Browsing Category
Izindi nkuru
Kenya: Abaturage baranenga umukobwa wa perezida Ruto wihaye inshingano zidasanzwe muri Leta.
Bamwe mu baturage b'abanya Kenya bariye karungu mu kunenga umukobwa wa perezida Ruto wihaye inshingano zidasanzwe muri perezidansi.
Abakoresha imbunga nkoranyambaga muri Kenya batunguwe kandi baranenga ko Charlene Ruto, umukobwa wa!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda na Nigeria bibaye ibya mbere muri Afurika bisinye Artemis Accords
U Rwanda na Nigeria byabimburiye ibindi bihugu by’Afurika gusinya amasezerano yiswe Artemis Accords, agamije gusubiza abantu ku kwezi nibura mu mwaka wa 2025.
Amasezerano y’Artemis ni uruhurirane rw’amahame!-->!-->!-->!-->!-->…
Amerika yafatiye ibihano umuhungu wa perezida wa Zimbabwe
Leta zunze ubumwe za Amerika zongereye ku rutonde rw'abahawe ibihano umuhungu wa perezida Munangagwa kubera gukekwaho kugirana ubushuti n'umuherwe wo muri icyo gihugu nawe wafatiwe ibihano n'icyo gihugu cy'ighangange
Emmerson!-->!-->!-->!-->!-->…
Impunzi z’Abakongomani ziri mu Rwanda bazindukiye mu myigaragambyo
Impunzi z’Abanyekongo zicumbitse mu nkambi ya Kigeme mu Karere ka Nyamagabe mu Majyepfo y’u Rwanda, zaramukiye mu myigaragambyo yo kugaragaza agahinda batewe no kuba Igihugu cyabo cyaranze ko batahuka, bakavuga ko barambiwe kuba mu buhunzi!-->…
Umuyobozi ukomeye mu Rwanda yanenze bikomeye polisi y’u Rwanda ishami ryo mu muhanda
Honorable Evode Uwizeyimana yanenze bikomeye polisi y'u Rwanda avuga ko bimwe mu bizamini bakoresha ari ibintu bya kera bitagikoreshwa ku isi muri iyi myaka.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 10 Ukuboza 2022, ubwo yari mu kiganiro!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abikorera bibukijwe ko bagomba kugira uruhare mu gukumira ruswa
Abikorera bo mu karere ka Nyanza bibukijwe ko nabo bagomba kugira uruhare rufatika mu kurwanya ruswa ikomeje gushinga imizi cyane muri urwo rwego.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 9 Ukuboza 2022, mu cyumba cy'inama cy'akarere ka Nyanza!-->!-->!-->!-->!-->…
Akarere ka Rutsiro kashyize umucyo ku mukozi gaherutse kwirukana mu kazi
Mu minsi ishize mu itangazamakuru mu Karere ka Rutsiro mu ntara y’Iburengerazuba, havuzwe inkuru y’abakozi birukanwe burundu n’abahagaritswe mu kazi by’igihe gito kubera amakosa bagaragaweho.
Mu birukanywe burundu mu kazi harimo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Igikorwa cyo gukusanya inkari z’abagore batwite gikomeje gutera urujijo mu baturage
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Kamonyi bakomeje kugira impungenge ku gikorwa kiri gukorwa n'Akarere kigamije gukusanya inkari z'abagore batwite.
Abaturage bo mu Karere ka Kamonyi mu majyepfo y'u Rwanda baratangaza ko bakomeje!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukobwa wa Perezida wa Zimbabwe ari gufatira amashusho ya filime mu Rwanda
Tariro Wash, umukobwa wa Perezida wa Zimbabwe Emmerson Dambudzo Mnangagwa ari mu Rwanda aho ari gufatira amashusho ya filime ye nshya ‘Africanda’.
Uyu mukobwa uri kumwe n’ikipe yose imufasha ndetse n’iyo bahisemo mu Rwanda. Amaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Eto’o Fils yagaragaye ku mafoto ari gushotagura imigere umu cameraman muri Qatar
Samuel Eto’o Fils ufite izina rikomeye muri ruhago ku Isi, yafashwe amashusho ari guhohotera uwafataga amashusho, amukubita umugeri arabandagara, none benshi bari kunenga uyu mugabo usanzwe ari na Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira!-->!-->!-->…
Urukiko rwanzuye ko Prince Kid ari umwere, amajwi y’ubushinjacyaha ateshwa agaciro.
Nyuma y'igihe kitari gito ari mu gihome kubera ibyaha byo gushaka gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato, Urukiko rwa Nyarugenge rumaze kwanzura Ko Prince Kid ari umwere kandi ko agomba guhita arekurwa.
Kuri uyu wa gatanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubuholande bwafatiriye Indege ya Tanzaniya nyuma y’aho Leta yanze kwishyura Miliyoni 165$…
Leta y’u Buholandi yafatiriye imwe mu ndege z’ikigo cya Tanzania gikora ingendo zo mu kirere, Air Tanzania kubera ideni iki gihugu kibereyemo Ikigo cyo muri Suède cyayitsinze mu rubanza.
Amakuru dukesha The Citizen avuga ko iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
TWITTER ISHOBORA KUBA ITAGITEKANYE NKA MBERE
UWAHOZE ASHINZWE IBIJYANYE N'UMUTEKANO W'ABAKORESHA URUBUGA RWA TWITTER MBERE Y'UKO YIRUKANWA NA ELON MUSK, YAHISHUYE KO ITAGITEKANYE NKA MBERE.
Yoel Roth wahoze ashinzwe umutekano w'abakoresha urubuga rwa Twitter akaza kwirukanwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwategetse ko Muhizi wabeshye Perezida afungwa iminsi 30 y’agateganyo
Muhizi Anatole ukurikiranyweho icyaha cyo gutesha agaciro icyemezo cy’inzego z’ubutabera no gukoresha inyandiko mpimbano yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, mu gihe iperereza rigikomeje.
Muhizi yakatiwe kuri uyu wa Gatanu!-->!-->!-->!-->!-->…
KNC yifatiye mu gahanga Fatakumavuta anamuhindurira izina amwita FATAKUMUVUMO
Bwana KNC uyobora ikipe ya Gasogi Utd arasanga Bwana Fatakumavuta adakwiye kongera kwiyita iryo zina ko ahubwo agomba kwitwa FATAKUMUVUMO nyuma y'aho uwo mugabo avugiye nabi ikipe KNC ayobora.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu!-->!-->!-->!-->!-->…