Browsing Category
Izindi nkuru
Waruziko Abagore banywa itabi barikwiyongera kurusha abagabo
Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku buzima, WHO, ryasohoye ubushakashatsi ku mikoreshereze y’itabi ku isi risanga bwa mbere mu mateka umubare w’abagore banywa itabi urazamuka kuruta uw’abagabo.
Umunyamabanga mukuru wa!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Edouard yakoraga Umwuga w’ubumotari yaguweho n’igiti ubwo yari yugamye arapfa
Mu gihe yari yugamye imvura munsi y'igiti mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, igiti cyamuguyeho ahita apfa.
Bwana BANDETSE EDOUARD wo mu kigero cy'imyaka 25 y'amavuko wakoraga umwuga w'ubumotari mu mujyi wa Kigali yapfuye nyuma yaho igiti…
Gisagara: Emmanuel Yahondaguye Umugore we ku rukuta kugeza ashizemo umwuka
Bwana EMMANUEL yakubise umugore we amuhondagura umutwe ku gikuta kugeza ashizemo umwuka.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu ahagana saa yine z'ijoro, mu murenge wa MUGOMBWA mu Karere ka Gisagara, umugabo witwa MPAKANIYE Emmanuel…
KIGALI: Yozefu yiteye Icyuma mu Ijosi Arapfa nyuma yo kugisogota mugenzi we mu rubavu
Bwana Yozefu bimaze kwemezwa ko yapfuye yiteye icyuma mu ijosi nyuma yo kugerageza kwica mugenzi we amuteye icyuma mu rubavu.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 12 Ukwakira mu Kagari ka Nyagatovu mu Murenge wa Kimironko, umugabo uri mu…
Umukobwa w’imyaka 24 yateje cyamunara Ubusugi bwe maze bugurwa Akayabo n’Umunyapolitiki
Umukobwa wo mu gihugu cy'Ubwongereza yashyize ubusugi bwe ku isoko maze umwe ma banyapolitiki bo mu Bwongereza abugura Akayabo k'asaga miliyoni y'amadorari ya Amerika.
Umukobwa uzwi ku izina rya LIA wo mu gihugu cy'ubwongereza wemeza ko…
Umukobwa w’imyaka 14 n’abandi batatu bapfuye bari kwifata SELFIE
Umwana w'umukobwa w'imyaka 14 y'amavuko hamwe n'abandi 3 bo mu muryango umwe banyereye bagwa mu rugomero rw'amazi bari kwifata Selfie bahita barapfa.
Abantu bane bakoze impanuka barapfa nyuma yo kunyerera ku rugomero rw'amazi bari…
RUSIZI: U Rwanda rwizihije umunsi mpuzamahanga wo kwita ku Bageze mu zabukuru
Uyu munsi u Rwanda rwizihije umunsi mpuzamahanga wo kwita no kuzirikana abantu bageze mu zabukuru, umuhango witabiriwe na Assoumptha, umunyamabanga uhoraho muri MINALOC.
Kuri iku cyumweru taliki ya 6 Ukwakira u Rwanda rwifatanije…
MENYA N’IBI: Robert Wadlov Niwe muntu muremure mu mateka ya Muntu
Bwana ROBERT PERSHING niwe muntu kugeza ubu waharagaye nk'umuntu muremure mu mateka ya muntu.
Kuva iyi yaremwa, hari abantu bagiye bagaragaza ubudasa mu mibereho yabo, uyu munsi twabahitiyemo inkuru y'umuntu wabaye muremure mu mateka…
YAVUGURUWE: Hamenyekanye Umwalimu Wahize abandi mu gihugu cyose
Bwana Sylvain BIZIREMA niwe mwalimu wahize abandi mu cyiciro cy'amashuri yisumbuye ku rwego rw'igihugu.
Mu gihe kuri uyu munsi U Rwanda ruri kwifatanya n'isi yose kwizihiza umunsi mpuzamahanga wa mwalimu ku nshuro ya 18, ikigo…
Nora Yishe umugabo we amuziza kumurira inyama atahashye
Umudamu witwa Nora wo mu gihugu cya Uganda yishe umugabo we kubera ko yamuririye inyama atahashye.
Kuri uyu wa kane mu masaha y'igitondo, umugore witwa NORA wo mu mujyi wa Kampala mu gace kitwa Kayanja yishe umugabo we witwa BOB…
Gisagara: Imvura nyinshi yaguye kuri uyu wa kane yasambuye igisenge cy’inzu y’uburaro…
Imvura nyinshi yaguye kuri uyu wa kane yasize isakambuye igisenge cy'inzu abana b'abahungu bararamo mu kigo cy'Amashuri yisumbuye cya Gikonko.
Ku manywa yo kuri uyu wa kane mu duce twinshi two mu ntara y'amajyepfo haguye imvura…
Umugabo witwa REGIS nawe yiyahuye akoresheje umugozi
Bwana Regis SIBOMANA wo mu Karere ka Rwamagana nawe basanze yimanitse mu kagozi yashizemo umwuka.
Amakuru y'urupfu rw'uyu mugabo yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa kane taliki ya 3 Ukwakira atanzwe n'umugore we. Yavuze ko we…
Ubutaka bugurishwa Nyamata hafi na La Palisse Hotel bufite (8037 Sqm) kubindi bisobanuro wahamagara…
Ikibanza kigurishwa i Nyamata kubindi bisobanuro wahamagara 0783328597
Dominiko w’Imyaka 85 Akurikiranyweho Icyaha cyo Kurarana no gusambanya Umwana…
Umusaza MUNYAMPONZI Dominique ufite imyaka 85 y'amavuko ari mu mubako y'ubugenzacyaha akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w'umukobwa ufite imyaka irindwi.
Bwana MUNYAMPONZI Dominique usanzwe atuye mu Karere ka Nyarugenge mu…
Umupasitoro Yapfuye Ari mu Muhango wo Gushyingura uwari Umukristo we
Umupasitori witwa FEMI wo mu gihugu cya Nigeriya yitabye iyamuremye mu muhango wo gushyingura umwe mu bakristo be.
Umu pasitoro wo mu rusengero rwa Divine Mount Zion Gospel Ministry witwa FEMI OLORUNSOROMIDAYO w'imyaka 42 y'Amavuko…