Browsing Category
Mu Mahanga
DRC: UPDF irashinja kwica irashe inka z’abaturage b’i Masisi
Umuvugizi w'igisirikare cya Uganda yemeje ko abasirikare b'umutwe wa FDLR aribo baherutse kugaragara barasa inka z'abaturage.
Mu minsi mike ishize nibwo abantu benshi babonye amashusho ateye ubwoba y'abasirikare bari kurasa inka, ni…
USA irashinja Afrika y’Epfo kohorereza imbunda Uburusiya
Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe za Amerika muri Afrika y'epfo yavuze ko hari amakuru yizewe avuga ko Afrika y'Epfo yohereje imbunda n'amasasu Russia
Ambasaderi w'Amerika muri Afurika y'Epfo yashinje iki gihugu guha intwaro…
Palestina: Ibitero bya Isiraheli byahitanye abantu 13 barimo abayobozi b’umutwe wa Hamas
Igisirikare cya Isiraheli cyagabye ibitero muri Gaza cyahitanye abayobozi batatu b'Umutwe wa Palestinian Islamic Jihad bapfanye n'abagore babo n'abana babo.
Ingabo za Isiraheli zagabye igitero mu Ntara ya Gaza mu gitondo cyo kuri…
USA: Urukiko rwahamije icyaha Donald Trump rumuca amande ya miliyoni 5$
Inteko y’abacamanza yahamije Donald Trump ko yakoreye ihohotera rishingiye ku gitsina umwanditsi w’ikinyamakuru, mu iguriro riri i New York mu myaka ya 1990.
Gusa Trump ntabwo yahamwe no gufata ku ngufu E Jean Carroll mu gice…
Ghana: Umunyamakuru yasanzwe mu kiganiro Live baramuniga yenda gushiramo umwuka
Abagabo babiri b'ibigango basanze munyamakuru witwa Sadiq Gariba ari mu kiganiro inyumva nkumve (Live) baramunigagura hafi kumuramo umwuka ahumeka.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 3 Gicurasi 2023 ubwo isi yose yariho iriziha umunsi…
Uganda yateye umugongo Amerika n’uburayi yemeza itegeko rinyonga abatinganyi
Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yemeje itegeko ribuza abantu gukora imibonano mpuzabitsina n'abo bahuje ibitsina. Iri tegeko ryemejwe uyu munsi kuwa Kabiri tariki ya 2 Gicurasi 2023 riteganya ibihano biremereye birimo igihano…
Umuntu utatangarijwe amazina yaraye ateye ingoro y’ubwami bw’Ubwongereza
Ingoro ya Buckingham y’ubwami bw’u Bwongereza yatewe n’umuntu utaratangazwa izina mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, mbere y’iminsi mike ngo umwami Charles III yimikwe ku mugaragaro.
Polisi yatangaje ko umugabo utaramenyekana yageze…
Sudan: Ibitero bikomeye by’indege byibasiye umurwa mukuru Khartum
Ibitero by'indege byashegeshe umurwa mukuru Khartoum wa Sudan, n'ubwo hari agahenge ko gutuma abasivile bahunga.
Igisirikare cya Sudan cyavuze ko cyagabye ibitero kuri uwo mujyi kugira ngo kiwirukanemo abo bahanganye bo mu mutwe…
Ukraine: Ibitero bya za misile na drones byahitanye abagera kuri 19
Kuwa Gatanu w'iki cyumweru gishize, gihugu cy'u Burusiya cyagabye ibitero simusiga byapfiriyemo abanya-Ukraine bagera kuri 19.
Kuwa Gatanu tariki ya 28 Mata 2023, Ingabo z'Igihugu cy'u Burusiya zagabye ibitero simusiga mu mujyi…
Burkinafaso: Abasirikare 33 baguye mu gitero cyabagabweho
Abasirikare ba Leta bagera kuri 33 barashwe bishwe barashwe mu gitero cyagabwe n'abasirikare b'Aba Djihadiste bashingiye ku idini ya Islam
Mu ijoro ryo kuri uyu wa kane taliki ya 27 Mata 2023, abasirikare bo mu mutwe…
Singapor: Bwana Tangaraju yishwe amanitswe nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gucuruza urumogi
Singapour (Singapore) yashyize mu bikorwa igihano cy'urupfu ku mugabo wahamijwe gucura umugambi wo gucuruza urumogi, nubwo abo mu muryango we, impirimbanyi hamwe n'umuryango w'abibumbye bari bamusabiye imbabazi.
Umuryango wa…
Joe Biden yatangaje ko azongera kwiyamamariza kuyobora icyo gihugu umwaka utaha
Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Joe Biden yatangaje ko azongera kwiyamamariza kuyobora icyo gihugu cy'igihangange muri manda ye ya kabiri mu matora y'umwaka utaha
Prezida Joe Biden wa Leta Zunze ubumwe za Amerika yatangaje…
Zambia: Umugabo akurikiranyweho gusambanya inyana avuga ko nyirabayazana ari umugore we.
Umugabo yatawe muri yombi na Polisi ya Zambia akekwaho gusambanya inyana y'inka, kandi avuga ko umugore we nawe yabigizemo uruhare.
Uyu mugabo yatawe muri yombi na Polisi kuwa Kane tariki ya 20 Mata 2023. Umuvugizi wa Polisi…
Leta y’Uburundi yahagaritse indirimbo 33 zirimo iz’Abanyarwanda bivuga ko zihembera…
Leta y'Uburundi yashyize hanze urutonde rw'indirimbo zigera kuri 33 zitemewe gucurangwa mu bitangazamakuru by'imbere muri icyo gihugu kubera ko zirimo amagambo ahembera ubusambanyi.
Leta y'u Burundi ibinyujije mu kigo cyayo cyitwa…
Kenya: Imirambo hafi 50 imaze gutabururwa, birakekwa ko bishwe n’inzara kubera ukwemera
Polisi ya Kenya imaze gutaburura imirambo y’abantu 47 hafi y’umujyi wa Malindi ku nyanja iburasirazuba, mu gihe hakomeje iperereza ku mukuru w’idini ushinjwa gukangurira aba bantu kutarya kugeza bapfuye.
Mu bamaze gutabururwa harimo…