Browsing Category
Politike
Amerika yasabye u Rwanda kureka gukomeza gutera inkunga umutwe wa M23
Leta zunze ubumwe za Amerika zongeye kwihanangiriza u Rwanda zirusaba guhagarika ubufasha ubwo aribwo bwose ruha umutwe wa M23 umaze igihe mu mirwano na FARDC.
Mu cyumweru gishize nibwo imirwano hagati y'umutwe wa M23 n'ingabo za!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudani: Umugore aratabarizwa mbere yo guterwa amabuye ngo apfe.
Ibikorwa byo kurengera umugore ukomoka muri Sudan, wahanishijwe kwicwa atewe amabuye kugeza apfuye nyuma yo guhamywa icyaha cy’ubusambanyi biri gukomwa mu nkokora n’uko nta nzego zibishinzwe ziri mu gihugu.
Hashize umwaka Sudani!-->!-->!-->!-->!-->…
“Uburyo bwonyine bwo kwitura mama, ni ukuba perezida wa Uganda, kandi nzamuba”…
Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko yifuza kuba perezida w’icyo gihugu, nk’uburyo bwamufasha kwitura nyina.
Ni amagambo ashyize ahabona nyuma y’iminsi myinshi yandika cyane ubutumwa kuri politiki!-->!-->!-->…
Kenya: Abaturage bari kotsa igitutu perezida Ruto bamwibutsa kubaha ibyo yabemereye yiyamamaza
Abaturage bo mu gihugu cya Kenya bari kotsa igitutu perezida wabo uherutse gutorwa kubagezaho ibyo yabasezeranije ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamaza.
Mu gihe William Ruto yarimo yiyamamariza kuba Perezida wa Kenya, mu byo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Raila Odinga arashinja guverinoma ya Ruto kutita ku bibazo by’amapfa n’inzara byugarije icyo…
Umuyobozi w’ihuriro ry’amashyaka rizwi nka Azimio One Kenya, Raila Odinga yashinje guverinoma ya William Ruto kutita ku bibazo by’amapfa n’inzara muri icyo gihugu.
Mu itangazo yashyize ahagaragara, Odinga yashinje guverinoma intege!-->!-->!-->!-->!-->…
Col Serge Mavinga wari uyoboye ingabo za FARDC mu gace M23 iherutse kwigarurira yatawe muri yombi.
Colonel Serge Mavinga wari Komanda wa FARDC mu gace ka Ntamugenga gaheruka kwigarurirwa n’abarwanyi ba M23 yatawe muri yombi ashinjwa ubugambanyi.
Amakuru dukesha Rwandatribune aravuga ko Col Mavinga afungiwe mu biro by’Ubutasi bwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Icyo Abakongoman bavuga nyuma y’uko u Rwanda rusohoye itangazo rishinja FARDC kubura imirwano
Bamwe mu Bakongoman baravuga ko nyuma y'aho ingabo zabo zubuye imirwano ku mutwe wa M23, u Rwanda rwabaye nk'urubabajwe n'ibyo bitero, bakaba ariho bakomeza gushinja u Rwanda kuba inyuma y'uwo mutwe umaaze igihe warajujubije icyo!-->!-->!-->…
U Rwanda rwizihije isabukuru y’imyaka 60 rumaze muri Loni
Kuri uyu wa Mbere tariki 24 Ukwakira 2022, u Rwanda rwizihije isabukuru y’imyaka mirongo itandatu (60) ishize rwinjiye mu Muryango w’Abibumbye (UN), rugashimirwa umusanzu rutanga mu kugarura amahoro ku Isi.
Nk’uko byagarutsweho!-->!-->!-->!-->!-->…
Rishi Sunak ufite inkomoko muri Aziya niwe ugiye kuyobora Ubwongereza
Rishi Sunak yegukanye umwanya wo gusimbura Liz Truss ku buyobozi bw’ishyaka ry’aba-Conservateurs, bimuhesha kuba Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza.
Penny Mordaunt umwe mubakandida wari uhanganye na Rishi Sunak, yivanye mu matora!-->!-->!-->!-->!-->…
M23 yasubije inyuma ibitero bya FARDC yigarurira utundi duce muri Kivu y’amajyaruguru
Imirwano ikaze imaze iminsi ihanganishije ingabo za FARDC n’umutwe w’inyeshyamba za M23, iyi ntambara yari iri kubera mu mujyi wa Ntamugenga, uhererereyer muri Rutshuru, yongeye gukara kuko kuri iki cyumweru izi nyeshyamba zafashe uyu!-->!-->!-->…
Umunyamategeko ukomeye muri Kenya yareze Gen. Kainerugaba amusabira gufungwa burundu
Umunyamategeko wo muri Kenya yagejeje mu nkiko Gen Muhoozi Kainerugaba wahoze ari Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka amushinja ibyaha byo kuvogera ubusugire bw’ikindi gihugu no gutera ubwoba inzego z’umutekano za Kenya.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Serbia yahagaritse amasezerano yari ifitanye n’Uburundi bihombya benshi
Leta ya Serbia yatangaje ko imaze guhagarika amasezerano yari ifitanye n'igihugu cy'Uburundi, amasezerano yahaga uburenganzira Abarundi bwo kwinjira muri icyo gihugu batarinze kwaka visa.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu taliki!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakomeje ku bahanuzi baza kumureba bamubwira ko bamutumweho n’Imana
Perezida Paul Kagame yavuze ko hashize igihe kinini yakira abantu bamubwira ko bamufitiye ubutumwa bahawe n’Imana ariko ko abafata n’abanyabinyoma adashobora kwemera.
Ni bimwe mu bikubiye mu ijambo yagejeje ku bitabiriye Inama ya!-->!-->!-->!-->!-->…
“Sinshaka intambara, ntabwo naje kwigira Rambo” – Ikiganiro cyose Tshisekedi…
Perezida Félix Tshisekedi yaganiriye ba BBC ku ngingo z'umutekano mu burasirazuba bwa DR Congo, Monusco, umubano na Kabila, ndetse yamuhishuriye ko atakibasha guceza mu gihe cye k’ikiruhuko.
Mu kiganiro Africa Daily!-->!-->!-->!-->!-->…
Ethiopia: Abiy Ahmed arizeza ko intambara muri Tigray ‘izarangira’ mu gihe cya vuba.
Minisitiri w’intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed yavuze ko intambara iri mu ntara ya Tigray mu majyaruguru “izarangira kandi amahoro akaganza”.
Yavuze ibi kuwa kane ariho afungura ikigo cyo guteza imbere impano muri leta y’akarere!-->!-->!-->!-->!-->…