Browsing Category
Ubuzima
Yevgeny Prigozhin wayoboraga abarwanyi ba Wagner yaguye mu mpanuka y’indege
Inkuru y’urupfu rwa Yevgeny Prigozhin yasakaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Kanama 2023, aho bivugwa ko yaba yaguye mu mpanuka y’indege yabereye i Moscow mu Murwa Mukuru w’u Burusiya.
Itangazamakuru rya Leta y’u!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yihanangirije abaramya ubukene Kandi igihugu giharanira iterambere
Perezida Paul Kagame yavuze ko bitumvikana uburyo abantu bifata bakajya gusenga baramya ubukene mu gihe igihugu cyo gihora giharanira kugera ku bukire.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Kanama 2023, ubwo yitabiraga umuhango!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Guverineri Gasana yasabye Abatuye Rweru ibintu bitanu bihatse ibindi.
Guverineri w'Intara y'Iburasirazuba Gasana Emmanuel yasabye Abaturage batuye mu Murenge wa Rweru kurangwa n'ibintu bitanu birimo ibihatse ibindi ari byo Isuku, umutekano, gutanga service nziza, no kwesa umuhigo wa Mituweri.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Umunyarwanda yapfuye nyuma y’imirwano n’uwo bapfaga umugore
Sirag Rubayita bivugwa ko akomoka mu Rwanda akaba umukinnyi ukora siporo yo kwirukanka (athlete) yaburiye ubuzima mu mirwano yamuhuje na mugenzi we bapfaga urukundo rw’umugore bombi bari bahanganiye.
Ikinyamakuru Standard Kenya!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Havuguswe umuti w’ikibazo cy’ubushomeri bwibasiye urubyiruko.
Mu Karere ka Bugesera haganiriwe ku mpamvu nyamukuru z'ikibazo cy'ubushomeri gikomeje kuba akarande mu rubyiruko havugutwa umuti wacyo wihariye hanashyirwaho ingamba zigamije guhangana nabwo.
Ni ibyaganiriweho kuri uyu wa kane!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Batatu bafunzwe bakekwaho kwica umwana nyuma yo kumusambanya
Ku wa 10 Kanama 2023, nibwo urukiko rw’ibanze rwa Kabarondo, rwemeje ko abagabo batatu Ubushinjacyaha bukurikiranyeho icyaha cyo kwica umwana w’umukobwa bamaze kumusambanya, bakurikiranwa bafunze.
Ubushinjacyaha buvuga ko abo bagabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Hoteli na resitora zemeye kurinda abakiliya impanuka ziterwa n’ubusinzi
Ku wa Gatatu tariki ya 16 Kanama, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda, ku Kacyiru, habereye inama yahuje Polisi y’u Rwanda n’Ihuriro ry’abatanga serivisi z’amahoteli na resitora yari igamije kubibutsa uruhare rwabo mu kurinda!-->!-->!-->…
Muhanga: Ndababonye yahamijwe icyaha cyo kwica abana 10 atabishaka
Urukiko rw’ibanze rwa Muhanga rwahamije Ndababonye Jean Pierre Alias Kazehe, icyaha cyo kwica bidaturutse ku bushake, abana 10 barohamye muri Nyabarongo mu Murenge wa Mushishiro.
Ndababonye yakatiwe gufungwa umwaka umwe no kwishyura!-->!-->!-->!-->!-->…
DR Congo: Ubwato butwaye abagera kuri 300 bwarohamye mu mugezi wa Lukeni
Abategetsi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo baracyashakisha abarokotse nyuma yuko ubwato butwaye abantu bagera hafi kuri 300 burohamye mu ntara ya Mai-Ndombe mu burengerazuba bw'igihugu.
Umubare watanzwe n'abategetsi ni!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi Rihanna ari mu byishimo byinshi nyuma yo kwibaruka ubuheta.
Umuhanzikazi Robyn Rihanna Fenty wamamaye mu muziki ku izina rya Rihanna n’umugabo we ASAP Rocky bibarutse umwana wabo wa kabiri w’umukobwa.
Amakuru yashyizwe hanze nibinyamakuru bitandukanye avuga ko uyu muhanzikazi ukomoka. uri!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwateye inda uwo yigisha n’abamufashije mu mugambi wo kuyikuramo bakatiwe gufungwa by’agateganyo
Abakozi bane b’Ikigo cy’Amashuri cya Sainte Trinité de Nyanza, bakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe bategereje kuburanishwa mu mizi ku byaha bakurikiranyweho bifitanye isano n’umwarimu bikekwa ko yateye inda umunyeshuri.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Inzara iravuza ubuhuha ku buryo hari abaturage batangiye gusuhuka
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyanza baravuga ko inzara ibamereye nabi ku buryo hari abatangiye gusuhukira muri bimwe mu bihugu by'ibituranyi.
Hari abaturage bo mu Karere ka Nyanza biganje muri imwe mu mirenge ituriye igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Meya yasabye abagore kuba umusemburo w’iterambere, anabizeza telefone kugira ngo…
Ibi umuyobozi wa karere ka Bugesera Bwana Mutabazi Richard yabigarutseho kuri uyu wa gatatu tariki 2 Kanama 2023 mu nzu mberabyombi ya Sunrise guest house iherereye mu Murenge wa Nyamata mu nteko rusange y'inama y'igihugu y'abagore ku!-->!-->!-->…
Byari amarira n’agahinda mu gusezera bwa nyuma Junior Multisystem
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu nibwo nyakwigendera Junior Multisystem yasezeweho bwa nyuma mu muhango waranzwe n'agahinda avanze n'amarira.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 2 Nyakanga 2023 ahagana saa kumi nibwo inshuti,!-->!-->!-->…
Minisitiri w’intebe wa Canada yatandukanye n’umugore we bari bamaranye imyaka 18
Minisitiri w'intebe wa Canada Justin Trudeau n'umugore we Sophie batandukanye nyuma y'imyaka 18 bari bamaranye mu rushako, nyuma yo kugirana "ibiganiro bifite ireme kandi bigoye".
Bombi bavuze ko bazaguma ari "umuryango wa hafi!-->!-->!-->!-->!-->…