Browsing Category
Izindi nkuru
Burera: Imirenge 8 ibyishimo ni byose ku baturage bahawe amashanyarazi
Ibikorwa byo gukwirakwiza amashanyarazi mu gihugu bigenda byiyongera .Imiyoboro yubakwaga mu Karere ka Burera ikwirakwiza amashanyarazi mu Mirenge 8 irimo iri kugera ku musozo. Iyi miyoboro izaha umuriro ingo zisaga 4,800 ndetse inyinshi!-->…
Murukiko Byabagamba icyaha cyo kwiba telefoni cya muhamye rumukatira imyaka 3
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwaburanishije Tom Byabagamba ku cyaha cy’ubujura bwa Telephone, rumuhamije iki cyaha rumuhanisha igifungo cy’imyaka itatu (3) mu gihe urw’Ubujurire rwamukatiye 15 ku byaha yaburanyeho mbere.
Urukiko!-->!-->!-->…
Nyagatare: Imvubu zimereye nabi Abahinzi
Abahinzi begereye igishanga cya Karangazi mu Kagari ka Mbare, Umurenge wa Karangazi, bavuga ko batangiye guhura n’ibihombo kubera konerwa n’imvubu zituruka mu kidendezi cy’amazi (ikidamu) cya Karangazi.
Hakizimana Jean de la Paix avuga!-->!-->!-->…
Ya mafranga Polisi yari imaze iminsi irangisha yabonye nyirayo.
Polisi y'u Rwanda yatangaje ko amafranga yari imaze irangisha nyirayo byarangiye uwayataye abonetse.
Ku italiki ya 12 Ugushyingo 2020 nibwo Polisi y'u Rwanda yashyize hanze itangazo rirangisha umuntu waba warataye amafranga mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya MUKAMANA risaba guhinduza amazina.
Uwitwa MUKAMANA mwene Natawugashira na Banyangandora arasaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanganywe ariyo MUKAMANA maze Kuri iryo zina yari asanganywe hakiyongeraho Alliance, bityo akitwa MUKAMANA ALLIANCE, akaba ari nayo!-->…
Itangazo rya Habiyambere wifuza guhindurirwa izina
Uwitwa HABIYAMBERE mwene Ntawugashira na Banyangandora arasaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe akoresha ariyo HABIYAMBERE, kuri iryo zina hakongerwaho AIME PATRICK akitwa HABIYAMBERE AIME PATRICK akaba ari nayo ashyirwa mu!-->…
Itsinda rya Kane ry’impunzi ziturutse muri Libya rizagera mu Rwanda kuwa Kane w’iki…
Minisiteri y’Ibikorwa by’ubutabazi yatangaje ko kuwa Kane taliki 19 Ugushyingo aribwo itsinda rya kane ry’impunzi zizaturuka muri Libya rizagera mu Rwanda , bakazahita bajyanwa gucumbikirwa mu Nkambi ya Gashora.
Iyi Minisiteri!-->!-->!-->!-->!-->…
U rugaga rw’amasendika “CESTRAR” yagaragaje ko umuco wo kuganira hagati…
Urugaga rw’Amasendika y’Abakozi mu Rwanda “CESTRAR” yasabye abakoresha n’abakozi kujya bagirana ibiganiro kugira ngo bashakire ibisubizo ibibazo bihari nyuma yo gusesengura ingaruka zatewe n’icyorezo cya Coronavirus cyibasiye imirimo!-->…
England: Abagabo babiri bafatanwe amafaranga miliyoni 1.58$ ku kibuga cy’indege berekeza Dubai
Abagabo babiri bakomoka muri Czech Republic bafatiwe ku kibuga mpuzamahanga cy'indege cya Heathrow mu Bwongereza batwaye amafaranga miliyoni 1.58 (1,543.96RWF) mu mavarise no mu bikapu berekeje Dubai.
Aba bagabo bafashwe n'ubuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ghana: uwahoze ari perezida w’iki gihugu Jerry John Rawlings yitabye Imana
Jerry John Rawlings wabaye Perezida w’igihugu cya Ghana imyaka 20 akaba no mu gisirikare cya Ghana kirwanira mu kirere yitabye Imana ku myaka 73.
Uyu mugabo yaguye mu bitaro bya Korle-Bu biherereye mu Murwa Mukuru Accra mu gitondo!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Lazalo Nyalandu yabujijwe kwambuka umupaka ajya muri Kenya.
Lazalo Nyalandu wahoze ari Minisitiri w'umutungo kamere n'ubukerarugendo muri Tanzaniya, yabujijwe kwambuka umupaka wa Namanga uhuza Kenya na Tanzaniya, umunsi umwe uwari Depite Godbless Lema afatiwe muri Kenya ari gushaka ubuhungiro.
!-->!-->!-->!-->…
Russia: Umusirikare ari guhigwa bukware nyuma yo kwica bagenzi be batatu
Abakora iperereza mu Burusiya bavuga ko bari gushakisha umusirikare ukekwaho kwicisha ishoka mugenzi we akanica abandi babiri abarashe, mu kigo cya gisirikare kiri mu majyepfo y'igihugu.
Uyu musirikare wishe bagenzi be yitwa Anton!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu babiri baguye mu mpanuka yabereye i Save mu Majyepfo abandi barakomereka
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki 09 Ugushyingo 2020, ikamyo yaturukaga i Huye yagonze imodoka itwara ibicuruzwa bya Enterprise Urwibutso, uwari kumwe na shoferi ahita apfa, undi apfa ageze kwa muganga.
Bamwe mu bayibonye!-->!-->!-->!-->!-->…
Masamba yahishuye uburyo aterekera buri gihe mbere y’uko atangira igitaramo
Bwana MASAMBA INTORE yavuze ko buri gihe mbere y'uko atangira igitaramo abanza agaterekera ise Sentore kandi bikagenda neza.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu ubwo yari mu kiganiro kuri Radio Kiss FM bwana MASAMBA Intore uzwi cyane!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukaridinali wo muri Cameroun yashimushwe n’abitwaje intwaro
Ejo kuwa kane, abitwaje intwaro baharanira ubwigenge bw'agace ko muri iki gihugu bashimuse Karidinali Christian Tumi wo muri Cameroun ari nawe gusa iki gihugu kigira.
Amakuru Musenyeri George Nkuo umushumba wa diyoseze ya Kumbo mu!-->!-->!-->!-->!-->…