Browsing Category
Izindi nkuru
Indonesia: Irushanwa ridasanzwe ryo kuvuma coronavirus
Abantu bari guhangana n'iki cyorezo cya Covid-19 mu buryo butandukanye, ariko muri Indonesia hatangijwe uburyo budasanzwe.
Ishyirahamwe Jawasastra Culture Movement ryo mu mujyi wa Yogyakarta ku kirwa cya Java, ryatangije irushanwa ryo!-->!-->!-->…
Umukobwa wa Nelson Mandela witwaga Zindzi Mandela, , yapfuye
Zindzi Mandela-Hlongwane — umukobwa w'uwahoze ari perezida wa Afurika y'epfo Nelson Mandela — yapfuye ku myaka 59 nk'uko byemejwe na Nelson Mandela Foundation uyu munsi kuwa mbere.
Nta makuru arambuye aratangazwa ku rupfu rwa Zindzi,!-->!-->!-->…
Ubushakashatsi buravugako imodoka zitwara nta mushoferi ziragezwa mu mihanda vuba
Ikompanyi y’ikoranabuhanga yo mu rwego rwo hejuru ‘Tesla’ yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika ivuga ko mu mpera z’uyu mwaka izaba yabashije gukora imodoka zitwara.
Ibi ni ibyatangajwe n’umuyobozi wa Tesla Elon Musk, ubwo yari mu nama!-->!-->!-->…
Abantu bakomeje gusetswa n’ubutumwa uwitwa Karera yandikiye Prezida Kagame
Abantu benshi bakomeje gusetswa n'ubutumwa uwitwa Karera yandikiye Prezida Kagame amusaba ko yamwohereza amafranga binyuze kuri Mobile money
Ku munsi w'ejo ubwo Prezida Paul KAGAME yaganiraga n'abantu binyuze ku rubuga rwe rwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Abafite ubumuga barasaba kuzitabwaho mu gihe cyo gutegura ibyiciro by’ubudehe.
Abafite ubumuga barasaba ko bazitabwaha mu gihe cyo kugena ibyiciro by'ubudehe, ko batazabarirwa mu byiciro by'imiryango bakomokamo.
Abafite ubumuga butandukanye bifuza ko batashyirwa mu byiciro by’ubudehe by’imiryango yabo kuko!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi:Umusore n’umukobwa bakoreye ubukwe bwabo mu bitaro nyuma y’impanuka yari ihitanye umwe…
Uwagusaba gutanga urutonde rw’ibishobora gukorerwa kwa muganga, ushobora kubitondekanya ari byinshi, ariko nta shiti ko ubukwe butaba buri kuri urwo rutonde.
Gabin ari mu kagare kabarwayi ahabwa n'impno
Nyamara kuri Charlotte!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwishywa wa Trump yashyize hanze amabanga ya nyirarume, ngo ntiyize kaminuza nk’uko byari…
Umwishywa wa Preezid wa Amerika yashyize hanze amabanga ya nyirarume, avuga ko ari umubeshyi kandi ko atigeze yiga muri kaminuza nkuko benshi bari babizi
Mu gitabo cyari gitegerejwe na benshi ndetse n'itangazamakuru, Mary TRUMP!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’amezi 2 gusa asezeye mu gipadiri, Bwana REBERO J.D’amascene yaraye asezeranye…
Nyuma y'amezi abiri yonyine asezeye mu gipadiri, Bwana REBERO Jean D'amascene yasezeranye imbere y'ubutegetsi kuri uyu wa gatanu.
Padiri Rebero Jean Damascène wahoze ari umunyamabanga w’Umushumba wa Diyoseze Gatolika ya Butare,!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo wigishaga gutwara imodoka yatawe muri yombi kubera kutubahiriza amabwiriza yo kwirinda…
Mu bantu bafashwe kubera kutubahiriza amabwiriza yo kwirinda Covid-19, harimo umugabo wigishaga umukobwa gutwara imodoka kandi biri mu byabujijwe
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 10 Nyakanga 2020, polisi y'u Rwanda yerekanye abantu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikinyamakuru “the chronicles” cya Kayumba cyahagaritse imirimo yacyo
Nyuma y'aho Dr KAYUMBA Christopher washinze ikinyamakuru the chronicles afunze, icyo kinyamakuru nacyo ubu cyabaye gihagaritse ibikorwa
Kuri uyu wa kane nibwo ubuyobozi bw'ikinyamakuru the chronicles cyatangaje ku mugaragaro ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Izi Nizo Nyubako 10 Ndende Kurusha Izindi Ku Isi
Kimwe mu bigaragaza iterambere ry'imigi n'ibihugu muri rusange ni imiturirwa miremire inogeye amaso y'abayireba.
Kuri ubu, ku isi habarirwa ibihumbi n'ibihumbi by'imiturirwa miremire. Nkuko bitangazwa na skyscraper, kugeza ubu,!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Abamotari barasaba Leta kubatunga mu gihe bakiri muri gahunda ya guma murugo
Abakora umwuga wo gutwara abantu kuri za Moto i Bugande bareze Leta yabo kuba ikomeje gahunda ya gumamurugo, bityo ko igomba kubatunga kuko batari gukora.
Ishyirahamwe ry'abatwara abantu kuri za moto mu gihugu cya Uganda riravuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu gihugu cya eSwatini guverinoma yose yashyizwe mu kato kubera icyoba cya covid-19
Nyuma y'aho umwe mu baministri agaragayeho icyorezo cya covid-19, 18 bagize guverinoma bashyizwe mu kato.
Nyuma yaho umwe mu bagize guverinoma agaraweho icyorezo cya covid-19, Ubwami bwa eSwatini bwafashe umwanzuro wo gushyira mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umupolisikazi yarashe umugabo we amuziza agusuzuguro
Umupolisikazi wo mu gihugu cya Kenya yarashe umugabo amuziza ko yanze kumwitaba kuri terefoni mu gihe yari amuhamagaye.
Umupolisi wo mu gihugu cya Kenya yarashe umugabo akoresheje imbunda yo mu bwoko bwa Kalachinkov ari mu maboko ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Amafoto ya pasitori wifotoye ari kwereka abayoboke be uko mu ijuru bizaba bimeze yaciye ibintu
Umupasitoro w'itorero ry'ububyutse yifotoreje ku gitanda yerekana uburyo muri paradiso hazaba hameze.
Umu pasitori wo mu gace kitwa Rusfisque, mu gihugu cya Senegal yateje impaka nyinshi ku mbuga nkoranyambaga ubwo yifataga amafoto!-->!-->!-->!-->!-->…