Browsing Category
Mu Mahanga
Mu gihe USA uvumira ku gahera perezida Putin, Donald Trump arasanga ahubwo Putin ari umuhanga…
Uwahoze ari Perezida wa Amerika Bwana Donald Trump arasanga igikorwa cya Putin cyo kwemera ubwigenge bw'intara ebyiri zabarizwaga muri Ukraine ari igikorwa cy'ubwenge.
Uwahoze ari perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo utavuga rumwe na Museveni wavuzweho guhungira mu Rwanda, ubu arabarizwa mu Budage.
Bwana Kakwenza Rukirabashaija utavuga rumwe na Leta ya Museveni biravugwa ko amaze guhungira mu gihugu cy'Ubudage.
Umwanditsi, n'impirimbanyi y'uburenganzira bwa muntu mu gihugu cya Uganda Bwana KAKWEZA Rukirabashaija biravugwa ko!-->!-->!-->!-->!-->…
“Twavanye leta y’Uburusiya mu bikorwa byose by’imari by’iburengerazuba”-Perezida…
Leta ya Amerika yafatiye ibihano bitandukanye Uburusiya kubera ikiswe "intangiriro yo gutera Ukraine" nkuko Perezida Biden yabitangaje.
Ibyo bihano birimo kuba ubu Uburusiya budashobora gufata ideni cyangwa kuvana amafaranga mu bigo!-->!-->!-->!-->!-->…
Niger: Abasivile 18 baguye mu gitero cy’inyeshyamba
Ubuyobozi muri Niger bwatangaje ko abasivile 18 baguye mu gitero cy’inyeshyamba mu burengerazuba bw’igihugu.
Bivugwa ko amabandi yari ari kuri za moto yatatse ikamyo yari itwaye abantu hagati y’ibyaro bibiri mu karere ka Tillaberi.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umupolisikazi utarashaka ntiyemerewe gutwita-Urukiko rwo muri Nigeriya
Urukiko rukuru rwo muri Nigeria rwemeje umwanzuro wo kwirukana umupolisikazi watwise mu mwaka ushize.
Perezida w’uru rukiko Hon. Inyang Ekwo yavuze ko yasanze nta mpamvu zifatika zikwiye kubangamira imyitwarire mu ngabo.
Yagize!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya-Ukraine: Perezida Volodymir Zelenskyy avuga ko abaturage be nta bwoba batewe…
Perezida wa Ukraine Volodymir Zelenskyy yavuze ko abaturage be ntabwoba bafite nyuma y’uko Uburusiya butangaje ubwigenge bw’uduce tubiri mu burasirazuba bwa Ukraine kandi bugatangaza ko bugiye kogerezayo ingabo.
Mu jambo yagejeje ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Burkina Faso: Abantu benshi baguye mu iturika ryabereye mu kirombe cya zahabu
Abagera kuri 60 bapfiriye mu iturika ryabereye mu kirombe cya zahabu mu cyaro kiri hafi ya Gaoua mu majyepfo y’uburengerazuba muri Burkina Faso.
Abandi benshi barakomeretse barimo abagore n’abana.
Ubuyobozi bwo muri ako gace!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Putin amaze kwemera ubwigenge bw’intara 2 ziyonkoye kuri Ukraine
Perezida Vladmir Puttin amaze gushyira umukono ku iteka ryemeza ubwigenge bw'intara ebyiri ziyonkoye kuri Leta ya Ukraine.
Mu gihe umwuka w'intambara ukomeje gututumba hagati y'ibihugu by'ibihangange, kuri uno mugoroba wo kuwa mbere!-->!-->!-->!-->!-->…
Inyuma y’imyaka 42 yaragiye gupagasa, yagarutse asanga umugore n’abana be barapfuye.
Umusaza w'imyaka 94 y'amavuko ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kumara imyaka 42 yose yaragiye gupagasa agarutse asanga umugore we n'abana be babiri baritabye Imana.
Mu gihugu cya Kenya haravugwa inkuru y'umusaza umaze iminsi uri mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Burkina Faso yemeje ko abasivile babiri baguye mu ihirikwa ry’ubutegetsi
Perezida w’inzibacyuho wa Burkina Faso Lt Col Paul Henhri Damiba yasabye ko hatangira iperereza kubyangiritse mu ihirikwa ry’ubutegetsi ryo kuwa 24 Mutarama.
Itangazo ryasohowe n’ibiro by’umukuru w’igihugu rigaragaza ko abantu!-->!-->!-->!-->!-->…
Australia: Graham Potter wahizwe imyaka 12 yatawe muri yombi
Polisi ya Australia yataye muri yombi umugabo wahizwe cyane muri iki gihugu, nyuma y’imyaka 12 ari mu bwihisho.
Graham Potter w’imyaka 64, yanze kwitaba urukiko mu 2010, kugira ngo abazwe uruhare rwe ku byaha by’ubwicanyi bwabereye!-->!-->!-->!-->!-->…
Mozambique: Polisi yafashe amahembe 11 y’inzovu, babiri batabwa muri yombi
Ubuyobozi muri Mozambique bwafatiye amahembe 11 y’inzovu mu rugo ruri mu mujyi wa Tete mu burengerazuba bw’igihugu.
Abantu babiri bafite aho bahuriye n’iki kirego batawe muri yombi.
Polisi yavuze ko aya mahembe yarari mu mufuka!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Niger: Abana barindwi biciwe mu gitero cy’indege cya Nigeria
Guverineri wa Maradi muri Niger yatangaje ko abana barindwi muri Niger bapfuye ubwo igisirikare cya Nigeria cyagabaga igitero ku mabandi.
Guverineri Chaibou Aboubacar yavuze ko uretse barindwi bitabye Imana, abandi batanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwamikazi w’Ubwongereza Elizabeth II yanduye Covid-19
Umwamikazi Elizabeth II w’Ubwongereza yasanzwemo Covid-19, akaba agaragaza ibimenyetso byoroheje birimo inkorora.
Ingoro y’ubwami ya Buckingham yatangaje ko umwamikazi azakomeza gukora inshingano zoroheje.
Umwamikazi Elizabeth II!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Boris Johnson avuga ko Russia itegura intambara itari bwigere ibaho i Bulaya kuva 1945
Boris Jonson ministre w'intebe w'Ubwongereza, aravuga ko Uburusiya bufite umugambi wo kugaba igitero gikomeye muri Ukraine.
Ministre w'intebe w'Ubwongereza Bwana Jonson Borris, aubwo yari i Munich mu gihugu cy'Ubudage, ahari kubera!-->!-->!-->!-->!-->…