanna yatawe muri yombi aho akurikiranyweho ibyaha byo kurasa umuntu byabereye i Hollywood.
Uyu muraperi umaze iminsi mike abyaranye na Rihanna!-->!-->!-->…
Umu Raperi Oda Paccy yashoje icyiciro cya kabiri cy’amashuri ye ya kaminuza muri UTB
Kuri uy wa gatandatu w'icyumweru gishize umuhanzi w'umuraperi Oda Paccy yashoje icyiciro cya kabiri cy'amasomo ye ya kaminuza muri UTB.
Umuhanzikazi w'Umunyarwanda mu njyana ya rap, Uzamberumwana Pacifique wamenyekanye cyane nka Oda!-->!-->!-->…
Miss Teta Sandra yashyize hanze abamuhondaguye bakamumena amajigo
Nyuma yo guhondagurwa no gukubitwa bikomeye, Miss Teta Sandra yavuze ko ari abajura bamukoreye ibya mfura mbi atari umugabo we Weasal nk'uko benshi babivugaga.
Hari amakuru yiriwe avugwa ku munsi w’ejo ko Umunyarwandakazi Sandra Teta!-->!-->!-->…
King James yashyize hanze amashusho y’indirimbo “Uyu Mutima”
Umuhanzi King James yashyize hanze amashusho y'indirimbo "UYU MUTIMA" yakoreye muri Amerika.
Umuhanzi Nyarwanda Ruhumuriza James uzwi cyane ku izina rya King James uri kubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko igihe!-->!-->!-->…
Tanzania:Harmonize yambitse impeta Kadjala bateganya kurushinga
Umuhanzi Harmonize wo mu gihugu cya Tanzaniya yambitse impeta y'urukundo umukunzi we Kadjala bateganya kurushingana.
Umuhanzi ukunzwe cyane mu gihugu cya Tanzaniya Bwana Radjab Abdul Kahali uzwi cyane nka Harmonize, kuri uyu wa!-->!-->!-->…
Rihanna yibarutse umwana w’umuhungu
Umuhanzi n'umushabitsi w'icyamamare Rihanna hamwe n'umukunzi we umuraperi A$AP Rocky bibarutse umuhungu, nk'uko byemezwa na CNN yo muri Amerika.
Rihanna w'imyaka 34, yabyaye tariki 13 z'uku kwezi nk'uko ikinyamakuru TMZ cyo kivuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Sauti Sol igiye kujyana Raila Odinga mu nkiko kubera gukoresha indirimbo zabo nta ruhushya
Itsinda rya muzika ryo mu gihugu cya Kenya Sauti sol rirashinja ishyaka ODM rya Raila Odinga gukoresha indirimbo yabo mu bikorwa byo kwiyamamaza kandi batabisabiye uburenganzira.
Itsinda rya muzika rizwi cyane mu gihugu cya Kenya!-->!-->!-->!-->!-->…
Diamond Platnumz yatangaje ko uyu umwaka urangira aguze indege ye bwite.
Umuhanzi w’ikirangirire muri Afurika by’umwihariko mu karere, Diamond Platnumz yatangaje ko uyu mwaka uzasiga yaraguze indege bwite.
Uyu muhanzi wo muri Tanzania umaze kuba ikimenyabose mu karere no ku mugabane wa Afurika, yatangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Imyaka 41 irashize Bob Marley apfuye, menya ijambo ra nyuma yavuze
Imyaka 41 irashize umuhanzi Bob Marley ufatwa nk'umwami w'injyana ya Raggae yitabye Imana azize cancer bivugwa ko yatewe n'abazungu batamukundaga kubera impinduramatwara yari azanye mu mitwe y'abirabura.
Buri mwaka taliki ya 11!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministeri yisubije amarushanwa ya Miss Rwanda
Nyuma y'ibibazo biherutse kugaragara mu marushanwa ya Nyampinga, ministeri y'umuco n'urubyiruko yiyemeje kwisubiza ububasha bwo gutegura ano marushanwa.
Arushanwa ya Miss Rwanda ryari ryabaye rihagaritswe na Minisiteri y’Urubyiruko!-->!-->!-->!-->!-->…