Browsing Category
Politike
“U Rwanda rwarafashije mu kugarura umutekano muri DRC”: Perezida Joao wa Angola
Perezida wa Angola, João Lourenço, akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yatangaje ko uruhare rw'u Rwanda mu kugarura amahoro muri Congo ari runini kandi rutakagombye!-->!-->!-->…
Icyoba ni cyose ku bayobozi b’Uturere nyuma y’uko uwari Meya wa Rubavu yegujwe
Nyuma y'aho njyanama y'Akarere ka Rubavu ifashe umwanzuro wo kweguza uwari umuyobozi wa nyobozi, Meya Kambogo, bamwe mu bayobozi b'Uturere batangiye gushya ubwoba ko ino nkundura ishobora gukomereza mu turere bayobora. (Photo:Igihe)
!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Meya w’Akarere ka Rubavu yegujwe
Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Kambogo Ildephonse, yahagaritswe mu mirimo n’Inama Njyanama, imushinja kutuzuza inshingano ze, harimo n’ibibazo birebana n’ibiza byahitanye benshi muri ako karere.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu!-->!-->!-->!-->!-->…
Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda zambitswe imidali y’ishimwe
Ingabo z’u Rwanda (RWABAT2) ziri mu bikorwa by’Umuryango w’Abibumbye byo kugarura amahoro muri Repubulika ya Santarafurika(MINUSCA), zambitswe imidari y’ishimwe.
Iki gikorwa cyabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 05 Gicurasi 2023, ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda yateye umugongo Amerika n’uburayi yemeza itegeko rinyonga abatinganyi
Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yemeje itegeko ribuza abantu gukora imibonano mpuzabitsina n'abo bahuje ibitsina. Iri tegeko ryemejwe uyu munsi kuwa Kabiri tariki ya 2 Gicurasi 2023 riteganya ibihano biremereye birimo igihano!-->!-->!-->…
Umuntu utatangarijwe amazina yaraye ateye ingoro y’ubwami bw’Ubwongereza
Ingoro ya Buckingham y’ubwami bw’u Bwongereza yatewe n’umuntu utaratangazwa izina mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, mbere y’iminsi mike ngo umwami Charles III yimikwe ku mugaragaro.
Polisi yatangaje ko umugabo utaramenyekana yageze!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarwana Muri Sudani bumvikanye Agahenge k’Iminsi 7
Impande zirwana muri Sudani zumvikanye kuri uyu wa kabiri ku gahenge k'iminsi 7 kuva kw'italiki 4 y'uku kwezi kwa gatanu.
Izo mpande zombi zumvikanye kuri ako gahenge mu biganiro zagiranye kuri telefone na Prezida wa Sudani!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Ministri Col (rtd) Charles Engola yarashwe n’uwari umuzamu we amushinja kutamuhemba.
Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y'umurimo mu gihugu cya Uganda yarashwe mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri araswa n'uwari umuzamu we nawe ahita yirasa arapfa
Mu gihugu cya Uganda haravugwa urupfu rwa Col (rtd) Charles Okello!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyamabanga mukuru wa Loni Guteres yitezwe i Bujumbura kuri uyu wa gatandatu
Umnyamabanga mukuru wa Loni Bwana Guterres kuri uyu wa gatandatu byitezwe ko azitabira inama iganira ku mutekano muri DRC
Ibiro by’Umunyamabanga mukuru wa ONU byatangaje ko kuwa gatandatu azitabira inama “yo ku rwego rwo hejuru”!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Perezida Evariste yakiriye intumwa z’u Rwanda zamuzaniye ubutumwa bwa Kagame
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakiriye Intumwa z’u Rwanda ziyobowe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Prof Nshuti Manasseh!-->…
Joe Biden yatangaje ko azongera kwiyamamariza kuyobora icyo gihugu umwaka utaha
Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Joe Biden yatangaje ko azongera kwiyamamariza kuyobora icyo gihugu cy'igihangange muri manda ye ya kabiri mu matora y'umwaka utaha
Prezida Joe Biden wa Leta Zunze ubumwe za Amerika yatangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhungu w’umuvugizi wa Putin yavuze ko yigeze gukorera Wagner muri Ukraine
Umuhungu wa Dmitry Peskov, umuvugizi w’ibiro Kremlin bya perezida w’Uburusiya, yatangaje ko yakoreye Wagner Group muri Ukraine mu gihe cy’amezi hafi atandatu.
Nikolai Peskov yagize ati: “Zari inshingano zanjye…Sinashoboraga kwicara!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Biravugwa ko Alain Guillaume Bunyoni yaba amaze guhungira muri Tanzaniya
Amakuru aturuka mu gihugu cy'abaturanyi aravuga ko Gen. Alain Guillaume Bunyoni wigeze kuba minisitiri w'intebe yaba amaze guhungira mu gihugu cya Tanzaniya.
Hari amakuru aturuka mu gihugu cy'Uburundi avuga ko General Alain!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Hongeye gututumba umwuka utameze neza hagati ya guverinoma na Guillaume Bunyoni
Mu gihugu cy'u Burundi haravugwa umwuka utameze neza hagati ya Bwana Guillaume Bunyoni na Leta y'i Burundi imushinja kubika amamiliyari mu nzu.
Mu Burundi hongeye kuvugwa umwuka utari mwiza hagati ya guverinoma y'icyo gihugu na!-->!-->!-->!-->!-->…
“Buri gihugu cya Afurika gifite ingorane” Perezida Paul Kagame
Uretse n’ibihugu bya Afurika, nta gihugu na kimwe ku Isi kidafite ibibazo cyihariye cyangwa gisangiye n’ibindi, uhereye ku izamuka ry’imyenda, ubukene, kubura ingufu, intambara, ukageza ku ngaruka z’imihindagurikire y’ibihe n’ibindi!-->!-->!-->…