Browsing Category
Mu Mahanga
Perezida Biden yasabye abanyamerika kuva muri Ukraine vuba na bwangu.
Perezida wa Amerika Joe Biden yasabye abanyamerika bose bakiri muri Ukraine kuva muri iki gihugu ako kanya kuko ibitero by'ingabo z'Uburusiya byugarije.
Biden yavuze ko ashobora kohereza ingabo guhungisha abanyamerika mu gihe Moscow!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda yategetswe kwishyura DR Congo miliyoni 325 z’amadorari kubwo uruhare rwayo mu bibazo…
Urukiko mpuzamahanga rw’ubutabera rwategetse Uganda kwishyura igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo miliyoni 325 z’amadorari (arenga miliyali 330Rwf), ku bw’uruhare rwayo mu makimbirane amaze igihe mu burasirazuba bwa RDC.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Batatu batawe muri yombi nyuma yo gusuzugura ibyemezo bya ministiri.
Urwego rw’Igihugu rw’Iperereza mu Burundi (SNR), rwataye muri yombi abayobozi batatu bo mu nzego nkuru baherutse guterana amagambo na Minisitiri ufite mu nshingano ubwikorezi bapfa icyemezo cyo kuzamura ibiciro by’ingendo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Milioni 250$ zigiye kwishyurwa abagore barenga 200 bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina…
Kaminuza ya California muri Leta z’ubumwe z’Amerika yemeye kwishyura miriyoni hafi 250 z'amadorari(arenga miliyali 250rwf) ku bagore barenga 200 bavuga ko bakoreweihohotera rishingiye ku gitsina n'umuganga w'iri shuli w'umuhanga mu!-->!-->!-->…
DRC: Kera kabaye Leta yagize icyo ivuga kuri KUDETA iherutse gupfuba
Avuga ku byabaye muri weekend ishize, umuvugizi wa Perezida Félix Tshisekedi yatangaje ko "kugerageza kose guhungabanya inzego za demokarasi" kutazihanganirwa.
Leta ya Kinshasa yari itaratangaza amakuru ayo ariyo yose ku byabaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Ababarirwa muri za Miliyoni bugarijwe n’inzara ikomeye mu bihugu byo mu ihembe ry’Afrika-PAM
Ishami ry’umuryango w’abibumbe ryita ku biribwa ,PAM, kuri uyu wa kabiri, ryatangaje ko abantu bagera kuri miliyoni 13 mu gace k’ihembe ry’Afrika bashonje cyane, risaba ubufasha bwihuse kugira ngo hirindwe kwisubiramo kw’amapfa!-->!-->!-->…
Guinne-Bissau: Ubwoba ni bwose nyuma yuko abitwaje intwaro bibasiye radio mu murwa mukuru
Urusaku rw'imbunda ziremereye rwumvikanye ejo kuwa mbere, mu murwa mukuru wa Guinee-Bisau, rwateye ubwoba bamwe mu bakozi ba Leta, nyuma y’icyumweru habaye kugerageza guhirika ubutegetsi.
Igitero cyagabwe n’abantu bataramenyekana ntabwo!-->!-->!-->…
Polisi ya Namibia yihanangirijwe kubwo guta akazi bakigira mu nsengero
Umuyobozi wa polisi ya Namibia yihanangirije abapolisi ayoboye bata inshingano zabo z’akazi bakigira mu nsengero zimwe na zimwe.
Liyetona Jenerali Sebastian Ndeitunga yavuze ko bamwe mu bapolisi babura mu kazi ngo basimbure bagenzi!-->!-->!-->…
Goma: Umusirikare yasinze arasa mugenzi we
Ku Cyumweru taliki ya 6 Gashyantare 2022, ni bwo umusirikare wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yarasiye mugenzi we ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Goma.
Amakuru yatangajwe n’ibitangazamakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya-Ukraine: Amerika yohereje abasirikare 1700 muri Pologne ku mupaka wa Ukraine
Abasirikare ba Leta zunze ubumwe za Amerika bagera ku 1700 bageze muri Polonye ejo ku cyumweru, gufasha mu rugamba rw’intambara ishobora kwaduka hagati y’Uburusiya na Ukraine.
Uyoboye izo ngabo avuga ko bagiye guhangana n’intambara!-->!-->!-->!-->!-->…
Abagera ku 10 bamaze kwicwa n’inkubi y’umuyaga izwi nka Cyclone Batsirai yibasiye Madagascar
Ikigo gishinzwe kurwanya ibiza muri Madagascar kivuga ko nibura abantu 10 bapfuye abagera ku bihumbi bakurwa mu byabo n’inkubi y’umuyaga wiswe Cyclone Bastirai yibasiye iki gihugu.
Inkubiri ya kabiri y’inkubi y’umuyaga(Cyclone!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Haravugwa kugerageza guhurika ubutegetsi bwa Tshisekedi
Mu gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo haravugwa igikorwa cyo kugerageza guhirika ubutegetsi byatumye Perezida ataha igitaraganya mu nama yari arimo muri Ethiopia.
Mu gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Maroc: Wa mwana w’umuhungu wari waraguye mu iriba byarangiye apfuye
Umwana w'umuhungu w'imyaka itanu wo muri Maroc wari waraguye mu iriba akamaramo iminsi ine byarangiye apfuye, nubwo hakozwe ibikorwa byo kugerageza kumurokora.
Itangazo ry'ubwami bwa Maroc ryatangaje urupfu rwe nyuma gato yuko akuwe!-->!-->!-->!-->!-->…
RDC: Abantu bane bakomerekeye mu iturika ry’igisasu mu mujyi wa Beni
Polisi yavuze ko abantu bane bakomerekeye mu iturika ry’igisasu mu isoko riri mu mujyi wa Beni, nyuma y’iminsi Ambasade y’Amerika i Kinshasa iburiye ko hashobora kugabwa igitero.
Polisi yavuze ko bari gushakisha abakekwa kuba bateze!-->!-->!-->!-->!-->…
Maroc: Abashinzwe ubutabazi bari hafi kugera ku mwana waguye mu iriba kuwa kabiri
Abashinwe ibikorwa by’ubutabazi muri Maroc ,kuwa gatanu, bageze hafi y’umwana muto w'imyaka itanu waguye mu iriba, aho babanje gucukura ibice by’impande z'iryo riba bishobora gutenguka.
Kuwa Kabiri nibwo uyu mwana wamenyekanye nka!-->!-->!-->!-->!-->…