Browsing Category
Izindi nkuru
Guverinoma igiye kwegurira abikorera inganda eshatu zitunganya umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi
Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere(RDB) cyashyize ku isoko inganda eshatu za Leta zitunganya umusaruro ukomoka ku ubuhinzi n’ubworozi, gisaba abikorera babyifuza kugura imigabane Leta izifitemo kugira ngo zirusheho gutanga umusaruro.
Izo…
RAB yagaragaje ibizatuma umusaruro w’ubuhinzi wiyongera muri iki gihembwe cy’ihinga
Umuyobozi w’Ikigo gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) Dr Karangwa Patrick, yagaragaje ibintu byatuma umusaruro wifuzwa mu buhinzi uboneka muri iki gihembwe cy’ihinga cya 2020A, birimo kongera ubuso buhingwa, gukoresha…
Prezida wa Afrika y’epfo Cyril RAMAPHOZA yagize icyo avuga ku bwicanyi n’urugomo biri…
Prezida wa Afrika y'Epfo yihanangirije ubwicanyi n'urugomo biri gukorerwa Abanyamaganga batuye muri icyo gihugu.
Ibinyamakuru mpuzamahanga byinshi bimaze iminsi bigaragaza amashusho ateye agahinda n'isoni agaragaza urugomo ruri…
Ibiciro by’Ibikomoka kuri Peterori byongeye biraganywa
Ku yindi nshuro mu mwaka umwe gusa, ibiciro by'ibikomoka kuri peterori byongeye biragabanuka.
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 3/9/2019 ikigo ngenzuramikorere RURA cyongeye gutangaza ibicuro bishyashya by'ibikomoka kuri peterori aho…
RUTSIRO: Ubucucike mu mashuri ku isonga mu kubangamira Ireme ry’uburezi
Ubucucike mu mashuri bubangamiye ireme ry'uburezi mu Karere ka Rutsiro.
Mu gihe ministeri y'uburezi mu Rwanda ibangamiwe n'ireme ry'uburezi rivugwa ko ritari ku rwego rushimishije, bamwe mu barimu bo mu Karere ka Rutsiro baravuga ko…
Abantu bagera kuri 5 bamaze guhitanwa n’umuyaga wiswe “DORIANE”
Uno muyaga mwinshi uvanze n'imvura watangiye ejo, kugeza ubu umaze guhitana abantu batanu, usenya n'inyubako zitari nke.
Umuyaga udasanzwe uvanze n'imvura wiswe "DORIAN" umaze guhitana abantu bagera kuri 5 mu gihugu cya Bahamas. Uyu…
Huye: Imvura nyinshi yaraye iguye yahitanye inkoko 1000 z’Umworozi
Imvura nyinshi yaraye iguye mu Karere ka HUYE yahitanye inkoko nyinshi z'umworozi agashinja ikigo cy'ishuri baturanye kuba aricyo cyagomoroye amazi akamusenyera.
Kuri iki cyumweru taliki ya mbere mu duce twinshi tw'u Rwanda…
LONI yemeye gukomeza gukorana n’Igisirikare cya Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo
Loni yemeye ko igiye gukomeza gukorana n'igisirikare cya Repubulika Iharanira demokrasi ya Congo mu guhashya imitwe y'inyeshyamba ihungabanya umutekano w'icyo gihugu.
Mu ruzinduko rwe yatangiye kuri iki cyumweru mu gihugu cya…
Kenya: Ba Mukerarugendo 4 batwawe n’umuvu w’amazi barapfa
Mu gihugu cya Kenya ba Mukerarugendo bane bo mu gihugu cya Kenya batwawe n'umuvu w'amazi barapfa.
Ibiro by'igihugu bishinzwe ubukerarugendo mu gihugu cya Kenya byatangaje ko abantu bane bari mu bukerarugendo muri pariki y'igihugu…