Browsing Category
Izindi nkuru
Imyaka 18 irashize USA Igabweho Ibitero by’ubwiyahuzi bikomeye mu mateka yayo
Ku italiki nk'iyi ngiyi z'umwaka wa 2001 umutwe w'iterabwoba wa Al Qaeda wagabye ibitero bikomeye muri Leta Zunze ubumwe za Amerika, abarenga ibihumbi bibiri bahasiga ubuzima.
Ku italiki nk'iyi ngiyi, nibwo umutwe w'iterabwoba wa…
Ubutunguru nicyo gihingwa gishobora guhingwa mu mijyi cyigatanga umusaruro,mu gihe 2050 abaturage…
Uko imyaka igenda ishira indi ikaza niko abaturage bagenda bimuka bava mu byaro baza mu mijyi,ubushakashatsi bugaragazako muri 2050 abaturage bazaba bageze ku kigero cya 60% bazaba baramaze gutura mu migi muri afuri,haribazwa igishobora…
Abadepite babiri barwaniye mu rusengero
Ku mbugankoranyambaga amagambo akomeje kuba menshi nyuma yaho Abadepite babiri bo muri Kenya barwaniye mu rusengero ku cyumweru amashusho yabo akaba kugeza ubu akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga akurikiwe n’ijambo (Hashtag)…
TANZANIA: Kubera Ibyaha Byinshi Bikorerwa mu Tubyiniro two mu mujyi wa Dar Salaam, Bategetse…
John MAKONDE umuyobozi w'umujyi w'umujyi wa Dar Salaam yategetse ko mu tubyiniro dutandukanye two muri uwo mujyi abavugabutumwa bagomba kujya bahabwiriza ijambo ry'Imana.
Umwe mu myanzuro yavuye mu nama y'Abayobozi b'umujyi wa Dar…
Huye: Umugabo Yakubise Umugore we Kugeza Ashizemo Umwuka
Nsabimana w'imyaka 50 yakubise umugore we aramwica ahita aburirwa irengero.
Umugabo witwa NSABIMANA utuye muma Karere ka HUYE mu mudugudu wa Rukeri mu Kagari ka Kibuye ari gushakishwa n'inzego z'umutekano nyuma y'aho akubitiye…
RWAMAGANA: Umukecuru w’Imyaka 64 Bamusanze mu Rugo rwe Yapfuye
Madame MUREKEYISONI Penina wari utuye mu Karere ka Rwamagana w'imyaka 64 bamusanze ku muharuro w'urugo rwe yitabye Imana.
Ku munsi wa gatandatu taliki ya 7 Kanama uno mwaka, umukecuru w'imyaka 64 y'amavuko witwa MUREKEYISONI Penina…
Umukobwa Ahubutse ku muturirwa wo kwa Makuza, gahunda ngo kwari Ukwiyahura
Umukobwa utaramenyekana umwirondoro we, ahanutse kuri Etage yo kwa Makuza rwagati mu mujyi wa Kigali, ngo yari afite gahunda yo kwiyahura.
Amakuru ari gucicikana mu mujyi wa Kigali rwa ni ay'umwana w'umukobwa uhanutse ava ku igorofa…
Mangayamma w’Imyaka 73 yabyaye impanga bimusigira imvune
Umukecuru w'imyaka 73 yabyaye impanga bimusigira ibibazo byo mu mutwe
Mangayamma Yaramati, umukecuru w'imyaka 73 y'amavuko utuye mu majyepfo y'igihugu cy'Ubuhinde kuri uyu wa kane taliki ya 5 Kanama yabyaye abana b'abakobwa b'impanga…
NSANZAMAHORO Dennys Wamamaye cyane muri Sinema Ntarwanda yitabye Imana
NSANZAMAHORO Dennys wamamaye cyane muri Sinema Nyarwanda yitabye azize indwara ya Diabete yari amaze igihe arwaye.
Inkuru y'incamugongo y'urupfu rwa NSANZAMAHORO Dennys, imenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu wa kane taliki ya 9 Kanama…
Hitezwe umusaruro uhagije w’urutoki mu karere mu minsi irimbere
Ni mu gihe ibihu nka Tanzaniya na Uganda hari habonetse umusaruro ungana 9% wonyine,gusa ibi bikaba byaratewe n’uburwayi bw’urutoki bwateye muri ibi bihugu,abahanga bavugako ubwoko bushya bwahawe abahinzi buhangana n’indwara buzatuma…
Ese gukoresha ikoranabuhanga mu buhinzi mu Rwanda kimwe n’ibindi bihugu by’Africa…
Uyu munsi abakoresha ikoranabuhanga mu buhinzi bwa Afurika bagera kuri miliyoni 33 nkuko bigaragazwa nubushakashatsi ariko abasaga 40% byaba nibo barikoresha gusa,ni iki kibura ngo leta zikangurire abahinzi gukoresha ikoranabuhanga mu…
Uburundi ngo titugishishikajwe n’ibinyoma by’Amerika n’uburayi
Ambasaderi Willy Nyamitwe, umujyanama mukuru wa Perezida Nkurunziza, yavuze ko u Burundi butagishishikajwe no gusubiza ibinyoma no kuyobya rubanda, bikorwa na bamwe bo mu bihugu by’i Burayi n’Amerika badafite ikindi…
YouTube yaciwe amande angana na miliyoni 170 $
Urubuga rushyirwaho amavidewo (videos) rwa YouTube ruyoborwa na kampani (company) ya Google, rumaze gucibwa amande angana na miliyoni 170 z’Amadorali y’Amerika kubera gushyira ku karubanda amashusho y’ubuzima bwite bw’umwana badafite…
Nta gisubizo cya vuba ku musaruro w’ibinyabijumba ukomeje kwangirika
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, MINAGRI, yatangaje ko nta gisubizo cya vuba ifite cyo gukemura ikibazo cy’umusaruro w’ibirayi n’ibijumba ukomeje kugenda wangirika bitewe no kubura inganda zo kuwutunganya ndetse n’uburyo bwo…
Imboga n’imbuto byinjiza miliyoni 26 z’amadorari buri mwaka
Inama ya COMESA iriga ku mbogamizi ziri mu bikomoka ku buhinzi byoherezwa mu mahanga
Imboga n’imbuto u Rwanda rwohereza hanze byariyongereye mu myaka 13 ishize bituma n’amadovize zinjiza mu gihugu yiyongera…