Browsing Category
Ubuzima
Rusizi: Ntagakiza wakoraga akazi k’ubukarani yapfiriye imbere ya farumasi agiye kugura ibinini
Umugabo w'imyaka 46 yakoraga akazi ko kwikorera imitwaro n'imizigo ku mutwe yapfiriye ku muryango wa farumasi agiye kugura ibinini.
Umugabo witwa Ntagakiza Leonard w'imyaka 46 y'amavuko yapfiriye imbere ya farumasi aho yari agiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Santrafurika: Ingabo z’u Rwanda zavuye abaturage ku buntu
Itsinda ry’Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Santrafurika (MINUSCA), zatanze serivisi z’ubuvuzi ku buntu ku barwayi 54.
Iki gikorwa cyabaye ku wa Gatanu tariki 13 Mutarama 2023, gikozwe!-->!-->!-->…
Inka 39 zari zibwe muri Uganda zasubijwe nyirazo
Kuri uyu wa Gtanu tariki ya 13 Mutarama 2023, Ubuyobozi bw’Umurenge wa Gatunda, Akarere ka Nyagatare, bwashyikirije Gakwaya William, umuturage wa Mpororo mu Gihugu cya Uganda, inka 39 yari yibwe zigafatirwa mu Rwanda.
Ku wa Gatatu!-->!-->!-->!-->!-->…
Prof. Kalisa Mbanda wigeze kuyobora komisiyo y’amatora yitabye Imana.
Prof Kalisa Mbanda wayoboye Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC), yitabye Imana kuri uyu wa Gatanu tariki 13 Mutarama 2023, aguye mu bitaro bya Gisirikare bya Kanombe.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa NEC, Charles Munyaneza, yabwiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Noble Uzuchi w’imyaka 17 akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya no gutera inda abagore 10 bose
Umusore w’imyaka 17 uzwi ku mazina ya Noble Uzuchi wo muri Nigeria, akurikiranyweho kuba yarateye inda abagore bagera ku icumi (10), ubu akaba ari mu maboko y’inzego z’umutekano, aho yafatanywe n’undi uvugwaho ubufatanyacyaha witwa!-->!-->!-->…
Christopher Kayumba yasabye urukiko kwemeza ko ibyo ashinjwa byose ari ibihuha, maze agafungurwa
Ubushinjacyaha bwasabye urukiko gukatira imyaka 10 Dr Chistopher KAYUMBA ku byaha akurikiranyweho byo gushaka gufata ku ngufu umwe mu banyeshuri yari ashinzwe kwigisha.
Umushinjacyaha yasabiye Christopher Kayumba wahoze ari umwarimu!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwafashe ingamba zo gukumira “Cholera” iri kuvugwa mu gihugu cy’Uburundi
Mu gihe icyorezo cya Kolera kivugwa mu bihugu by’abaturanyi by’u Burundi, Tanzaniya, Malawi ndetse na Repuburika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), u Rwanda rwashizeho ingamba zo gukumira iki cyorezo.
Amakuru atangwa n’Ikigo!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Bikanze Polisi bariruka, bata moto n’igikapu cyuzuye urumogi
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego z’umutekano, iz’ibanze n’abaturage yafashe udupfunyika tw’urumogi 1295, turimo 920 twafatiwe kuri moto nyirayo amaze gucika na 375 twafatanywe umuturage mu bikorwa bitandukanye byabereye mu!-->!-->!-->…
Kigali: Yagiye gukiza imvururu zaberaga mu kabare birangira ariwe uhasize ubuzima
Nsengiyumva Vincent w’imyaka 50, usanzwe akora akazi ko gucunga umutekano mu Mudugudu (irondo ry’umwuga )yapfiriye mu mvururu, ubwo yari agiye gukiza imirwano yariri kubera mu kabari.
Ibi byabaye mu rukerera rwo kuwa kabiri tariki!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: 12 bakekaga ko bahumanyijwe n’inyama bariye bavuye mu bitaro
Abaturage bo mu Murenge wa Kaniga mu Karere ka Gicumbi, bari batashywe n’ubwoba nyuma yo kubona bamwe muri bo (12) bafatwa n’indwara yo munda, bakeka ko babitewe n’inyama z’inka bari bamaze iminsi bariye.
Ni amakuru yari amaze!-->!-->!-->!-->!-->…
“Indaya i Paris” Turahirwa Moses yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga
Turahirwa Moses washinze inzu ihanga imideli ya Moshions yongeye kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusangiza abamukurikira ifoto ahagaze ahitegeye umunara wa ‘Tour Eifel’ acigatiye isigara (itabi) arenzaho amagambo agira ati!-->!-->!-->…
Kayonza: Umwana w’imyaka irindwi yishwe n’umuvu
Umwana w’imyaka irindwi wo mu Karere ka Kayonza wigaga mu mwaka wa mbere w’amashuri abanza, yishwe n’umuvu w’amazi watewe n’imvura nyinshi yaguye muri aka Karere.
Uyu mwana yapfuye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudani y’Epfo: Abanyamakuru 6 batawe muri yombi bazira amashusho yagaragaje Perezida yihindanyije
Abanyamakuru batandatu bakorera Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamuru rwa Sudani y’Epfo batawe muri yombi aho bakurikiranyweho ibijyanye n’amashusho aherutse gusakazwa ku mbuga nkoranyambaga agaragaza Perezida Salva Kiir yinyariye.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Burera: Abana babiri bapfiriye mu nzu bazize imbabura
Abana babiri b’abahungu, basanzwe mu nzu bamaze gushiramo umwuka, bikaba bivugwa ko abo bana bazize imbabura nyina yari yasize mu nzu yaka.
Ibi byabereye mu Mudugudu wa Kabaya, Akagari ka Rusumo mu Murenge wa Butaro, Akarere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Leta irashinja u Rwanda koshya abatutsi b’Abakongomani guhunga
Imibare itangazwa na Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) igaragaza ko guhera mu kwezi k’Ugushyingo Umwaka ushize, u Rwanda rwakiriye impunzi z’Abanyekongo bakabakaba 2,100 baje bahunze ingaruka z’imirwano ikomeje hagati!-->!-->!-->…