Browsing Category
Ubuzima
Nyanza: Christophe arashinja ubuyobozi kurangarana ihohoterwa yakorewe n’abanyerondo
Umuturage wo mu Murenge wa Mukingo mu Karere ka Nyanza, arashinja abanyerondo kumuhohotera aho bamukubise inkoni y’icyuma ya “fer à béton” ahinduka intere, yajijijwe ko yatashye iwe amasaha ya Gera mu Rugo yarenze igihe kugera mu rugo!-->!-->!-->…
Nyagatare: Abantu 46 bafashwe bari gusenga barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19
Mu gicuku ku Cyumweru tariki ya 06 Ukuboza ahagana saa saba n’igice, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’irondo ry’umwuga rikorera mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Matimba, Akagari ka Rwentanga, bafashe abantu 46 basengera mu nzu!-->!-->!-->…
Ubwongereza: Ku myaka ye 90, Margaret Keenan niwe uhawe urukingo rwa covid-19 bwa mbere
Umukecuru w'imyaka 90 yabaye umuntu wa mbere uhawe urukingo rwa Covid-19, mu gikorwa cy'ikingira kirimo gutangizwa mu Bwongereza.
Nyuma y'aho igihugu cy'Ubwongereza kibaye icya mbere ku isi mu gutera rubanda rwayo inkingo z'icyorezo!-->!-->!-->!-->!-->…
I Kigali abanduye Covid-19 ni 50 muri 62 bashya banduye imibare yongeye kuzamuka
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 07 Ukuboza 2020 habonetse abanduye Covid-19 bashya 62 barimo aba Kigali: 50, Musanze: 7, Rubavu: 3, Ngororero: 1, Rusizi: 1.
Abamaze kwandura iki cyorezo bose kuva cyagera mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ese ni iyihe mpamvu iri gutuma abandura Covid-19 biyongera i Musanze?
Itangazo rya Minisiteri y’Ubuzima ryo ku Cyumweru tariki ya 06 Ukuboza 2020 rigaragaza ko mu barwayi bashya 45 babonetse, 21 ari abo mu Karere ka Musanze ushobora kwibaza impamvu irikuzamura abarwayi bashya i Musanze? kuko barwayi bashya!-->…
Ministre w’intebe yasabye ababyeyi kugira uruhare muri gahunda yo kugaburira abanyeshuri ku…
Ministre w'intebe Bwana Edouard yasabye ababyeyi kugira uruhare rutaziguye muri gahunda yo kugaburira abana ku mashuri basanzwe bigaho.
Ibi byagarutsweho na Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, ubwo yagezaga ku bagize Inteko!-->!-->!-->!-->!-->…
Pr. KARURANGA wahoze ayobora kaminuza ya Kibungo UNIK arashinjwa ibyaha by’ubutekamutwe
Abaturage bo mu Murenge wa Gashanda mu Karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba, bashinje uwahoze ayobora Kaminuza ya Kibungo, UNIK, Prof Karuranga Egide, kubatekera umutwe maze agatanga amasambu yabo nk’ingwate ya banki kandi!-->!-->!-->…
Abantu 52 bakize abandi 21 bandura Covid-19
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 27 Ugushyingo 2020, abantu 21 basanganywe ubwandu bwa Coronavirus, mu gihe abandi 52 bayikize,mu bipimo 2,761 byafashwe mu masaha 24 yashize.
Abarwayi bashya basanzwe Kigali: 4,!-->!-->!-->…
Umukozi yasambanyije abana b’abakobwa 3 bavukana b’aho yakoraga abatera inda bose babyara impanga
Umugabo wakoraga akazi ko gukorera ubusitani mu rugo rumwe rwo mu ntara ya Tana River mu gihugu cya Kenya yateye inda abakobwa 3 bo mu rugo yakoragamo bose babyara abana b’impanga mu bitaro bya Garissa.
Ikinyamakuru Nairobi News kivuga!-->!-->!-->…
Abaruwa y’agahinda mwalimu TWIZERIMANA Yasize yanditse mbere yo kwiyahuza umuti…
Umwarimu witwa INNOCENT TWIZERIMANA yiyahuye akoresheje umuti wica imbeba, asiga yanditse impamvu yiyahuye ndetse asiga ahaye inama abakiri bato.
Inkuru y'urupfu rw'Umwarimu ku ishuri ribanza rya Ruyange utuye mu Murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Meteo Rwanda yaburiye Abanyarwanda ko imvura izaba nyinshi kuno kwezi
Ikigo k’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko mu gice cya gatatu cy’ukwezi k’Ugushyingo 2020, ni ukuvuga hagati y’itariki ya 21 n’iya 30, mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya mirimetero 40 na 150!-->!-->!-->…
Huye: Abaturage bahumurijwe ko ntawe igishushanyo mbonera kizasenyera cyangwa giheza
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye buvuga ko igishushanyo mbonera kiri gutegurwa kizagenderwaho kuzageza mu mwaka w’2050, nta we kizirukana mu mujyi kuko ntawe giheza.
Umuyobozi w’Akarere ka Huye wungirije ushinzwe ubukungu, André Kamana,!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: Mu mezi 10 ashize gusa habaye impanuka 3000
Imibare itangwa na Polisi y’Igihugu igaragaza ko kuva muri Mutarama kugeza mu Ukwakira 2020, habaye impanuka zo mu muhanda zirenga ibihumbi bitatu zihitana abantu 500 naho abarenga ibihumbi bibiri barakomereka.
Byatangajwe!-->!-->!-->!-->!-->…
COVID-19 ikomeje kwibasira amagereza mu Rwanda.
Mu gihe Imibare y'abanduye coronavirus ikomeje kwiyongera ku isi no mu Rwanda, biragaragara ko kuri ubu iri kwibasira amagereza cyane kuruta uko iri hanze.
Mu minsi ishize imibare y'abandura covid-19 yari ikomeje kugabanuka ku buryo!-->!-->!-->!-->!-->…
Breaking News: Hatangajwe ko urukingo rwa mbere rwa Covid-19: rutanga 90% ry’ubwirinzi.
Isesengura ry'ibanze ryerekanye urukingo rwa mbere rushobora kurinda umubiri w'umuntu kwandura Covid-19 ku kigero cya 90% .
Kompanyi zarukoze - Pfizer na BioNTech - zavuze ko uyu ari "umunsi ukomeye kuri siyanse n'abantu".
Zivuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…