Browsing Category
Izindi nkuru
Nyuma yo kumena amabanga y’urugo, KANYE WEST yasabye imbabazi umugore we.
Nyuma y'aho umuhanzi Kanye west amenyye amabanga y'urugo bikarakaz umugore we ku buryo yari yavuze ko agiye gutandukana nawe, Bwana Kanye West yamusabye ku makosa yakoze.
Mu butumwa yanditse kuri Twitter yagize ati “Ndasaba!-->!-->!-->!-->!-->…
79% by’abakozi mu Rwanda ntibanyuzwe n’umushahara bahembwa
Ubushakashatsi bwakozwe n’Ihuriro Synergie Zamuka rigizwe n’amasendika y’abakozi n’imiryango irengera uburenganzira bw’abakozi mu Rwanda, bwagaragaje ko 79.4 % batishimiye umushahara bahembwa.
Ubwo bushakashatsi bwakozwe guhera!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubufaransa: Bwana Emmanuel yemeye ko yagize uruhare mu gutwika Cathedrale ya Saint Paul
Umunyarwanda witwa Emmanuel yemeye ko yagize uruhare mu gukongeza umuriro watwitse ukanangiza Cathédrale Saint-Pierre-et-Saint-Paul y’i Nantes mu Bufaransa.
Ku wa 18 Nyakanga 2020 nibwo iyi cathédrale yafashwe n’inkongi yangiza!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku nshuro ya kabiri, umunyarwanda ukekwaho gutwika Cathedral y’i Nantes yatawe muri yombi
Polisi yo mu Bufaransa yongeye guta muri yombi umunyarwanda ukekwaho kugira uruhare mu nkongi y'umuriro yibasiye Cathedral St Pierre et St Paul y'i Nantes mu Bufaransa.
Umunyarwanda witwa Emmanuel yatawe muri yombi atangira!-->!-->!-->!-->!-->…
CA: Abapolisi b’u Rwanda muri Centrafrika batangije umushinga wo gushakira amazi abaturage
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kugarura no kubungabunga amahoro muri Centrafrique (RWAFPU), bateguye umushinga uzageza amazi meza ku baturage bo mu mujyi wa Bangui.
Itsinda ry’abapolisi boherejwe i Bangui mu Ukuboza umwaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Yatwitse abana yareraga abaziza kurya indagara
Abana babiri b’Abahungu bakomoka muri Komini ya Bugarama mu ntara ya Rumonge mu gihugu cy’u Burundi batwitswe iminwa hakoreshejwe ikiyiko gishyushye bazira kurya indagara.
Abo bana bakaba batwitswe na mukase wabareraga nyuma yo!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Umusozi waridutse ufunga umuhanda
Umusozi waridutse ku manywa y'ihangu wangiza ibitari bike ndetse unafunga umuhanda
Mu Mudugudu wa Kibande, Akagari ka Gitwa Gitwa, mu Murenge wa Rubengera, mu Karere ka Karongi; umusozi waridutse nta n’imvura yaguye, ufunga umuhanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Hakozwe agakoresho ko kwifashishwa mu gukumira abagabo baca inyuma abo bashakanye
Umushakashatsi wo mu gihugu cya Australiya yashyize hanze agakoresho kazajya kifashishwa mu gukumira abagabo baca inyuma abagore babo
Umugore witwa Suzan wo mu gihugu cya Australiya yashyize hanze kuri uyu wa kane taliki ya 23!-->!-->!-->!-->!-->…
Benjamin Mkapa wahoze ayobora Tanzaniya yitabye Imana.
Benjamin Mkapa wahoze ayobora igihugu cya Tanzaniya yaraye yitabye Imana.
Ibiro by'umukuru w'igihugu cya Tanzaniya byatangaje ko uwahoze ayobora igihugu Benjamin Mkapa yaraye yitabye Imana kuri uyu wa gatanu taliki ya 23 Nyakanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Derek Chauvin Ushinjwa kwica George Floyd Yarezwe ibyaha byo kudatanga imisoro
Derek Chauvin n'uwahoze ari umugore we bashinjwa kutamenyekanisha inyungu ivuye mu mirimo itandukanye bakora
Derek Chauvin wahoze ari umupolisi i Minneapolis muri Amerika ushinjwa kwica umunyamerika ukomoka muri Afurika George Floyd!-->!-->!-->…
SSP HILLARY wari umaze imyaka Irenga 6 nk’umuvugizi wa RCS yasimbuwe
Urwego rw'igihugu rushinzwe infungwa n'abagororwa rwabonye umuvugizi mushya usimbura Hillary wari umaze imyaka hafi 7
Babinyujije ku rukuta rwa Twitter, urwego rw'igihugu rushinzwe infungwa n'abagororwa rwatangaje ko rufite!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Abaturage bishimye nyuma yo gukurwa mu bihe bidasanzwe kubera covid-19
Mu mugi wa Kinshasa ndetse no gihugu hose bari bamaze iminsi muri gahunda ya gumamurugo
Amatsinda y'abantu muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yaraye yigabije imihanda yo mu murwa mukuru Kinshasa, mu kwishimira ko Perezida Félix!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikigega k’imali ku isi cyasoneye u Burundi umwenda wa miliyoni $7.6
FMI yasoneye igihugu cy'uburundi hafi miliyoni 7$ mu rwego rwo kuyifasha guhangana n'icyorezo cya Coronavirus.
Ikigega cy'imari ku isi (IMF/FMI) cyatangaje ko cyasoneye (cyahebeye ideni) u Burundi umwenda ungana na miliyoni US$ 7.63!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwagumye mu bihugu 13 byemerewe kugirira ingendo mu gace ka Schengen
Nyuma yuko akanama k'umuryango wunze ubumwe bw'Uburayi gateranye kakemeza urutonde r'wibihugu 13 bikomeje gukaza umurego ku ngamba zo kwirinda icyorezo cya Coronavirus, hemejwe urutonde rw'ibihugu byemererwa ko abaturage babyo bagirira!-->!-->!-->…
Nyagatare: Batatu batawe muri Yombi, barakekwaho kwiba Sima yagenewe kubaka amashuri
Abantu batatu bari mu maboko y'ubugenzacyaha, bakurikiranyweho icyaha cyo kwiba sima yari iteganijwe kubaka amashuri
Guhera ku wa Mbere tariki 20 Nyakanga 2020, abagabo batatu bari mu maboko ya RIB sitasiyo ya Musheri mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…