Browsing Category
Ubuzima
Umwe mu bahoze ari interahamwe arashinja Kabuga gutera inkunga uwo mutwe
Urubanza rwa Félicien Kabuga uregwa jenoside yo mu Rwanda rwasubukuwe kuri uyu wa kabiri, humvwa ubuhamya bw'uvuga ko yari mu mutwe w'Interahamwe.
Yatanze ubuhamya ari i Arusha muri Tanzania hamwe n'abashinjacyaha, bahujwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Muzehe Nyabutsitsi umwe mu bigishije Perezida Kagame yitabye Imana ku myaka 79
Augustin Nyabutsitsi wabaye umwarimu wa Perezida Paul Kagame mu mashuri abanza, bari baranahuye muri 2016, yitabye Imana ku myaka 79 azize uburwayi.
Amakuru dukesha The New Times, avuga ko Augustin Nyabutsitsi yitabye Imana mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Perezida yasabye ko umusore warokoye abantu mu ndege iherutse gukora impanuka ahabwa…
Perezida wa Tanzaniya madamu Samia SULUHU yasabye ko umusore uherutse kurokora abantu mu ndege ya Precision Air iherutse gukora impanuka ikagwa mu kiyaga cya Victoria ahabwa akazi mu mutwe w'ingabo z'igihugu zishinzwe ubutabazi!-->!-->!-->…
Perezida KAGAME yihanganishije imiryango y’abuze ababo mu mpanuka y’indege muri…
Perezida Paul KAGAME w'u Rwanda yihanganishije imiryango y'abantu bagera kuri 19 baguye mu mpanuka y'indege mu gihugu cya Tanzaniya.
Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere ahagana saa mbili z'igitondo,!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya: Leta yashyize hanze amazina y’abaguye mu mpanuka y’indege yaguye muri…
Byamaze kumenyekana ko abantu 19 aribo baguye mu mpanuka y’indege ya Precision Air yo muri Tanzania, yaguye mu kiyaga cya Victoria mu gitondo cyo ku Cyumweru tariki 6 Ugushyingo 2022.
Leta ya Tanzaniya yamaze gushyira ahagaragara!-->!-->!-->!-->!-->…
Takeoff wabarizwaga mu itsinda rya Migos yishwe arashwe.
Umuraperi Kirshnik Khari Ball w’imyaka 28, wamenyekanye cyane nka Takeoff mu itsinda rya Migos, yapfuye nyuma yo kuraswa mu rukerera rwo kuri uyu wa kabiri i Houston.
Umuraperi Takeoff, umwe muri batatu bagize itsinda rya Migos,!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyamakuru Agnes wakomeje kuvugwaho ibikorwa byo gupfobya jenoside, yavuze ko agiye guhindura…
Uwimana Nkusi Agnes wahoze ari umunyamakuru akaza gusubiza ku bushake ikarita imwemerera gukorera uyu mwuga mu Rwanda, yatangaje ko agiye guhindura imikorere nyuma yo kwitaba Urwego rw’Ubugenzacyaha, akagaragarizwa ko mu biganiro!-->!-->!-->…
Umuhanzi Davido yapfushije umwana we w’uruhinja nyuma yo kugwa muri pisine.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2022, ku mbuga nkorambaga habyukiye amakuru abika Ifeanyi David Adeleke, umwana w’umuhungu wa Davido wari umaze iminsi mike yizihije isabukuru y’imyaka itatu y’amavuko.
Aya makuru mabi aje!-->!-->!-->!-->!-->…
U Buhinde: Abagera ku 130 baguye mu mpanuka
Abantu bagera ku 130 nibo bamaze gutangazwa ko baguye mu mpanuka y’ikiraro cyasenyutse mu Buhinde, naho abagera ku 132 barakomereka, kikaba cyarasenyutse ku cyumweru tariki 31 Ukwakira 2022, mu gace ka Gujarat.
Icyo kiraro ubusanzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Fally Ipupa yihanganishije imiryariye ango y’ababuriye ababo mu gitaramo cye i Kinshasa
Umuririmbyi Fally Ipupa yihanganishije imiryango y’abantu 11 bapfiriye mu gitaramo yakoreye i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kubera umubyigano ukabije watumye babura umwuka.
Ku wa Gatandatu nibwo Fally Ipupa!-->!-->!-->!-->!-->…
Bamporiki yajuririye igifungo cy’imyaka ine yari aherutse guhabwa n’inkiko
Bwana BAMPORIKI Edouard wigeze kuba umunyamabanga wa Leta yajuririye igihano cy'igifungo cy'imyaka ine yari aherutse gukatirwa n'inkiko
Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’umuco!-->!-->!-->!-->!-->…
Santrafurika: Ingabo z’u Rwanda zakoze umuganda zinavura abaturage
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Santrafurika (MINUSCA) zakoze umuganda ndetse zitanga ubuvuzi ku baturage.
Ku wa Gatanu tariki 28 Ukwakira 2022, Ingabo z’u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Urukiko rwanzuye ko Ndimbati yagizwe umwere nyuma y’iminsi 30 ubushinjacyaha butajuriye
Uwihoreye Jean Bosco benshi bazi nka Ndimbati yagizwe umwere burundu ku byaha yari akurikiranyweho birimo icyo guha inzoga umwana utarageza imyaka y’ubukure yarangiza akamusambanya.
Uyu mugabo yagizwe umwere ku buryo budasubirwaho!-->!-->!-->!-->!-->…
Bamwe mu basilamu bakomeje kwibaza igihe amatora ya Mufti azabera
Bamwe mu bayoboke b'idini rya Islam bakomeje kwibaza impamvu ubuyobozi bw’Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (RMC) budategura amatora mu gihe manda y’imyaka itanu bwari bwaratorewe kuyobora yarangiye.
Umuyobozi w’Umuryango!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi irasaba amashuri yigisha amategeko y’umuhanda kwibanda ku makosa akorwa n’abashoferi
Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Ukwakira, yahuguye abayobozi b’ibigo byigisha amategeko y’umuhanda no gutwara ibinyabiziga mu rwego rwo kubereka amakosa akorwa n’abatwara ibinyabiziga kugira ngo bazayibandeho mu!-->!-->!-->…