Browsing Category
Izindi nkuru
Kigali: Abacururiza mu isoko rya Nyarugenge biyemeje ingamba nshya zo guhangana na COVID-19 nkuko…
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwasabye abakorera mu isoko rya Nyarugenge ryasubukuye imirimo kuri uyu wa Kane , kubahiriza ingamba zashyizweho zo kwirinda covid-19 kugirango icyatumye bafungirwa kitazongera kubaho.
Umujyi wa!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarimu bakoze ikizamini cy’akazi baragitsinzwe bikabije kugeza 85% none REB igiye gutanga ikindi…
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Uburezi (REB), kiratangaza ko kiri gutegura gukoresha ibindi bizamini by’akazi ku barimu, nyuma y’uko abarimu 34,134 bangana na 85% by’abari bakoze bose batsinzwe ikizamini cy’akazi.http
!-->!-->!-->…
Umuhungu wa Rusesabagina yahamagariye abantu kumufasha kurwanirira ise uri mu maboko…
Nyuma yaho ku munsi w'ejo urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda rugaragaje ko rwafashe bwana RUSESABAGINA Paul, kuri uyu munsi umuhungu we witwa Trésor RUSESABAGINA yatangaje ko yiteguye kurwana agakora ibishoboka byose kugira ngo azongere!-->!-->!-->…
Umunyamakuru Rubadiri niwe watsindiye igihembo Komla Dumor cya BBC World News
Victoria Rubadiri, umunyamakuru wo muri Kenya ukora inkuru zicukumbuye akanatangaza amakuru kuri televiziyo, ni we watsindiye igihembo cya '2020 BBC World News Komla Dumor Award'.
Rubadiri ni umunyamakuru kuri televiziyo ya Citizen!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali City market irafungurwa kuri uyu wa kane, kwa Mutangana harakomeza gufungwa
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko isoko rizwi nka “Kigali City Market” riherereye rwagati mu mugi, rizafungurwa ku wa Kane tariki 03 Nzeri 2020, mu gihe isoko rizwi nko Kwa Mutangana riherereye muri Nyabugogo rizakomeza!-->!-->!-->…
Gakenke:Ikamyo yaritwaye kawunga yafashwe n’inkongi irashya irakongoka
Mu muhanda Kigali- Musanze habereye impanuka y’imodoka y’ikamyo nini yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka gusa amakuru avuga ko nta muntu wayipfiriyemo kuko umushoferi yabashije kuyivamo ari muzima.
Iyi nkongi yabaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare:uwari umukozi ushinzwe uburezi mu Murenge yasezeye kubera kurenga ku mabwiriza yo gukumira…
Ku Cyumweru tariki ya 30 Kanama 2020, ni bwo uwari umukozi ushinzwe uburezi mu Murenge wa Musheri mu Karere ka Nyagatare, Nizeyimana Theobald yagejeje ku buyobozi bw’Akarere ibaruwa ihagarika akazi ku mpamvu ze bwite.
mu karere ka!-->!-->!-->…
Rusizi:Abo mu kigo gishinzwe Mine, Gaz na Peteroli basobanuye icyateye igabanyuka ry’amazi…
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Mine, Gaz na Peteroli butangaza ko ibyabaye ku mashyuza mu Karere ka Rusizi bitatewe n’imitingito ahubwo byatewe n’imiterere y’amashyuza n’amabuye yaho, byakwiyongera ku ntambi zaturitse bigatuma!-->…
KAYONZA:Umugabo yiyahuye kubera gukeka ko umugore we amuca inyuma bi muviramo urupfu.
ni kenshi hakunze humvikana gucana inyuma mu bashakanaye nyamara ntibibonerwe gihamya ariko uvugako bamuciye inyuma agakomeza kubyemeza.Umugabo witwa Uwiringiyimana Justin wari ufite imyaka 33 atuye mu Murenge wa Kabare mu Karere ka!-->…
Huye: Veterineri w’umurenge na Mwalimu mu barajwe muri stade kubera kunanirwa kutubahiriza…
Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 29 Kanama 2020, mu Karere ka Huye hafashwe abantu 32 saa moya zageze bakiri mu muhanda bataragera mu rugo.
Muri bo harimo abagore batatu, hakabamo umwe wahararanye n’umugabo we kuko ngo bafatiwe!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Imyigaragambyo y’abamagana Urugomo rwa Polisi i Washington DC
Uyu munsi, abantu ibihumbi n'ibihumbi barateganya gukora imyigaragambyo Washington D.C., umurwa mukuru wa Leta zunze ubumwe z'Amerika, bagamije kwamagana ivanguramoko n'urugomo rwa polisi ku baturage b'Abirabura.
Aba baturage!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Abamugariye ku rugamba basaga 100 bahawe telefone zigezweho zizabafasha mu itumanaho
Abamugariye ku rugamba 100 bo mu Karere ka Nyagatare bahawe banashyikirizwa terefoni zo mu bwoko bwa smartphones zizabafasha mu itumanaho ndetse no mu bundi buzima bwabo busanzwe.
Igikorwa cyo guha no gushyikiriza terefoni!-->!-->!-->!-->!-->…
R.KELLY arasaba gufungurwa nyuma yaho akorewe ihohoterwa n’abagororwa bagenzi be
Umunyamategeko wa Robert Kelly yasabye ko arekurwa nta nteguza, nyuma y'uko akubiswe n'uwo bafunganye muri gereza.
Steve Greenberg yavuze ko umukiriya we yasagariwe muri gereza ya Chicago aho afungiye ategereje urubanza ku birego!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Abagera ku 10 bakubiswe n’inkuba ubwo bakinaga umupira.
Abana 10 bapfuye nyuma y'uko akazu k'ibyatsi bari bugamyemo imvura gakubiswe n'inkuba mu mujyi wa Arua mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Uganda.
Ejo ku wa kane nimugoroba, aba bana barimo bakina umupira w'amaguru maze imvura!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikiciro cya mbere k’impunzi z’Abarundi zabaga mu Rwanda zatangiye gutaha iwabo
Mu gitondo cyo kuri wa kane impunzi z'Abarundi zabaga i Mahama zatangiye gutaha iwabo mu Burundi.
Kuri uyu wa Kane tariki 27 Kanama 2020, impunzi z’Abarundi 471 zisabiye gusubira mu gihugu cyazo zafashijwe gutaha, akaba ari ryo!-->!-->!-->!-->!-->…