Browsing Category
Izindi nkuru
NSANZAMAHORO Dennys Wamamaye cyane muri Sinema Ntarwanda yitabye Imana
NSANZAMAHORO Dennys wamamaye cyane muri Sinema Nyarwanda yitabye azize indwara ya Diabete yari amaze igihe arwaye.
Inkuru y'incamugongo y'urupfu rwa NSANZAMAHORO Dennys, imenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu wa kane taliki ya 9 Kanama…
Hitezwe umusaruro uhagije w’urutoki mu karere mu minsi irimbere
Ni mu gihe ibihu nka Tanzaniya na Uganda hari habonetse umusaruro ungana 9% wonyine,gusa ibi bikaba byaratewe n’uburwayi bw’urutoki bwateye muri ibi bihugu,abahanga bavugako ubwoko bushya bwahawe abahinzi buhangana n’indwara buzatuma…
Ese gukoresha ikoranabuhanga mu buhinzi mu Rwanda kimwe n’ibindi bihugu by’Africa…
Uyu munsi abakoresha ikoranabuhanga mu buhinzi bwa Afurika bagera kuri miliyoni 33 nkuko bigaragazwa nubushakashatsi ariko abasaga 40% byaba nibo barikoresha gusa,ni iki kibura ngo leta zikangurire abahinzi gukoresha ikoranabuhanga mu…
Uburundi ngo titugishishikajwe n’ibinyoma by’Amerika n’uburayi
Ambasaderi Willy Nyamitwe, umujyanama mukuru wa Perezida Nkurunziza, yavuze ko u Burundi butagishishikajwe no gusubiza ibinyoma no kuyobya rubanda, bikorwa na bamwe bo mu bihugu by’i Burayi n’Amerika badafite ikindi…
YouTube yaciwe amande angana na miliyoni 170 $
Urubuga rushyirwaho amavidewo (videos) rwa YouTube ruyoborwa na kampani (company) ya Google, rumaze gucibwa amande angana na miliyoni 170 z’Amadorali y’Amerika kubera gushyira ku karubanda amashusho y’ubuzima bwite bw’umwana badafite…
Nta gisubizo cya vuba ku musaruro w’ibinyabijumba ukomeje kwangirika
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, MINAGRI, yatangaje ko nta gisubizo cya vuba ifite cyo gukemura ikibazo cy’umusaruro w’ibirayi n’ibijumba ukomeje kugenda wangirika bitewe no kubura inganda zo kuwutunganya ndetse n’uburyo bwo…
Imboga n’imbuto byinjiza miliyoni 26 z’amadorari buri mwaka
Inama ya COMESA iriga ku mbogamizi ziri mu bikomoka ku buhinzi byoherezwa mu mahanga
Imboga n’imbuto u Rwanda rwohereza hanze byariyongereye mu myaka 13 ishize bituma n’amadovize zinjiza mu gihugu yiyongera…
Guverinoma igiye kwegurira abikorera inganda eshatu zitunganya umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi
Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere(RDB) cyashyize ku isoko inganda eshatu za Leta zitunganya umusaruro ukomoka ku ubuhinzi n’ubworozi, gisaba abikorera babyifuza kugura imigabane Leta izifitemo kugira ngo zirusheho gutanga umusaruro.
Izo…
RAB yagaragaje ibizatuma umusaruro w’ubuhinzi wiyongera muri iki gihembwe cy’ihinga
Umuyobozi w’Ikigo gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) Dr Karangwa Patrick, yagaragaje ibintu byatuma umusaruro wifuzwa mu buhinzi uboneka muri iki gihembwe cy’ihinga cya 2020A, birimo kongera ubuso buhingwa, gukoresha…
Prezida wa Afrika y’epfo Cyril RAMAPHOZA yagize icyo avuga ku bwicanyi n’urugomo biri…
Prezida wa Afrika y'Epfo yihanangirije ubwicanyi n'urugomo biri gukorerwa Abanyamaganga batuye muri icyo gihugu.
Ibinyamakuru mpuzamahanga byinshi bimaze iminsi bigaragaza amashusho ateye agahinda n'isoni agaragaza urugomo ruri…
Ibiciro by’Ibikomoka kuri Peterori byongeye biraganywa
Ku yindi nshuro mu mwaka umwe gusa, ibiciro by'ibikomoka kuri peterori byongeye biragabanuka.
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 3/9/2019 ikigo ngenzuramikorere RURA cyongeye gutangaza ibicuro bishyashya by'ibikomoka kuri peterori aho…
RUTSIRO: Ubucucike mu mashuri ku isonga mu kubangamira Ireme ry’uburezi
Ubucucike mu mashuri bubangamiye ireme ry'uburezi mu Karere ka Rutsiro.
Mu gihe ministeri y'uburezi mu Rwanda ibangamiwe n'ireme ry'uburezi rivugwa ko ritari ku rwego rushimishije, bamwe mu barimu bo mu Karere ka Rutsiro baravuga ko…
Abantu bagera kuri 5 bamaze guhitanwa n’umuyaga wiswe “DORIANE”
Uno muyaga mwinshi uvanze n'imvura watangiye ejo, kugeza ubu umaze guhitana abantu batanu, usenya n'inyubako zitari nke.
Umuyaga udasanzwe uvanze n'imvura wiswe "DORIAN" umaze guhitana abantu bagera kuri 5 mu gihugu cya Bahamas. Uyu…
Huye: Imvura nyinshi yaraye iguye yahitanye inkoko 1000 z’Umworozi
Imvura nyinshi yaraye iguye mu Karere ka HUYE yahitanye inkoko nyinshi z'umworozi agashinja ikigo cy'ishuri baturanye kuba aricyo cyagomoroye amazi akamusenyera.
Kuri iki cyumweru taliki ya mbere mu duce twinshi tw'u Rwanda…
LONI yemeye gukomeza gukorana n’Igisirikare cya Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo
Loni yemeye ko igiye gukomeza gukorana n'igisirikare cya Repubulika Iharanira demokrasi ya Congo mu guhashya imitwe y'inyeshyamba ihungabanya umutekano w'icyo gihugu.
Mu ruzinduko rwe yatangiye kuri iki cyumweru mu gihugu cya…