Browsing Category
Ubuzima
Huye: Imibiri igera kuri 35 niyo imaze kuboneka ahacukurwaga umusingi
Hari imibiri igera kuri 35 imaze kuboneka mu Karere ka Huye mu rugo rw'umuturage warimo ucukuza umusingi w'urugo.
Mu Mudugudu wa Ngoma ya V uherereye mu Kagari ka Ngoma, Umurenge wa Ngoma, Akarere ka Huye, habonetse imibiri!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Col. Mike Mikombe wahoze akuriye abarinda perezida i Goma yakatiwe urwo gupfa
Umusirikare wa DR Congo w’ipeti rya Colonel yakatiwe urwo gupfa n’urukiko rwa gisirikare rw’Intara ya Kivu ya Ruguru rumuhamije icyaha cy’ubwicanyi ku baturage 56 bari biteguye kwigaragambya bakaraswa n’abasirikare bo mu mutwe w'ingabo!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Babiri bagwiriwe n’umukingo barapfa, abandi 8 barakomereka cyane
Abantu babiri bo mu Karere ka Nyamasheke bitabye Imana nyuma yo kugwirwa n’umukingo ubwo bari mu kazi mu miririmo yo kubaka urwibutso rwa Rwamatamu.
Iyi mpanuka yabereye mu Kagari ka Butare mu Murenge wa Gihombo w’Akarere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yemeye ko yataye muri yombi umunyamakuru Theogene Manirakiza
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze Umunyamakuru Manirakiza Théogène washinze ikinyamakuru Ukwezi kinafite Umuyoboro wa YouTube Ukwezi TV. RIB iravuga ko Manirakiza yafatiwe mu cyuho yakira ruswa!-->!-->!-->…
Espagne: Inkongi y’umuriro yibasiye akabyiniro, abagera kuri 13 bahasiga ubuzima
Mu gihugu cya Espagne haravugwa inkuru y'abantu bagera kuri 13 bishwe bapfiriye mu kabyiniro kibasiwe n'inkongi y'umuriro.
Abinyujije ku rukuta rwa X rwahoze rwitwa Twitter, umuyobozi w’umujyi wa Murcia uri mu Majyepfo ya Espagne!-->!-->!-->!-->!-->…
Miliyoni 20 n’ibihumbi 500 by’abantu buri mwaka bicwa n’indwara z’umutima –…
Abarenga miliyoni 20 n'ibihumbi 500 by'abantu ku isi bicwa n'indwara z'umutima buri mwaka. RBC ikaburira abanyarwanda ko bagomba gukora ibishoboka byose ngo ntibabe mubo ino ndwara ihitana ku bwinshi.
Ni ibyagarutsweho kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Uganda: Itegeko rirwanya ubutinganyi ryongeye guteza impaka
Kuri uyu wa Kane, Komite y’Ihuriro ry’uburinganire (Committee of the Convening for Equality/CFE), yavuze ko kuva Guverinoma ya Uganda yatora amategeko akaze ku Isi arwanya abaryamana bahuje ibitsina byahaye rugari abantu ku!-->!-->!-->…
Karongi: Abasore babiri babanaga mu nzu bishwe n’imbabura baraje mu nzu
Hari abasore babiri bari basanzwe babana mu nzu imwe basanzwe mu nzu bapfuye, birakekwa ko baba bishwe no kubura umwuka kubera imbabura baraje mu nzu.
Mu murenge wa Rubengera, akagali ka Gacaca, mu mudugudu wa Kamuvunyi ho mu Karere!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamagabe: Umwana w’imyaka 6 yahitanywe n’umuvu w’imvura
Mu Karere ka Nyamagabe, mu Mudugudu wa Muganza uherereye mu Kagari ka Gashiha mu Murenge wa Kibirizi, umuvu w’imvura watwaye umwana w’umukobwa w’imyaka itandatu, ahita apfa, ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki 27 Nzeri 2023.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Gicumbi: Barindwi bakubiswe n’inkuba, umwe ahasiga ubuzima
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 27 Nzeli 2023 nyuma ya ya mvura yaguye ahagana ku mugoroba, mu Karere ka Gicumbi, inkuba yakubise abantu bagera kuri barindwi, umwe ahasiga ubuzima.
Aya makuru yemejwe n'umunyamabanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Imvura iguye kuri uyu mugoroba isize isenye ibikorwaremezo birimo amashuri n’insengero
Imvura nyinshi ivanze n’umuyaga yaguye mu Karere ka Huye mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa 27 Nzeri, yangije ibikorwaremezo birimo amashuri n’insengero.
Mu byasenyutse harimo ishuri ryisumbuye Butare Catholique riherere mu Kagari ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Babiri bafashwe bakekwaho kwiba ibikoresho by’abanyeshuri ba INES-Ruhengeri
Mu ijoro rishyira itariki ya 26 Nzeri 2023, abajura binjiye mu nzu icumbikamo abanyeshuri babiri biga muri INES-Ruhengeri mu Kagari ka Ruhengeri, Umurenge wa Muhoza Akarere ka Musanze, biba ibikoresho byabo bitandukanye birimo imashini!-->!-->!-->…
Irak: Abagera ku 100 bapfiriye mu muriro wadutse mu bukwe
Abantu nibura 100 bapfuye naho abandi 150 barakomereka nyuma yuko inkongi y'umuriro yadutse mu bukwe mu majyaruguru ya Iraq.
Abantu babarirwa mu magana bari barimo kwizihiza ibyo birori i Al-Hamdaniya, mu ntara ya Nineveh mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Basabwe kwimakaza ihame ry’uburinganire abari mu makimbirane bakayareka.
Abaturage basabwe kwimakaza ihame ry'Uburinganire hagati y'abashakanye kuko ariho iterambere ry'Umuryango ryubakiye ndetse ikaba n'inkingi y'Imiyoborere myiza igihugu gishingiraho abari mu makimbirane bakayareka.
Bakaba babisabwe!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yanyomoje ibyo kazungu yavugiye mu rukiko ko arwaye SIDA
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwanyomoje amakuru yatanzwe na Kazungu Denis ukurikiranywe kwica abantu akabashyingura mu nzu, ko yabitewe nuko bamwanduje Sida.
Kuri uyu wa Kane tariki 21 Nzeri 2023, nibwo Kazungu yagejejwe!-->!-->!-->!-->!-->…