Browsing Category
Izindi nkuru
Indonesia “…Hagati y’Amaguru yacu si aha Leta…”
Abaturage ba Indonesia bazindukiye mu mihanda bigaragambiriza itegeko rishya ribuza abantu gusambana mbere yo gushyingirwa.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri taliki ya 24 Nzeli 2019 abaturage bo mu gihugu cya Indoneziya babyukiye mu…
NRS yatangiye ubukangurambaga ku buzererezi mu gihugu cyose
Mu nzererezi habamo n'abana baba bafite uducupa turimo ibiyobyabwenge (Ifoto/RBA)
Mu rwego rwo gushishikariza Abanyarwanda kwirinda ubuzererezi n’indi myitwarire ibangamira abaturage, Ikigo k’Igihugu Gishinzwe Igororamuco (NRS) cyateguye…
Minisitiri w’Intebe Ngirente na Minisitiri w’Ubuhinzi n’ubworozi batangije…
Minisitiri w'Intebe Dr.Ngirente Edouard aherekejwe na Minisitiri w'Ubuhinzi n'Ubworozi Mukeshimana n'abandi bayobozi mu nzego zitandukanye bifatanyije n'abahinzi bo mu karere ka Rulindo mu gutangiza igihembwe cy'ihinga cy'umuhindo wa…
Bwana DUSABUMUREMYI SYLDION wari Umuhuzabikorwa wa FDU INKINGI yishwe ateraguwe Ibyuma
Syldion Wari umuhuzabikorwa w'ishyaka ritaremerwa mu Rwanda yaraye yishwe ateraguwe ibyuma n'abantu bataramenyekana.
Inkuru y'urupfu rw'uyu mugabo SYLDION DUSABUMUREMYI yaraye imenyekanye mu ijoro ryakeye kuri uyu wa mbere taliki ya…
HATEGEKIMANA SILAS w’imyaka 32 Yatapfunwe n’Ingona zo muri Nyabarongo
Bwana SILAS HATEGEKIMANA ingona yamuriye iramutapfuna abantu bananirwa kumukiza.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu mugoroba taliki ya 23/09/2019 nibwo inkuru yamenyekanye ko HATEGEKIMANA Silas wakoraga mu rugo rwo kwa ELIAS…
Burera: Umwalimu Yasambanije anatera inda umunyeshuri we amushukisha amanota.
Umwarimu wo muri GS RUNABA mu Karere ka Burera ari mu maboko ya Polisi nyuma y'aho asambanije ndetse akanatera inda umwana w'umukobwa w'imyaka 17 yigishaga.
Uno mwarimu utatangarijwe amazina yakoraga mu rwunge rw'amashuri rwa RUNABA…
BURERA: Umukozi wo mu Rugo arakekwa kwica atemaguye Abana 3 nawe agahita yimanika ku mugozi
Umukozi wo mu rugo rwo mu Karere ka Burera akekwaho kwica atemaguye abana batatu bo mu rugo yakoreraga nawe agahita yiyahura akoresheje umugozi.
Amakuru y'aya mahano yamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu taliki ya…
KAMONYI: Umunyeshuri Yateye umukasi mu jisho Umuyobozi Ushinzwe Amasomo
Umunyeshuri wo mu ishuri rya GS RUYENZI yateye umukasi mu jisho perefe ushinzwe amasomo.
Ku munsi w'ejo ku wa kane umunyeshuri utatangarijwe amazina wigaga mu rwunge rw'amashuri rwa Ruyenzi mu Karerere ka Kamonyi (GS Ruyenzi), yateye…
KIREHE: Imvura Nyinshi iguye kuri uyu Mugoroba Ishenye Insengero 3 n’Amazu y’Abaturage…
Imvura iguye muri uno mugoroba isize yangije ibintu byinshi harimo n'insengero mu Karere ka KIREHE.
Mu duce tumwe na tumwe tw'u Rwanda twabonetsemo imvura ku mugoroba wo kuri uyu wa kane taliki ya 19/09/2019 ibintu bitanyuranye cyane…
Abamotari Ntibavuga rumwe ku itegeko ryo Gutera irangi moto zose
Aba motari ntibishimiye umwanzuro wawafashwe n'impuzamashyirahamwe yabo w'uko moto zigomba gusigwa amarangi mashya.
Ni gake hano mu mujyi wa Kigali ubasha gutega waganira na motari ntakubwire agahinda ke, agahinda n'ibibazo bya…
MUSANZE: Ushinzwe Imishahara mu Karere arashinjwa Ruswa mu itangwa ry’Akazi k’Abarimu
Mu gitondo cyo kuri uyu munsi nibwo abagabo babiri bakora mu biro by'Akarere ka MUSANZE bwana TWIHANGANE PATRICK na Bwana VINCENT NSENGIYUMVA batawe muri yombi n'urwego rw'igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda…
Ubushinjacyaha Bwategetse ko wa Munyamakuru Akurikiranwa adafunze.
Nyuma y'aho urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rufashe bwana Irené MULINDAHABI, ubushinjacyaha bw'u Rwanda bwategetse ko akurikiranwa adafunze.
Ku munsi w'ijo kuwa kabiri ku mitwe y'ibinyamakuru byinshi byo mu Rwanda hariho…
Abarimu 2 n’Abanyeshuri 26 bahitanywe n’inkongi y’umuriro mu ijoro ryakeye
Abanyeshuri bigaga mu ishuri rya Ki Islam rya Monronvia muri LIBERIA bahitanywe n'inkongi y'umuriro.
Abarimu babiri n'abanyeshuri bagera kuri 26 bari mu kigero cy'imyaka iri hagati ya 10 na 20 bigaga mu ishuri rya Ki Islam rya…
Bwana HALINDINTWALI basanze yimanitse mu kiziriko arapfa
HALINDINTWARI Horeste basanze yiyahuye nyuma y'aho atonganiye n'umugore we.
Umugabo witwa HALINDINTWARI Horeste wari utuye mu Murenge wa Byumba yaraye yiyahuye akoresheje umugozi amakuru amenyekana muri kino gitondo. Amakuru atangwa…
Imihindagurikire y’ikirere Yatumye Umusaruro w’Icyayi Wagabanutseho 3%
Ikigo cy'igihugu gishinzwe umusaruro woherezwa hanze NAEB cyatangaje ko umusaruro w'igihingwa cy'icyayi wagabanutseho 3 ku ijana.
Icyayi mu Rwanda ni kimwe mu bihingwa byinjiza amafranga menshi, ariko kuri ubu siko biri kubera ko…