Browsing Category
Ubuzima
Kamonyi: Umubyeyi yapfiriye ku nda mu nzira ajya kubyara
Yitwa Nagahozo Devotha ni Umubyeyi w’Imyaka 35 y’amavuko yafashwe n’ibise mu gitondo ashatse kujya kwa Muganga birangira apfiriye mu nzira. Nagahozo Devotha yari atuye mu Mudugudu wa Kamashashi, Akagari ka Mpushi Umurenge wa!-->!-->!-->…
Gasabo: Inzu yahiriyemo Umuryango w’abantu Bane
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Mutarama 2024, mu Mudugudu wa Murindi I mu Kagari ka Cyaruzinge mu Murenge wa Ndera mu Karere ka Gasabo, inkongi yibasiye inzu abari bayirimo bapfiramo.
Amakuru aturuka mu buyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Umunyeshuri yapfuye bitunguranye ari mu ishuri na bagenzi be
Umunyeshuri witwa Nduwayezu Eric wigaga mu wa 5 w’amashuri yisumbuye, kuri G.S Bugumira, Umurenge wa Nkombo, Akarere ka Rusizi, mu ma saa munani z’amanywa, ku wa Gatatu tariki ya 24 Mutarama, ubwo yari mu ishuri yiga, avuye gukosora ku!-->!-->!-->…
Rutsiro: Ababyeyi biyise abarakare bakura abana mu ishuri bavuga ko bagaburirwa ibiva ‘Kwa Shitani’
Bamwe mu babyeyi bo mu Murenge wa Mushubati mu karere ka Rutsiro bahoze basengera mu itorero ry’Abadivantisiti b’Umunsi wa karindwi, bakaza kuryigumuraho kubera imyemerere yabo, bakiyita ‘Abarakare’, kuri ubu bakuye abana mu ishuri!-->!-->!-->…
Ruhango: Haravugwa utubari ducuruza abana b’abakobwa mu gushimisha abakiliya
Ni mu Murenge wa Kinazi,mu Karere ka Ruhango, haravugwa utubari dukoresha abana b’abakobwa mu bikorwa byo gucuruza inzoga n’ubusambanyi, aba bana bameze nk’abatuye muri utwo tubari.
Mu buhamya bw’umwe mu bana wakorewe ibyo bikorwa,!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Wa mu pasitoro uherutse kwigamba ko yashyingiwe akana yatawe muri yombi
Pierre Kas Kasambakana pastori ukuriye itorero Early Church of Yeshua Ha Mashyah ry’i Kinshasa muri DR Congo yafunzwe by’agateganyo nyuma y’amashusho yabonetse ashyingiranwa n’umukobwa bikekwa ko atujuje imyaka y’ubukure, nk’uko!-->!-->!-->…
Kenya: Polisi irashakisha umutwe w’umunyeshuri wishwe
Polisi yo mu Mujyi wa Nairobi muri Kenya, irashakisha umutwe w’umukobwa wigaga muri Kaminuza ya Jomo Kenyatta, wishwe nyuma yo gutwarwa n’umuntu bivugwa ko bari baramenyaniye kuri Interineti. Umurambo waje kuboneka ariko umutwe wo!-->!-->!-->…
Liberia: Perezida warahiriraga kuyobora igihugu yananiwe kurangiza ijambo rye
Perezida mushya wa Liberia Joseph Boakai yananiwe kurangiza ijambo rye nyuma yo kurahira maze avanwa kuri ‘podium’ mu muhango wo kurahira.
Boakai w’imyaka 79, yari amaze iminota isaga 30 avuga ijambo rye ubwo byabonekaga neza ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisante yatanze umucyo ku bimaze iminsi bivugwa kuri Covid-19
Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda yasabye abaturarwanda kudaha agaciro ibihuha bikomeje gusakara ku mbuga nkoranyambaga bivuga ko icyorezo cya Covid-19 cyagarutse, bivuye ku bwiyongere bw’ibicurane bimaze iminsi bigaragara hirya no hino!-->!-->!-->…
Musanze: Polisi yataye muri yombi umugabo ukekwaho kwisenyera inzu
Umugabo w’imyaka 27 y’amavuko yafunzwe nyuma yo gukekwaho gusenya inzu yabanagamo n’umugore we n’abana, agamije guhima uwo bashakanye.
Ni umugabo wo mu Kagari ka Buramira, Umurenge wa Kimonyi Akarere ka Musanze, nyuma yo kugirana!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abaturage baravuga ko banyuzwe n’itegeko rishya risaba ba Meya kujya basura Abaturage
Hari abaturage bo mu Karere ka Nyanza bavuga ko banejejwe n'itegeko rya MINALOC riherutse gusaba ba Meya n'abandi bayobozi kujya basura abaturage bakumva bakanakemura ibibazo bafite.
Nyuma y'aho mu ntangiriro za kino cyumweru!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Miliyoni hafi enye nizo zatikiriye mu iturika rya gaz
Mu Murenge wa Gisozi habereye impanuka yatewe na Gaz yangiriyemo ibintu bifite agaciro ka Miliyoni hafi Enye z'amafaranga y'u Rwanda .
Ku wa gatatu tariki ya 17 Mutarama 2024, mu Kagari ka Musezero Umudugudu w’Amajyambere, habaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Umwarimu yarumye umugore we igice cy’ugutwi agikuraho
Shema Olivier w’imyaka 34 wigisha ku Rwunge rw’Amashuri rwa Ntura mu Karere ka Rusizi yarumye umugore we ugutwi ubwo bakimbiranaga amushinja kumuca inyuma, igice kimwe cyako agikuraho.
Uwo mugore we yarumye ugutwi ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Yafashe umugore we ari gusambanira n’umukozi mu kiraro cy’inkoko abatwikiramo
Umugabo wo mu gihugu cya Zambia aravugwaho kugerageza kwica umugore we nyuma yo kumufatira mu cyuho asambana n'umukozi wabo.
Umugabo witwa Chimuka wo mu gihugu cya Zambia mu gace ka Mkushi aravugwaho kugerageza kwica atwitse umugore!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Barishimira ko imvugo ishyira umuturage ku isonga ariyo ubuyobozi bushyizemo ingufu.
Abatuye mu Karere ka Bugesera barishimira ko imvugo ya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika ivuga ko umuturage ari we ugomba kuza ku isonga mu bikorwa byose by'igihugu abayobozi b'Akarere ka Bugesera bayumvise neza kugeza ubwo amanywa!-->!-->!-->…