Browsing Category
Izindi nkuru
Karongi: Umunyeshuri yituye hasi, ahita apfa muburyo butunguranye!
Mu Kagari ka Ryaruhanga, Umurenge wa Mubuga muri Karongi urupfu rw'umunyeshuri Munyawera Vital wigaga mu Mwaka wa Kane w’amashuri yisumbuye mu Ishami ry’Ubumenyamuntu, Ubutabire n’Ubumenyi bw’Isi (BCG) ku Ishuri rya St. Alphonse Mubuga mu!-->…
Ingengabihe y’amatora y’inzego z’ibanze yahindutse
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora , itangaza ko ingengabihe y’amatora yari yamenyeshejwe Abanyarwanda yahindutse kubera Icyorezo cya Covid-19 kigenda cyiyongera mu gihugu.
Ibyo ni ibitangazwa n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa NEC,!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwarimu n’umunyeshuri yigisha baguwe gitumo basambanira mu buriri bw’ababyeyi!
Muri Kenya ahitwa Kondele mu Ntara ya Kisumu umwarimu n’umukobwa yigishaga bafashwe basambana bombi baryamye mu buriri bw’ababyeyi b’uwo mukobwa.
Nyina w’uriya mukobwa yagaragaye mu burakari n’umujinya byinshi yabaye nk’umusazi, agenda!-->!-->!-->…
Rayon sport mu makipe yahanwe kubera kurenga ku mabwiriza yo kwirinda covid-19.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafatiye ibihano amakipe arimo Rayon Sports, Bugesera FC na AS Muhanga nyuma yo kurenga ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19 arimo kugaragaza ibisubizo by’ibipimo byafashwe abakinnyi!-->!-->!-->…
Prezida wa Kiyovu Sport yahakanye itabwa muri yombi rye yicuza impamvu yaje mu mupira
Nyuma y’inkuru yaraye ikwirakwiye ko perezida wa Kiyovu Sports yatawe muri yombi azira amafaranga yayobeye kuri konti ye ya banki akanga kuyatanga, uyu mugabo avuga ko ari ibihuha bidafite aho bishingiye ndetse ubu akaba yatangiye!-->!-->!-->…
Google yanze ubusabe bwa Uganda bwo gufunga channel 14 za Youtube zifite aho zihuriye na Bobi Wine
Ikigo Google Inc cyateye utwatsi ubusabe bwa Guverinoma ya Uganda yayandikiye iyisaba gufunga imiyoboro ya Youtube ifite aho ihuriye n’imyigaragambyo yakurikiye itabwa muri yombi rya Bobi wine mu kwezi gushize.
Umuyobozi muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu munsi umwe gusa Abarenze ku mabwiriza yo kwirinda Coronavirus binjirije leta asaga miliyoni 104…
Nyuma y’umunsi umwe gusa mu Rwanda amabwiriza avuguruye yo kwirinda Covid19 ashyizweho, mu gihugu hose hafashwe abakurikira barenze kuri ayo mabwiriza ari nako baciwe amande.
.Abasaga 3000 nta masks.1979 batahanye intera.2538!-->!-->!-->!-->!-->…
Malawi: Umuyobozi yafunzwe azira kwitambika imodoka ya Perezida
Uyu muyobozi usanzwe ari komiseri muri Komisiyo y’amatora, ashinjwa kuba ubwo imodoka zari zitwaye Perezida zamunyuragaho mu muhanda yaranze kuva mu nzira.
Ubwo ibyo byabaga, BBC yatangaje ko Kunje yari atwawe n’umushoferi we. Yanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Leta irashaka ko YouTube ihagarika imbuga zishyigikira Bobi Wine
Urwego rushinzwe kugenzura itumanaho muri Uganda rwandikiye ikigo cy’ikoranabuhanga Google, ari cyo nyiri YouTube itangazwaho za videwo, kiyisaba gufunga shene (channels) 14 bivugwa ko zifite aho zihuriye n’imidugararo yo mu kwezi!-->!-->!-->…
Rusesabagina yareze Sosiyete y’indege ya GainJet Aviation n’umuvugabutumwa Costantin Niyomwungere,…
Paul Rusesabagina yatanze ikirego mu rukiko arega Sosiyete y’indege ya GainJet Aviation yo mu Bugereki n’umuvugabutumwa witwa Costantin Niyomwungere, abashinja ’gufatanya n’u Rwanda kumushimuta’.
Umuryango wa Rusesabagina wakunze!-->!-->!-->!-->!-->…
HRW irasaba ONU gukurikirana iby’uburenganzira bwa muntu mu Burundi
Umuryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, Human Rights Watch (HRW), urasaba akanama ka ONU gashinzwe umutekano gukomeza gukurikira uburyo uburenganzira bwa muntu buri guhonyorwa mu Burundi.
HRW ivuga ko Ibikorwa bibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Abarwayi babiri bafashwe bari gusambanira ku buriri bw’ibitaro
Mu bitaro bimwe biherereye Lagos mu gihugu cya Nigeria, abarwayi babiri (umusore n’inkumi) baguwe gitumo bafatwa basambanira munsi y’igitanda cy’abarwayi.
Urubuga leuksenegal.com, ruvuga ko aba barwayi bahawe ibitaro kuko bari!-->!-->!-->!-->!-->…
Wa musore ukiri muto ukundana na nyina wa Neymar Jr yaterewe icyuma muri Mexico
Umusore witwa Tiago Ramos w’imyaka 24 ukundana na nyina wa Neymar Jr witwa Nadine Goncalves,w’imyaka 52 yashyize hanze amashusho ari kuvirirana nyuma yo guterwa icyuma yasohokanye n’uyu mugore mur Mexico.
Tiago wamenyekanye kubera!-->!-->!-->!-->!-->…
Miliyari 39 ziyongereye ku ngengo y’imari yo guhemba Abarimu.
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) imaze iminsi mu gikorwa cyo gushaka abarimu bashya benshi kuko n’ibyumba by’amashuri byiyongereye, bikaba byaratumye ingengo y’imari ijya mu mishahara y’abarimu izamukaho miliyari 39 z’amafaranga y’u Rwanda.
!-->!-->…
General Major Mubarak yasabye imbabazi abakunzi ba APR FC
Visi Perezida wa APR FC, Maj Gen Mubaraka Muganga, yasabye imbabazi abakunzi b’ikipe y’ingabo nyuma y’uko inaniwe kugera ku ntego yihaye, igasezererwa mu ijonjora rya mbere rya CAF Champions League itsinzwe na Gor Mahia.
APR FC yari!-->!-->!-->!-->!-->…