Browsing Category
Ubukungu
Ibiciro by’ibikomoka kuri peterori byahindutse, lisansi ikatukaho agera ku 101 Frw
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Kugenzura Imikorere y’Inzego zimwe z’Imirimo ifitiye Igihugu Akamaro (RURA) rwatangaje ko igiciro cya lisansi cyagabanutseho 101 Frw, aho cyavuye ku 1764 Frw kuri litiro gishyirwa ku 1663 Frw mu gihe icya!-->!-->!-->…
Toni 31000 z’ifumbire zaburiwe irengero
Abagize Komisiyo y’Umutwe w’Abadepite ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari n’umutungo by’Igihugu, PAC basabye ko ibibazo byose bikomeje kugaragara mu mitangire y’inyongeramusaruro ndetse n'imbuto binyuze muri gahunda ya Nkunganire!-->…
Hakiriwe dosiye 4698 z’abaregwa gukoresha nabi umutungo wa Leta mu myaka 5
Umuvugizi w’Ubushinjacyaha, Nkusi Faustin, yavuze ko umubare w'imanza Leta itsinda muri dosiye z'abaregwa gukoresha nabi umutungo wa Leta wavuye ku kigero cya 76% mu 2018/2019, ugera kuri 81% mu 2023. Muri iyi myaka itanu hakiriwe!-->!-->!-->…
Gatsibo: Koperative y’abahinzi b’umuceri bagiye kwiyubakira hoteli
Ubuyobozi bwa Koperative ‘Ubumwe Gatsibo’ y’abahinzi b’umuceri ikorera mu gishanga cya Rwangingo mu Karere ka Gatsibo mu Ntara y’Iburasirazuba, bwavuze ko bugiye kubaka hoteli izagirira akamaro abanyamuryango.
Bwabigarutseho ejo ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Abafite inganda baravuga ko bakibangamirwa n’ibyo gupfunyikamo ibyo bakora bigihenze
Abafite inganda basanga gushyira imbaraga mu gushora imari mu gukora ibikoresho bipfunyikwamo, ari byo bizatuma bimwe mu bikorerwa mu nganda zo mu Rwanda bigabanya ibiciro kuko kugeza ubu ibipfunyikwamo ibicuruzwa bigituruka hanze.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo:Barira ayo kwarika nyuma y’uko Perezida n’Umubitsi bariye imitungo…
Umujyi wa Kigali akarere ka Gasabo Umurenge wa Rusororo akagari ka Mbandazi,Abagize itsinda Terere u Rwanda,bararira ayo kwarika bagatabaza Ubuyobozi kubera Perezida n'Umubitsi babaririye imitungo n'ubwizigame bwabo.
Ni nyuma yo guterwa!-->!-->!-->…
RRA igiye gutangiza ikoranabuhanga rifasha abaturage guhererekanya ibinyabiziga batiriwe bayigana
Guhera tariki ya 16 Ukwakira 2024 Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro kizatangiza ikoranabuhanga ryorohereza abaturage guhererekanya ibinyabiziga batiriwe bagana iki kigo.
Ibi byatangajwe ubwo hatangizwaga ukwezi kwahariwe abasora ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Iburasirazuba: Million 80 zatikiraga nyuma ya expo zabonewe umuti, abamurika biruhutsa umutima.
Million 80 zitakara nyuma y'uko imurikagurisha rirangiye aho abamurika basenya ibyo bubatse mbere bari kwitegura aho bazamurikira ibikorwa byabo bakavuga ko ari igihombo bahura nacyo nyamara mu gihe bubakiwe aho bamurikira ibikorwa!-->!-->!-->…
Umwalimu SACCO wisubiyeho ku mitangire y’inguzanyo
Mu ntangiriro z’iki Cyumweru, Ubuyobozi bwa Koperative Umwalimu SACCO bwari bwatangaje ko bugiye gutanga inguzanyo gahoro gahoro kubera ko inguzanyo zari zigeze ku gipimo cya 85%.
Itangazo rigenewe abanyamuryango ryavugaga ko kuva!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame Yafunguye Uruganda Rushya Rukora Sima
Ni uruganda rwatashywe ku mugaragaro na Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, ruzuzura burundu rutwaye akayabo ka miliyoni imwe y’amadolari y’Amerika, ni ukuvuga amafaranga y’u Rwanda asaga miliyari imwe na miyoni 180.
!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rugiye kubaka ububiko bugari bwa gaz n’uruganda rwayo
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente aratangaza ko u Rwanda rufite umushinga wo kubaka ububiko bugari bwa gaz ndetse n’uruganda rwayo mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije.
Yavuze ko gaz ari igisubizo kirambye ku kibazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Indege ya mbere ya RwandAir yaraye igeze i Paris
Ahagana saa sita n’igice z’ijoro rishyira kuri uyu wa Kabiri, ni bwo indege ya mbere ya RwandAir itwaye abagenzi berekeza i Paris mu Bufaransa nta handi hantu ihagaze yahagurutse ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusaruro mbumbe w’igihugu warazamutse muri iki gihembwe ugereranyije n’umwaka washize
Mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2023, umusaruro mbumbe w’u Rwanda wageze kuri miliyari 3.901 Frw uvuye kuri miliyari 3.021 Frw wari uriho mu gihembwe cya mbere cy’umwaka ushize.
Urwego rwa serivisi rwagize uruhare rungana na 44%!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwagabanyije amahoro ya gasutamo kuri bimwe mu bicuruzwa
Mu rwego rwo korohereza abaturage kugura bicuruzwa bimwe na bimwe by’ingenzi, u Rwanda rwemerewe guca imisoro ya gasutamo iri munsi y’iya EAC.
Umuceri utumizwa mu mahanga uzishyura amahoro ya gasutamo ku gipimo cya 45% cyangwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ingengo y’Imari y’Umwaka wa 2023-2024 yariyongereye ugereranyije n’iy’Umwaka wa 2022-2023
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Dr Uzziel Ndagijimana, yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko Umushinga w’Ingengo y’Imari y’umwaka wa 2023-2024 irenga miliyari 5,030 na miliyoni 100Frw, ikaba yariyongereho miliyari 265 na miliyoni!-->!-->!-->…