Browsing Category
Izindi nkuru
Ruhango: Abarimu ba GS Indangaburezi bararira ayo kwarika nyuma yo kumara imyaka 3 yose badahembwa.
Abarimu bigisha mu kigo cy'amashuri cya GS baratakambira Akarere kubisghyuriza ubuyobozi bw'ishuri ryabo kuko bamaze imyaka igera kuri itatu batazi ikitwa umushahara uko gisa.
Umwe mu barimu utashatse ko amazina ye ashyirwa mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: FERWAFA yashyizeho umurongo ku bashaka gushimira ikipe y’AMAVUBI
FERWAFA yashyizeho umurongo abifuza gushimira ikipe ya AMAVUBI bagomba gukurikiza bigakorwa nta kavuyo.
Nyuma y'aho abantu besnhi bashimishijwe no kubona u Rwanda rwitwaye neza mu mikino ikomeje kubera mu gihugu cya Cameroune,!-->!-->!-->!-->!-->…
France: Umugore yapfanye garama 400 za cocaine mu nda.
Umugore w’imyaka 45 wabaga mu Bubiligi yapfuye ahitanywe n’udupfunyika 36 tw’ikiyobyabwenge cya Kokayine (cocaine) yari atwaye mu nda, twose hamwe dupima garama zirenga 400.
Uyu mugore ukomoka mu Buholandi yaguye mu Bitaro bya!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukobwa yirukanwe ku kazi azira ko ikariso ye yari yishushanyije ku ipantalo.
Umukobwa w’ikizungerezi yirukanwe ku kazi azira ko ikariso ye yari yishushanyije mu ipantaro bigashotora abagabo.
Uyu mukobwa utavuzwe amazina yirukanwe ku kazi na kompanyi imwe yo mu Mujyi wa Lagos kuko ikariso yari yishushanyije mu!-->!-->!-->…
Kenya:Abarimu batunguye abantu ubwo basabaga leta kubaha imbunda n’imyitozo ya Gisirikare
Ihuriro ry’abarimu bigisha mu mashuri makuru yo mu gihugu cya Kenya (KUPPET), ryasabye Leta yiki gihugu guha imbunda ndetse n’imyitozo ya gisirikare, abarimu bo mu bice bitandukanye by’igihugu bikunze kurangwamo umutekano muke.
!-->!-->!-->…
Rubavu:Inkongi y’umuriro yahitanye umugore apfira mu nzu yabagamo wenyine
Mu karere ka Rubavu mu murenge wa Rugerero akagari ka Rwaza mu mudugudu wa Mushoko haravugwa urupfu rw’umugore witwa Mushimiyimana Grace wari mu kigero cy’imyaka 40 wahiriye mu nzu mu buryo budasobanutse, ahita apfa.
Nkuko amakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Icyogajuru NASA yohereje kitwa “Perseverance” kiri hafi kugera kuri Mars mu gihe gito!
Ikigo kiga ku isanzure cyitwa" Perseverance "cya leta Amerika cyohereje ikinyabiziga kidasanzwe ku mubumbe wa Marsgishigaje ibyumweru bitatu kikaba cyageze kuri Mars.
Iyi robot muri iki gihe igeze ku ntera ya kilometero zigera kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibyishimo bikabije byo gutera akabariro byamuhitanye arapfa
Umugabo witwa Charles Majawa w’imyaka 35 yapfuye ubwo yarimo gusambana n’umukobwa wicuruza w’ahitwa Phalombe muri Malawi bivugwa ko yishwe n’uburyohe bwo gutera akabariro yahuye nabwo.
Amakuru yatangajwe n’uyu mukobwa wakoranaga!-->!-->!-->…
Burera: Biyemeje kureka ubuzererezi maze bagakora umushinga wo gutwara abantu mu bwato mu kiyaga
Urubyiruko rwahoze ari inzererezi ruvuga ko nyuma yo gusanga nta cyiza cyabwo, rwahinduye imyumvire rukora umushinga, rugana SACCO ibaha inguzanyo baguramo ubwato butwara abagenzi mu kiyaga cya Burera.
Urubyiruko rwahoze ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali:Amashuri y’incuke, ntagitangiye kuri uyu wa mbere abanza n’ayisumbuye yafunzwe ibyumweru 2
Minisiteri y’Uburezi ku bufatanye na Minisiteri y’Ubuzima, yatangaje ko amashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye yo muri Kigali afunze guhera kuri uyu wa Mbere tariki 18 Mutarama 2021 mu rwego rwo gukumira icyorezo cya COVID-19, cyane cyane!-->…
UGANDA: Leta yafunze imbuga nkoranyambaga zose mu gihe amatora ateganijwe kuri uyu wa kane.
Ikigo gishinzwe itumanaho cyo mu gihugu cya Uganda cyasabye ibigo bicuruza serivisi z'itumanaho gufunga imbuga nkoranyambuga zose mu gihe umunsi w'amatora wegereje.
Benshi mu baturage batuye mu gihugu cya Uganda baravuga ko batari!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’iminsi ine gusa, Jeff Bezzos yishubije umwanya wa mbere mu batunze agatubutse ku isi.
Nyuma y'iminsi ine gusa akuwe ku mwanya wa mbere w'abaherwe ku isi, Bwana Jeff Bezos yongeye aza ku mwanya wa mbere ayobora urwo rutonde.
Tariki 12 Mutarama 1964 ni bwo Jeff Bezos yabonye izuba, ibisobanuye ko uyu munsi yujuje!-->!-->!-->!-->!-->…
Byari amarira n’agahinda mu guherekeza bwa nyuma umunyamakuru UMUHIRE Valentin uherutse gupfa.
Umunyamakuru Umuhire Valentin uheruka kwitaba Imana, abo mu muryango we, inshuti n’abavandimwe bamusezeye bwa nyuma, mu muhango waranzwe n'amarira.
Kuri uyu munsi taliki ya 11 mutarama 2020 nibwo hari hateganijwe umuhango wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Igabanuka rya Oxygene mu mazi, impamvu ikekwa yo gupfa kw’amafi muri Victoria
Itangazo ry'urwego rw'igihugu rushinzwe ibidukikije muri Uganda(NEMA) rivuga ko ifi ziri gupfa mu kiyaga cya Victoria zishobora kuba zicwa n'uko umwuka wo guhumeka uzwi nka oxygene wagabanutse mu mazi.
Kugeza ubu ntawuzi uburyo ifi!-->!-->!-->!-->!-->…
Pasiporo Nyarwanda yaje mu myanya 20 mu zikomeye ku mugabane wa Afrika, iya Somaliya iba iya nyuma.
Pasiporo y'u Rwanda yaje ku mwanya wa 18 muri za pasiporo zikomeye ku mugabane wa Afrika.
Iyi raporo ikorwa hashingiwe ku mibare itangwa n’Ikigo mpuzamahanga gihuza ibigo by’indenge (IATA), kibika amakuru menshi kandi yizewe!-->!-->!-->!-->!-->…