Browsing Category
Izindi nkuru
WASAC, RSSB mu bigo bya Leta bigiye kongera kwitaba akanama ka PAC
WASAC, RSSB na BDF ni byo bigo bya Leta ku ikubitiro bigomba kongera kwitaba akanama gashinzwe gukurikirana imikoreshereze y'imali ya Leta mu Rwanda (PAC)
Mu ibaruwa Donatille Mukabalisa, Perezida w’Inteko ishinga amategeko, Umutwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Tuniziya: Umunyamakuru yakatiwe gufungwa amezi 6 nyuma yo gutera urwenya kuri corowani
Umunyamakuru ukorera kuri internet yakatiwe igifungu cy'amezi amezi nyuma yo gutera urenya yifashisha igitabo cya korowani
Umunya-Tuniziya utangaza amakuru ku rubuga rwa internet mu buryo buzwi nka 'blog', yakatiwe gufungwa amezi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Tolulope Arotile, wari umugore umwe urwanisha kajugujugu, yapfuye
Umupilote w'umugore wari uwa mbere ubayeho muri Nigeria utwara kajugujugu z'intambara yapfuye azize ibikomere byatewe n'impanuka yo mu muhanda, nkuko ingabo zirwanira mu kirere zabitangaje.
Tolulope Arotile yapfuye ku wa kabiri.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Umugabo yigongeye umwana we w’uruhinja atabizi arapfa.
Umugabo yigongeye umwana we arapfa. (Photo archives)
Umugabo utuye mu Karere ka Nyanza, umurenge wa Busasamana yaraye yigongeye umwana we w'uruhinja ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere taliki ya 13 Nyakanga 2020. Amakuru y'urupfu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abigaga muri kaminuza y’INDANGABUREZI baheze mu gihirahiro nyuma yuko kaminuza yabo ifunzwe
Abanyeshuri bari barangije programme y'ikiciro cya mbere muri kaminuza nderabarezi yo mu Ruhango bari mu gihirahiro nyuma yuko kaminuza bigagamo yafunzwe
Nyuma y'aho ministeri ifunze za kaminuza eshatu mu ntangiriro z'uku kwezi,!-->!-->!-->!-->!-->…
Sena y’u Rwanda yemeje KAYITESI Alice nka guverineri w’intara y’Amagepfo
Sena y'u Rwanda yaraye yemeje Kayitesi Alice nk'umuyobozi w'intara y'amagepfo imwizeza n'ubufasha mu gukemura ibibazo byo muri iyo Ntara
Nyuma y'aho prezida wa Repubulika Nyakubahwa Paul Kagame agize guverineri w'intara y'amagepfo!-->!-->!-->!-->!-->…
BUGESERA: Yashyinguye umwana utari uwe akeka ko ari uwo yari yarabuze.
Muteteri Faith, utuye mu mudugudu wa Rurenge, avuga ko bumvise iyo nkuru nyuma yo kumenya ko hari umurambo w’umwana w’umuhungu watoraguwe mu mazi mu gishanga, hanyuma ukaba washyinguwe n’utari nyir’umwana kubera kwibeshya.
Muteteri!-->!-->!-->!-->!-->…
Guma murugo # i Bethlehem kwa Yezu/Yesu
Leta ya Palestina yatangaje umukwabu mu gace ka West Bank hagamijwe kurwanya ikwirakwira ry'iki cyorezo.
Imijyi izwi nka Ramallah, Hebron na Bethlehem yo iraguma mu mabwiriza ya 'Guma mu rugo' (lockdown) kugeza kuwa kane - ndetse!-->!-->!-->!-->!-->…
Indonesia: Irushanwa ridasanzwe ryo kuvuma coronavirus
Abantu bari guhangana n'iki cyorezo cya Covid-19 mu buryo butandukanye, ariko muri Indonesia hatangijwe uburyo budasanzwe.
Ishyirahamwe Jawasastra Culture Movement ryo mu mujyi wa Yogyakarta ku kirwa cya Java, ryatangije irushanwa ryo!-->!-->!-->…
Umukobwa wa Nelson Mandela witwaga Zindzi Mandela, , yapfuye
Zindzi Mandela-Hlongwane — umukobwa w'uwahoze ari perezida wa Afurika y'epfo Nelson Mandela — yapfuye ku myaka 59 nk'uko byemejwe na Nelson Mandela Foundation uyu munsi kuwa mbere.
Nta makuru arambuye aratangazwa ku rupfu rwa Zindzi,!-->!-->!-->…
Ubushakashatsi buravugako imodoka zitwara nta mushoferi ziragezwa mu mihanda vuba
Ikompanyi y’ikoranabuhanga yo mu rwego rwo hejuru ‘Tesla’ yo muri Leta zunze ubumwe za Amerika ivuga ko mu mpera z’uyu mwaka izaba yabashije gukora imodoka zitwara.
Ibi ni ibyatangajwe n’umuyobozi wa Tesla Elon Musk, ubwo yari mu nama!-->!-->!-->…
Abantu bakomeje gusetswa n’ubutumwa uwitwa Karera yandikiye Prezida Kagame
Abantu benshi bakomeje gusetswa n'ubutumwa uwitwa Karera yandikiye Prezida Kagame amusaba ko yamwohereza amafranga binyuze kuri Mobile money
Ku munsi w'ejo ubwo Prezida Paul KAGAME yaganiraga n'abantu binyuze ku rubuga rwe rwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Abafite ubumuga barasaba kuzitabwaho mu gihe cyo gutegura ibyiciro by’ubudehe.
Abafite ubumuga barasaba ko bazitabwaha mu gihe cyo kugena ibyiciro by'ubudehe, ko batazabarirwa mu byiciro by'imiryango bakomokamo.
Abafite ubumuga butandukanye bifuza ko batashyirwa mu byiciro by’ubudehe by’imiryango yabo kuko!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi:Umusore n’umukobwa bakoreye ubukwe bwabo mu bitaro nyuma y’impanuka yari ihitanye umwe…
Uwagusaba gutanga urutonde rw’ibishobora gukorerwa kwa muganga, ushobora kubitondekanya ari byinshi, ariko nta shiti ko ubukwe butaba buri kuri urwo rutonde.
Gabin ari mu kagare kabarwayi ahabwa n'impno
Nyamara kuri Charlotte!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwishywa wa Trump yashyize hanze amabanga ya nyirarume, ngo ntiyize kaminuza nk’uko byari…
Umwishywa wa Preezid wa Amerika yashyize hanze amabanga ya nyirarume, avuga ko ari umubeshyi kandi ko atigeze yiga muri kaminuza nkuko benshi bari babizi
Mu gitabo cyari gitegerejwe na benshi ndetse n'itangazamakuru, Mary TRUMP!-->!-->!-->!-->!-->…