Browsing Category
Mu Mahanga
Kenya: Railla Odinga yavuze ko atazitabira umuhango wo kurahira kwa Ruto William
Raila Odinga uherutse gutsindwa amatora ya Perezida muri Kenya, yatangaje ko atazitabira irahira rya William Ruto wamutsinze.
Railla Odinga uherutse gutsindwa mu matora yo kuyobora igihugu cya Kenya, yarahiye ararengwa avuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusirikare wa Angola warashe umucuruzi w’umukongomani nawe yarashwe arapfa.
Abasirikare ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo barashe Umusirikare wa Angola wari umaze kwica umunyekongo ucuruza magendu imbunda ye bayinjiza muri RDC.
Ni gikorwa cyabereye mu gace ka Cambinza kari hafi!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 yashyizeho undi muvuguzi, ubu bakaba babaye batatu
Ubuyobozi bwa M23 bwashyizeho umuvugizi wungirije mu bya Politiki ari we Canisius Munyarugerero, buvuga ko biri mu rwego rwo gukomeza kongerera ingufu urwego rw’itumanaho rw’uyu mutwe.
Mu itangazo ryashyizwe hanze na M23 kuri iki!-->!-->!-->!-->!-->…
Liz Truss minisitiri w’intebe mushya w’ubwongereza yashimiye abashuti be ba hafi abaha…
Liz Truss yashimiye inshuti ze zikomeye aziha imyanya ikomeye muri guverinoma, mu mpinduka ikomeye yakoze nyuma y'amasaha amaze gusimbura Boris Johnson nka Minisitiri w'intebe w'Ubwongereza.
Kwasi Kwarteng yamugize Minisitiri w'imari,!-->!-->!-->…
Kenya: Urukiko rw’ikirenga rwemeje bidasubirwaho intsinzi ya Dr William RUTO nka perezida wa…
Urukiko rw’Ikirenga muri Kenya rwemeje ko William Ruto ari we watsinze amatora ya Perezida aherutse, atsinze Raila Odinga bari bahanganye.
Odinga yari yajuririye ibyatangajwe na Komisiyo y’Amatora ku matora yabaye kuwa 9 Kanama.!-->!-->!-->…
USA: Donald TRUMP wahoze ayobora USA arasanga Biden ariwe mwanzi w’igihugu
Donald Trump yise Perezida w'Amerika Joe Biden "umwanzi w'igihugu", mu nama ya mbere akoresheje kuva ikigo cy'Amerika cy'iperereza ry'imbere mu gihugu (FBI) gisatse inzu ye y'i Florida mu gushakisha inyandiko z'ibanga.
Ageza ijambo!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Muhimpundu Lambert wiyita Umwami w’agakiza yatawe muri yombi we n’abayoke be 19
Inzego zishinzwe umutekano mu Burundi zataye muri yombi umugabo wiyita umwami ndetse uhamya ko ubutegetsi bushingiye kuri demokarasi bwamaze gushyirwaho iherezo.
Uwo mugabo yitwa Muhimpundu Lambert. Yiyise umwami w’agakiza ariko!-->!-->!-->…
Madagascar: Abaturage 19 barasiwe mu gikorwa cy’imyigaragambyo
Abantu batari munsi ya 19 bishwe naho abandi 21 barakomeraka nyuma yuko abajandarume bo mu mujyi wa Ikongo mu majyepfo ashyira uburasirazuba bwa Madagascar barashe ku itsinda ry'abantu bari barakajwe n'ishimutwa ry'umwana!-->!-->!-->…
Angola: Ishyaka rya João Lourenço niryo ryegukanye intsinzi
Ishyaka riri ku butegetsi muri Angola, MPLA, ryongeye kwegukana intsinzi mu matora ya Perezida yasize João Lourenço atorewe manda ya kabiri y’imyaka itanu agiye kuyobora iki gihugu.
Ishyaka MPLA (The People’s Movement for the Liberation!-->!-->!-->…
DRC: Gen. MAKANAKI John wo muri Mai-Mai yavuze ko hagiye kongera gutegurwa ibikorwa byibasira…
Gen Makanaki John Kasimbira umwe mu bayobozi b’umutwe wa Mai Mai, yatangaje ko agiye gutangiza ibitero ku banyamulenge n’Abandi batutsi yita ko bakomotse mu Rwanda.
Ubutumwa bw’amashusho bwuzuye urwango bwacicikaye ku mbuga nkoranyamba!-->!-->!-->…
Kenya: Mu gihe urukiko rutaranzura ku kirego cye, Raila Odinga arasaba ko perezida wa komisiyo…
Umunyepolitiki Raila Odinga wari uhagarariye Impuzamashyaka Azimio la Umoja mu matora ya Perezida wa Kenya, yasabiye Perezida wa Komisiyo y’amatora, Wafula Chebukati gutabwa muri yombi.
Odinga yavuze ko Wafula Chebukati adakwiye!-->!-->!-->…
“Umwanzi duhanganye ni umunyantegenke, nta bushobozi afite bwo kudukura i Bunagana” Maj.…
Nyuma y'uko hari amakuru yavugaga ko FARDC imaze kwisubiza tumwe mu duce twari twarafashwe na M23, uwo mutwe wahakanye ayo makuru uvuga ko umwanzi barwana adafite imbaraga zo kubatsimbura muri utwo duce.
Umuvugizi w'umutwe wa M23 umaze!-->!-->!-->…
Russia: Perezida Putin arashaka kongera abarenga ibihumbi ijana mu gisrikare cye
Perezida w'Uburusiya yashyize umukono ku itegeko-teka rizatuma mu mezi ari imbere abasirikare b'iki gihugu bashobora kongerwaho abandi 137,000.
Kuri ubu, Uburusiya bufite abasirikare barengaho gato miliyoni imwe, hamwe n'abakozi!-->!-->!-->…
DRC: Abanyeshuri batsinzwe ikizamini cya Leta bigabije ikigo bigagaho baragisenya bikomeye
Itsinda ry’abanyeshuri bigaga mu ishuri ryisumbuye ryo muri Komini ya Kanshi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryagiye gusenya ikigo barangirijeho kubera umujinya wo gutsindwa mu kizamini cya Leta.
Iri tsinda ry’Abanyeshuri!-->!-->!-->…
Qatar: Leta yahambirije abimukira barenga 60 bihaye kwigaragambya ngo ni uko batari guhembwa…
Qatar yasubije iwabo abakozi b’abimukira bigaragambije kuko batishyuwe imishahara yabo, mu gihe iki gihugu kitegura kwakira igikombe cy’isi mu Ugushyingo(11).
Abakozi bagera nibura kuri 60 bakoraniye imbere y’ibiro bikuru bya Al!-->!-->!-->…