Browsing Category
Izindi nkuru
Huye: Ministre Gatete yasabye banyir’amazu yo mu Cyarabu kuyubaka byakawanga bakayamburwa
Minisitiri w’Ibikorwa remezo, Amb. Claver Gatete, avuga ko inzu za Leta ziri i Huye zidakoreshwa, kimwe n’ibibanza by’ahitwa mu Cyarabu bikomeje gutera umwanda mu mujyi, biza gufatirwa ingamba.
Yabitangaje ubwo yagendereraga Akarere!-->!-->!-->!-->!-->…
RDB yasobanuye uburyo hanyerejwe miliyoni zirenga 300 mu gihe cy’amezi 5 gusa
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwisobanuye ku mafaranga angana na miriyoni 363,303,364 zanyerejwe hagati ya Kanama 2018 kugeza Mutarama 2019.
Ni ibisobanuro RDB yatanze mu gitondo cy’uyu munsi ku wa Gatatu tariki 23 Nzeri!-->!-->!-->!-->!-->…
Inama y’abepiskopi mu Butaliyani yageneye u Rwanda inkunga y’ibikoresho.
Inama y’Abepisikopi mu Butaliyani mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Nzeri 2020 yageneye Leta y’u Rwanda ibikoresho bifite agaciro k’amafaranga angana na miriyoni 294,475,215 ibinyujije muri Caritas Rwanda.
Minisitiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Kaminuza ya Makerere yatewe n’inkongi y’umuriro hangirika byinshi
Kaminuza ya Makerere yatewe n'inkongi y'umuriro kugeza ubu bitaramenyekana icyayiteye, hangirika byinshi.
Mu rukerera rwo kuri iki cyumweru nibwo ino kaminuza iri muzikomeye mu Karere yafashwe n'inkongi y'umuriro nubwo hari abahamya!-->!-->!-->!-->!-->…
Hari impungenge ko amashuri yigenga ashobora kuzabura abarimu
Bamwe mu bayobozi b'ibigo by'amashuri yigenga bafite ubwoba ko bashobora kuzabura abarimu mu gihe amashuri azaba yasubukuwe
Mu gihe hashize amezi arindwi amashuri yose yarafunze kubera kwirinda ikwirakwiza ry'ubwandu bwa virusi ya!-->!-->!-->!-->!-->…
NIRDA yatumije imashini ikora umutobe, ihabwa ikora “igikoma”
Ubuyobozi bw’Ikigo k’Igihugu cy’Ubushakashatsi n’Iterambere ry’Inganda (NIRDA), bwagowe no gutanga ibisobanuro ku buryo icyo kigo cyatumije mu mahanga imashini yagombaga gukora umutobe, hanyuma ikazana ikora igikoma gifashe.
Ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Barindwi mu mfungwa 219 zatorotse gereza zigatwara n’imbunda bafashwe.
Nyuma y'aho ku munsi w'ejo hashize kuwa gatatu hari imfungwa zigera kuri 219 zatorotse gereza mu gihugu cya Uganda, hari amakuru avuga avuga ko barindwi muri bo bamaze gufatwa.
Gutoroka kw'izo mfungwa kwatumye ubuzima buhagarara mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Isoko rizwi nko kwa Mutangana rirongera gufungura kuri uyu wa kabiri.
Nyuma y'ukwezi ryari rimaze ridakorerwamo kubera ikibazo cya Covid-19, ubuyobozi bw'umugi wa Kigali bwatangaje ko isoko rizwi nko kwa Mutangana rizongera gufungura kuri uyu wa kabiri.
Mu itangazo ryashyizwe hanze n'umugi wa Kigali!-->!-->!-->!-->!-->…
Meya wa Rutsiro Mm Emerance yasezeranye imbere y’Imana n’umugabo yihebeye
Umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro, Emérence Ayinkamiye, kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Nzeri 2020, yasezeranye imbere y’Imana n’umugabo we Nsengimana Fabrice.
Ni umuhango wabereye muri Paruwasi yitiriwe Umuryango Mutagatifu (Ste!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo:Umuturage yatoraguye grenade ajya kuyigurisha mu byuma bishaje!
Mu karere ka Gasabo mu murenge wa Rusororo mu kagari ka Mbandazi mu mudugudu wa SAMUDUHA umuturage yagiye gupatana(kumvikana na amafaranga azahingira) asangamo igisasu cyo mubwoko bwa grenade.
Akagari kambandazi ni mu murenge wa!-->!-->!-->…
Geoges Bizos waburaniye Nelson Mandela ni muntu ki?
Georges Bizos waburaniye Nyakwigendera Nelson Mandela yari umwe mu banyamategeko bakomeye mu gihugu cya Afrika y'epfo
George Bizos yavukiye mu Bugereki ariko ajya muri Afurika y'epfo afite imyaka 13 ari impunzi ahunze intambara ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore witwa CHADIWA w’imyaka 42 yadonzwe n’inkoko arapfa.
inkoko yibasiye umugore witwa Chandapiwa Makaza wari atuye mu mudugudu wa Chingodora mu gihugu cya Zimbabwe, aho yaje gupfa azize ibikomere yagize kubera icyo gitero giteye ubwoba.
Amakuru avuga ko Chandapiwa Makaza ufite imyaka 42,!-->!-->!-->!-->!-->…
Zambia: Perezida wa Zambiya “Edgar Lungu” ari mu bababajwe n’ifi yitwa…
Abanyazambiya bamwe bari mu gahinda kubera urupfu rw'ifi nini yabaga mu kizenga kiri muri kaminuza ya leta nini kurusha izindi, Copperbelt University (CBU).
Iyi fi bahaga akabyiniriro ka Mafishi yatumye Perezida Edgar Lungu!-->!-->!-->!-->!-->…
Mandela Foundation yasubije ku biri mu gitabo byitiriwe Perezida Trump
Umuryango Nelson Mandela Foundation ugamije kubungabunga umurage w'uyu wabaye Perezida wa mbere w'umwirabura w'Afurika y'epfo wasubije ku magambo yitiriwe Perezida Donald Trump w'Amerika.
Ayo magambo bivugwa ko yavuzwe na Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Mu karere ka Gasabo habereye Impanuka ku Gisozi yahitanye abantu babiri abandi bantu…
Mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Gisozi habereye impanuka kuri uyu wa Kabiri tariki 08 Nzeri 2020 ihitana abantu babiri.
Iyo mpanuka yabereye mu gace gaherereyemo Agakiriro ka Gisozi. Ababibonye bavuga ko mu!-->!-->!-->!-->!-->…