Browsing Category
Ubuzima
UNICEF yageneye u Rwanda ibikoresho byo kuvura COVID-19.
Minisiteri y’Ubuzima yashimiye ubuyobozi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana (UNICEF) bwageneye u Rwanda ibikoresho by’ubuvuzi n’iby’ubwirinzi byifashishwa mu kuvura no kwirinda icyorezo cya COVID-19.
Ibyo bikoresho u!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta y’u Rwanda igiye gusubukura igikorwa cyo kohereza mu bindi bihugu impunzi zavuye muri…
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR) ku bufatanye na Guverinoma y’u Rwanda bari gutegura gusubukura kohereza mu bihugu bibyifuza impunzi zavuye muri Libya zikazanwa mu Rwanda.
Biteganyijwe ko uyu mwaka uzajya!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubutaliyani: Abantu amagana biraye mu mihanda bamagana ingamba nshya za Covid-19
Ejo ku wa mbere mu Butaliyani hatangiye imyigaragambyo irimo urugomo kubera ingamba nshya zo guhangana n'inkubiri ya kabiri ya Covid.
Imirwano yavuzwe mu mijyi myinshi ikomeye mu gihugu - nka Turin, aho bateraga abapolisi amacupa!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarimu 7,214 bashobora guhagarikwa mu kazi kubera ubushobozi buke
Umuyobozi mukuru wa REB Dr NDAYAMBAJE yavuze ko abarimu bagera kuri 7,214 mu gihugu cyose bashobora guhagarikwa ku mirimo yabo kubera ubushobozi buke bafite mu kazi k'uburezi.
Nyuma y'uko Raporo y’umwaka wa 2019/2020 ya Komisiyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarimu bagera kuri 762 bigisha nta byangombwa bagira, mu gihe 1,566 bakora mu buryo butazwi na Leta
Raporo y’umwaka wa 2019/2020 ya Komisiyo y’Igihugu ishinzwe Abakozi ba Leta, igaragaza ko kugeza ubu mu Rwanda habarurwa abarimu 1,566 bigisha mu mashuri ya Leta badafite aho banditswe mu buryo bwemewe n’amategeko.
Iyo Raporo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Inka 5 zaraye zikubiswe n’inkuba zirapfa, inzu 69 zirasenyuka mu munsi umwe gusa.
Imvura nyinshi yaraye iguye mu Karere ka Nyagatare yabonetsemo inkuba yakubise inka eshanu z’umuturage zihita zipfa, yiyongera ku yaguye ejo bundi kuwa mbere yashenye inzu 69 z’abaturage bo mu Murenge wa Musheri.
Iyi mvura yaguye ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Agahinda k’umuhanzi Fireman utazi umuntu n’umwe wo mu muryango we
Umuhanzi Uwimana Francis ukoresha izina rya Fireman mu muziki, ngo ahora ababazwa no kuba adafite umuntu n’umwe yita uwo mu muryango we cyangwa mwenewabo, kuko bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Mu kiganiro aherutse!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana Albert, umusore w’umutinganyi arashima cyane “Papa” wabahaye uruvugiro.
Ibyatangajwe na Papa Francis mu mashusho mbarankuru (documentary) yatangajwe i Roma ejo ku wa gatatu, ko yumva abaryamana bahuje ibitsina bakwiye "kwemerwa imbere y'amategeko" no "kugira umuryango" ni ingingo ubu itari kuvugwaho rumwe!-->!-->!-->…
Amerika yemeje burundu Remdesivir nk’umuti wa Coronavirus
Abagenzuzi b'imiti muri Amerika bemeje burundu umuti urwanya virusi wa remdesivir nk'ugiye kuvurishwa abarwayi ba Covid-19 bari mu bitaro.
Ikigo cy'Amerika gishinzwe ubuziranenge bw'imiti n'ibiribwa (FDA) cyavuze ko uyu muti, wahawe!-->!-->!-->!-->!-->…
Brazil igiye kwifashisha urukingo rw’Ubushinwa mu gukingira abaturage bayo Coronavirus.
Brazil irateganya gukoresha urukingo rwakorewe mu Bushinwa muri gahunda y'igihugu igamije gukingira coronavirus.
João Doria, guverineri wa leta ya São Paulo, yavuze ko guverinoma yabo yemeje kugura doze miliyoni 46 z’urukingo rwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Nigeria: Imyigaragambyo y’abaturage yafashe indi ntera.
Mu gihugu cya Nigeria abaturage bakajije imyigaragambyo bamaze iminsi itari mike, kuri uyu munsi yakomeje hatwikwa amabanki agera kuri atatu.
Guhera mu cyumweru gishize imyigaragambyo y'abaturage bo mu gihugu cya Nigeria yakajije!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yajyanywe igitaranya nyuma yo kwirasa igitsina akoresheje imbunda.
Umugabo ukomoka ahitwa Portland muri Jamaica yahuye n’uruva gusenya ubwo yashakaga gukura imbunda mu mufuka akurura nabi afata imbarutso niko kwirasa igitsina.
Uyu mugabo usanzwe akunda gukoresha imbunda,yahuye n’akaga gakomeye ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Umudepite wo muri opozisiyo arasaba abayobozi ba RURA kwegura niba bananiwe kugabanya ibiciro…
Dr Frank HABINEZA uyobora ishyaka ritavuga rumwe n'ubutegetsi bwo mu Rwanda yasabye abayobozi ba RURA kwegura niba bananiwe kugabanya ibiciro by'ingendo biheruse kuzamurwa nta mpamvu.
Ibi Dr Hon. HABINEZA Frank, umudepite mu nteko!-->!-->!-->!-->!-->…
Abagenzi benshi bakomeje kwinubira izamurwa ry’ibiciro by’ingendo. Dore amagambo…
Abanyarwanda benshi bari kugaragaza ko bababajwe n'ibiciro by'ingendo byatangajwe mu cyumweru gishize n'ikigo cya leta RURA gishinzwe kugenzura imirimo imwe n'imwe.
Mu buryo busa n'ubuhuriweho na benshi kandi bwagutse, baravuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Gisagara: Umugabo yahawe ibihumbi 2000 FRW ngo akure ingurube mu musarani agwamo.
Umugabo wo mu kagari ka Bweya mu murenge wa Ndora mu karere ka Gisagara yahawe inoti ya Frw 2000 ngo ajye gukura ingurube y’umuturanyi we mu musarani agiyemo agwamo arapfa.
Nkuko amakuru dukesha ikinyamakuru Umuseke.rw abitangaza,!-->!-->!-->!-->!-->…