Browsing Category
Ubuzima
Abanyeshuri 20 bafashwe bari gusambanira mu macumbi y’abakobwa
Abanyeshuri bagera kuri 20 biga mu ishuri ryisumbuye rya Loreto i Silobela, mu Ntara ya Midland, bahagaritswe nyuma yo gufatwa n’intoki bakora “imibonano mpuzabitsina” mu icumbi ry’ishuri.
Umwe muri bo ngo yagiye mu myigaragambyo!-->!-->!-->…
Nyagatare: Abarimu bararira ayo kwarika nyuma y’aho ibigo bigishagaho bihagaze gukora
Abarimu bigishaga mu bigo by’amashuri byafunze imiryango mu Karere ka Nyagatare, baratangaza ko bari mu gihirahiro kuko batigeze bamenyeshwa ko akazi kahagaze burundu, ndetse bakaba bataranishyuwe ibirarane baberewemo.
Umwarimu!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Abana babiri bavukana bapfuye bishwe n’imyumbati.
Abana babiri bapfuye bishwe n’imyumbati mu gihe undi wa gatatu we arembye aho bivugwa ko bayiriye bayicukuye mu murima.
Muri aba bana bose uko ari batatu, babiri baravukana. Mu bapfuye harimo ufite imyaka itanu n’undi ufite umunani,!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Abakobwa 243 b’abanyeshuri batewe Inda mu gihe cya #Gumamurugo#
Mu karere ka Muhanga, raporo zatanzwe n’abayobozi b’ibigo by’amashuri zerekana ko abakobwa 243 babaruwe mu mirenge yose y’aka akarere, batewe inda hagati mu mezi bamaze batiga bakiri iwabo.
Aba badepite bari i Muhanga mu rwego rwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: Coronavirus yibasiye abakinnyi 11 b’ikipe y’Amagaju
Ubuyobozi bw’Ikipe y’Umupira w’Amaguru ya Amagaju FC, bwatangaje ko abakinnyi bayo 11 banduye Coronavirus ndetse ko bari mu mubare w’abo Minisiteri y’Ubuzima yaraye itangaje ko banduriye mu Karere ka Nyamagabe.
Mu mibare yatangajwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda:Umubyeyi w’imyaka 73 y’amavuko yaraye ahitanywe na Covid-19
Kuri uyu wa Kane tariki ya 05 Ukwakira 2020 hatangajwe umubyeyi w’imyaka 73 ubaye uwa 36 wishwe n’icyorezo cya COVID-19 mu Rwanda, abarwayi bashya 18 n’abakize 10, bituma abamaze gukira bagera ku 4,940 bangana na 95% by’abarwayi bose!-->!-->!-->…
Abatanga serivisi za Massage bemerewe gukora
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rwatangaje ko abatanga serivice za massage bemerewe kongera gukora, hubahirizwa amabwiriza ajyanye no kwirinda Covid-19.
RDB ivuga ko ahakorerwa massage hafunguwe mu rwego rwo kuzahura ubukungu!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu Rwanda habonetse 12 barwaye Covid-19 bashya ntawakize
Minisiteri y’Ubuzima , yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Ugushyingo 2020, mu Rwanda habonetse abantu 12 bashya banduye COVID-19, mu bari barwaye ntawakize .
Abanyarwanda barasabwa gukomeza gukurikiza amabwiriza yo kwirinda!-->!-->!-->!-->!-->…
Abantu 9Abanduye Covid-19
Umubare w’abamaze kwandura COVID-19 mu Rwanda ugera kuri 5,155, mu gihe abamaze kuyikira ari 4,922. Abakirwaye ni 198 naho abapfuye akaba ari 35.
Iri tangazo rya Minisiteri y’Ubuzima rigaragaza ko aba barwayi baturutse I Kigali:2,!-->!-->!-->…
Nyanza: Umushinga INADEO wafashije abaturage gutera ibiti by’ibuto bisaga 300
Umushinga INADEO wafashije abagenerwabikorwa bawo bo mu Karere ka Nyanza gutera ibiti by'imbuto ziribwa bigera kuri 300.
Ni umuhango wabaye kuri uyu wa 26 Ukwakira 2020 mu Karere ka Nyanza, mu murenge wa Busasamanana mu kagali ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Abagabo bibukijwe ko ihame ry’uburinganire nabo ribareba.
Rose Rwabuhihi, Umugenzuzi Mukuru w'Iyubahirizwa ry'Ihame ry'Uburinganire n'Ubwuzuzanye mu Rwanda GMO yibukije abagabo ko nabo barebwa ndetse na cyane n'ihame ry'uburinganire mu muryango.
Akenshi iyo havuzwe uburinganire, humvikana!-->!-->!-->!-->!-->…
Inzozi za “MWITENDE” Umunyamuzika ufite ubumuga bwo kutabona
Alexandre Mwitende umunyamuziki wo mu Rwanda, avuga ko vuba cyangwa cyera muzika ye izagera ku rwego mpuzamahanga, kuko ubumuga afite bwo kutabona budasobanuye ko adashoboye.
Asanzwe azwi muri za 'bars' i Kigali aho acuranga!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutahizamu ukomeye wa Rayon Sport yasanzwemo covid-19
Umunya-Mali Moussa Camara wari utegerejwe mu Rwanda kuwa Gatanu w’icyumweru gishize basanze yaranduye #COVID19, ashyirwa mu kato ariyo mpamvu agomba kugera mu Rwanda mu cyumweru gitaha nta gihindutse.
Umuyobozi mushya wa Rayon!-->!-->!-->!-->!-->…
Ishusho y’ibyaranze isubukurwa ry’amashuri nyuma y’amezi 8 afunze.
Nyuma y'amezi agera ku munani amashuri yarafunze mu Rwanda kubera kwirinda ikwirakwiza ry'icyorezo cya Coronavirusi, hari byinshi byaranze uyu munsi.
Agapfukamunwa, gukaraba intoki no kwirinda kwegerana ni ibishya biri ku mashuri!-->!-->!-->!-->!-->…